07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Muri iki gihe nk’uko byagenze mu myaka ya kera, kwigisha u<strong>ku</strong>ri gucyaha ibyaha<br />

n’ubuyobe byo muri iki gihe bizabyutsa <strong>ku</strong>rwanywa. “Kuko umuntu wese ukora ibibi yanga<br />

umucyo, kandi ntaza mu mucyo, ngo ibyo akora bitamenyeka<strong>na</strong>.” 638 Iyo abantu babonye ko<br />

batabasha gushyigikira u<strong>ku</strong>ri kwabo bakoresheje Ibyanditswe Byera, benshi biyemeza<br />

<strong>ku</strong>gushyigikiza amagambo gusa, kandi <strong>ku</strong>bw’umwuka w’ubugome, bibasira imico<br />

n’imigambi by’abashyigikiye u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>temerwa <strong>na</strong> benshi. Iyo ni yo gahunda yagiye<br />

i<strong>ku</strong>rikizwa mu bihe byose. Eliya yavuzweho ko yateje ibyago Isirayeli, Yeremiya yagizwe<br />

umugambanyi, Pawulo yarezwe ko yahumanyije urusengero. Guhera icyo gihe <strong>ku</strong>geza ubu,<br />

abantu bagiye baba indahemuka <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri, bagiye barwanywa bakitwa abashukanyi, abayobe,<br />

cyangwa abateza amaca<strong>ku</strong>biri. Imbaga y’abantu bi<strong>na</strong>ngiye <strong>ku</strong> buryo badashobora kwemera<br />

ijambo ry’ubuhanuzi, bazemera badashidikanya ikirego kizashyirwa <strong>ku</strong> batinyuka gucyaha<br />

ibyaha bikorwa muri iki gihe. Uwo mwuka uzagenda urushaho kwiyongera. Na Bibiliya<br />

yigisha yeruye ko igihe kiri hafi ubwo amategeko y’igihugu azarwa<strong>na</strong> n’amategeko y’Ima<strong>na</strong><br />

<strong>ku</strong> buryo umuntu wese uzumvira amategeko yose y’Ima<strong>na</strong> azamaganwa kandi agahabwa<br />

ibihano nk’inkozi y’ibibi.<br />

Mu gihe ibintu bimeze bityo, inshingano y’umubwirizabutumwa ni iyihe? Mbese azafata<br />

umwanzuro ko u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dakwiriye <strong>ku</strong>vugwa bitewe n’uko akenshi ingaruka u<strong>ku</strong>ri gutera ari<br />

ugukangurira abantu kwima amatwi cyangwa <strong>ku</strong>rwanya ibyo <strong>ku</strong>vuga? Oya, nta mpamvu<br />

umuvugabutumwa afite zo guhisha ubuhamya bw’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bitewe n’uko ngo byateza<br />

abantu guhaguruka bakaburwanya nk’uko abagorozi ba mbere <strong>na</strong> bo batagize izo mpamvu.<br />

Ubuhamya bwo kwizera bwatanzwe n’intungane n’abishwe bazira ukwizera kwabo<br />

bwanditswe <strong>ku</strong>bw’inyungu z’ab’ibise<strong>ku</strong>ru byagiye bi<strong>ku</strong>rikiraho. Izo ngero nzima<br />

z’ubutungane n’ubudahemuka bushikamye zatangiwe <strong>ku</strong>gira ngo zitere ubutwari<br />

abahamagariwe guhaguruka bagahamya Ima<strong>na</strong> muri iki gihe. Bahawe ubuntu n’u<strong>ku</strong>ri,<br />

batabiherewe <strong>ku</strong>bigira ibyabo bwite, ahubwo ari u<strong>ku</strong>gira ngo, binyuze <strong>ku</strong>ri bo, <strong>ku</strong>menya<br />

Ima<strong>na</strong> bibashe <strong>ku</strong>murikira isi. Mbese Ima<strong>na</strong> yahaye umucyo abagaragu bayo bo muri iki gihe?<br />

Nuko rero bakwiriye <strong>ku</strong>wumurikishiriza abatuye isi.<br />

Mu bihe bya kera Ima<strong>na</strong> yabwiye umuvugizi wayo iti: “Ariko ab’inzu ya Isirayeli<br />

ntibaza<strong>ku</strong>mvira, <strong>ku</strong>ko <strong>na</strong>njye banga <strong>ku</strong>nyumvira.” Nubwo bimeze bityo yaravuze iti: “Maze<br />

uzababwira amagambo yanjye, nubwo bazumva <strong>na</strong>ho bata<strong>ku</strong>mva, <strong>ku</strong>ko ari abagome<br />

bikabije.” 639 Iri tegeko rihabwa umugaragu w’Ima<strong>na</strong> muri iki gihe ngo: “Shyira ejuru uvuge<br />

cyane, we <strong>ku</strong>gerura; rangurura ijwi ryawe, ubwire ubwoko bwanjye ibicumuro byabwo,<br />

ubwire inzu ya Yakobo ibyaha byabo.” 640<br />

Mu bushobozi bwose yaba yarahawe, umuntu wese wakiriye umucyo w’u<strong>ku</strong>ri, afite iyo<br />

nshingano ikomeye nk’iyo umuhanuzi wo mu Bisirayeli yari afite, wa wundi ijambo<br />

ry’Uwiteka ryajeho rivuga riti: “Nuko rero, mwa<strong>na</strong> w’umuntu, <strong>na</strong>gushyiriyeho <strong>ku</strong>ba umurinzi<br />

w’umuryango wa Isirayeli, nuko wumve ijambo riva mu kanwa kanjye, ubanyiha<strong>na</strong>ngiririze.<br />

Nimbwira umunyabyaha nti: ‘Wa munyabyaha we, gupfa ko uzapfa’, maze <strong>na</strong>we ntugire icyo<br />

uvuga cyo <strong>ku</strong>burira umunyabyaha ngo ave mu nzira ye, uwo munyabyaha azapfa azize ibyaha<br />

337

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!