07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bye, ariko amaraso ye ni wowe nzayabaza. Ariko nuburira umunyabyaha ngo ahindukire ave<br />

mu nzira ye, <strong>na</strong>dahindukira ngo ave mu nzira ye, azapfa azize ibyaha bye, ariko weho, uzaba<br />

ukijije ubugingo bwawe.” 641<br />

Inzitizi ikomeye <strong>ku</strong> kwemera no <strong>ku</strong> kwamamaza u<strong>ku</strong>ri ni iy’uko bizamo ingorane no<br />

<strong>ku</strong>rwanywa. Iyi ni yo ngingo yonyine irwanya u<strong>ku</strong>ri abagushyigikiye batigeze bashobora<br />

<strong>ku</strong>vuguruza. Ariko ibyo ntibitinyisha abayoboke nya<strong>ku</strong>ri ba Kristo. Ntabwo bategereza ko<br />

u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>banza kwakirwa <strong>na</strong> benshi. Kubera ko baba bazi neza inshingano yabo, bemera<br />

kwikorera umusaraba <strong>ku</strong> bushake bwabo nk’uko intumwa Pawulo abo<strong>na</strong> ko “<strong>ku</strong>babazwa<br />

kwacu kw’igihwayihwayi kw’akanya ka none kwiyongeranya <strong>ku</strong>turemera ubwiza bw’iteka<br />

ryose bukomeye;” kandi nk’uko umu<strong>ku</strong>rambere wa kera “yatekereje yuko gutukwa bamuhora<br />

Kristo, ari ubutunzi buruta ubwo Abanyegiputa babitse bwose.” 642<br />

Uko baba bizera kose, abarangamiye iby’isi bonyine ni bo bakora ba<strong>ku</strong>rikije amategeko<br />

ngengamikorere aho gu<strong>ku</strong>rikiza ihame mu by’idini. Dukwiriye guhitamo u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>ko ari u<strong>ku</strong>ri<br />

maze ingaruka zabyo tukaziharira Ima<strong>na</strong>. Abatuye isi bakeneye ivugururwa rikomeye<br />

rikozwe n’abantu bagendera <strong>ku</strong> mahame, bafite kwizera n’ubutwari. Bene abo ni bo bagomba<br />

gukora umurimo w’ubugorozi ukenewe muri iki gihe.<br />

Uwiteka aravuga ati: “Nimunyumve, yemwe abazi gukiranuka, ishyanga rifite amategeko<br />

yanjye mu mitima yabo, ntimugatinye gutukwa n’abantu, kandi ntimugahagarikwe imitima<br />

n’ibitutsi byabo, <strong>ku</strong>ko inyenzi zizabarya nk’uko zirya imyambaro, n’umuranda uzabarya<br />

nk’uko urya ubwoya bw’intama; ariko gukiranuka kwanjye <strong>ku</strong>zahoraho ibihe byose.” 643<br />

338

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!