07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong> buryo bigera aho bisa n’ibitabashobokera ko bakorwa <strong>ku</strong> mutima n’u<strong>ku</strong>ri kw’ingenzi<br />

<strong>ku</strong>vugwa n’ubuhanuzi.<br />

Kubwiriza iby’igihe nta<strong>ku</strong>ka cy’itangira ry’urubanza mu gihe ubutumwa bwa marayika<br />

wa mbere bwigishwaga byari byarategetswe n’Ima<strong>na</strong>. Kubara ibihe by’ubuhanuzi ubwo<br />

butumwa bwari bushingiyeho maze iherezo ry’iminsi 2300 rigashyirwa mu muhindo<br />

w’umwaka wa 1844, byari u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dakemangwa. Umuhati wahoraga ukoreshwa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

hashakwe andi matariki mashya y’itangira n’irangira ry’ibihe by’ubuhanuzi, ndetse<br />

n’intekerezo zidatunganye zakoreshwaga mu gushyigikira uko abantu batekerezaga, ntabwo<br />

ibyo byateshuye abantu <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri kw’icyo gihe gusa, ahubwo bya<strong>na</strong>teye kwinubira umwete<br />

wose wakoreshwaga mu gusobanura ubuhanuzi. Uko akenshi abantu barushaho gushyiraho<br />

umunsi ntarengwa wo <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu, n’uko iyo n<strong>ku</strong>ru irushaho kwigishwa hose, ni ko<br />

ibyo birushaho guhuza n’imigambi ya Satani. Iyo igihe cyari cyavuzwe gihise, Umushukanyi<br />

akoza isoni kandi agasuzuguza abamamazaga iby’icyo gihe, kandi agashyira umugayo <strong>ku</strong><br />

ikangura ry’ivugabutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo ryabayeho mu myaka ya 1843 <strong>na</strong> 1844.<br />

Amaherezo abakomeza kwizirika muri ubwo buyobe bazongera gushyiraho indi tariki yo<br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo mu gihe kizaza ariko cya <strong>ku</strong>re. Bizabatera guturiza mu kwibeshya ko<br />

bafite umutekano kandi benshi bazabo<strong>na</strong> barakerewe ko bashutswe.<br />

Amateka y’Abisirayeli ba kera ni urugero rukomeye rw’ibyabaye <strong>ku</strong> Badiventisiti mu gihe<br />

cyashize. Ima<strong>na</strong> yayoboye ubwoko bwayo mu murimo wo <strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa bwo<br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Yesu Kristo nk’uko yayoboye Aba<strong>na</strong> ba Isirayeli ibava<strong>na</strong> mu Misiri. Mu<br />

mubabaro ukomeye, ukwizera kwabo kwageragejwe nk’uko ukw’Abaheburayo<br />

kwageragerejwe <strong>ku</strong> Nyanja Itu<strong>ku</strong>ra. Iyo bakomeza kwiringira u<strong>ku</strong>boko kwari kwaragiye<br />

<strong>ku</strong>bayobora mu byagiye bibabaho, baba barabonye agakiza k’Ima<strong>na</strong>. Iyaba abafatanyije mu<br />

murimo wakozwe mu mwaka wa 1884 bari barakiriye ubutumwa bwa marayika wa gatatu<br />

kandi bakabwamamazanya imbaraga ya Mwuka Muziranenge, Uwiteka aba yarakoreye<br />

bikomeye mu mwete bakora<strong>na</strong>ga. Umucyo mwinshi cyane uba wararasiye isi. Abatuye isi<br />

baba baramaze <strong>ku</strong>burirwa mu myaka myinshi ishize, umurimo uheruka uba wararangiye<br />

kandi <strong>na</strong> Kristo aba yaramaze <strong>ku</strong>za gutwara ubwoko bwe.<br />

Ntabwo byari ubushake bw’Ima<strong>na</strong> ko Abisirayeli bazerera mu butayu imyaka 40;<br />

yashakaga <strong>ku</strong>bayobora mu nzira itaziguye bagahita bagera i Ka<strong>na</strong>ni maze ikahabatuza<br />

nk’abantu batunganye kandi banezerewe. Ariko “ntibashoboye kwinjiramo <strong>ku</strong>ko batizeye.”<br />

637 Kubw’ubuhakanyi bwabo no gusubira inyuma kwabo barimbukiye mu butayu, havuka<br />

abandi aba ari bo binjira mu Gihugu cy’Isezerano. Mu buryo nk’ubwo, ntabwo byari ubushake<br />

bw’Ima<strong>na</strong> ko <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo gutinda bene aka kageni ngo abantu bayo bagume muri<br />

iyi si y’icyaha n’agahinda imyaka myinshi inga<strong>na</strong> itya. Nyamara <strong>ku</strong>tizera kwabatandukanyije<br />

n’Ima<strong>na</strong>. Ubwo bangaga gukora umurimo Ima<strong>na</strong> yabashinze, abandi barahagurukijwe <strong>ku</strong>gira<br />

ngo bamamaze ubwo butumwa. Kubera imbabazi Ima<strong>na</strong> ifitiye abatuye isi, Yesu atinze<br />

<strong>ku</strong>garuka <strong>ku</strong>gira ngo abanyabyaha babone uburyo bwo <strong>ku</strong>mva ubutumwa bw’imbuzi kandi<br />

bamuhungiremo umujinya w’Ima<strong>na</strong> ugiye <strong>ku</strong>zasukwa.<br />

336

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!