07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

cy’Isabato? nyamara bake gusa bayizera nk’uko <strong>na</strong>mwe mwizera. Ntabwo byaba ari uko ari<br />

mwebwe banya<strong>ku</strong>ri maze ngo abanyabwenge bose bo <strong>ku</strong> isi babe bari mu ifuti.”<br />

Kugira ngo ingingo nk’izo zivuguruzwe, byari bikenewe <strong>ku</strong>vuga gusa inyigisho zo mu<br />

Byanditswe Byera n’amateka y’uburyo Uhoraho yakoranye n’abantu bo mu bihe byose.<br />

Ima<strong>na</strong> ikorera mu bumva kandi ba<strong>ku</strong>mvira ijwi ryayo, abantu bazavuga u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>tanezeza<br />

aba<strong>ku</strong>mva bibaye ngombwa, abantu badatinya gucyaha ibyaha byabaye rusange mu bantu.<br />

Impamvu akenshi Ima<strong>na</strong> idatoranya abanyabwenge n’abakomeye <strong>ku</strong>gira ngo abe ari bo bafata<br />

iya mbere muri gahunda z’ivurura, ni uko bishingikiriza <strong>ku</strong> mahame yabo, inyigisho zabo<br />

n’amadini yabo mu by’iyobokama<strong>na</strong>, kandi ba<strong>ku</strong>mva badakeneye kwigishwa ibyerekeye<br />

Ima<strong>na</strong>. Abantu bafitanye umubano wihariye <strong>na</strong> Soko y’ubwenge ni bo gusa bashobora<br />

gusobanukirwa cyangwa gusobanura Ibyanditswe Byera. Rimwe <strong>na</strong> rimwe abantu bize<br />

amashuri adahambaye ni bo bahamagarirwa kwamamaza u<strong>ku</strong>ri, atari uko batize cyane,<br />

ahubwo bitewe n’uko batumva bihagije cyane <strong>ku</strong> buryo batakwigishwa n’Ima<strong>na</strong>. Bigira mu<br />

ishuri rya Kristo, bityo kwicisha bugufi no <strong>ku</strong>mvira kwabo bikabahindura abantu bakomeye.<br />

Iyo Ima<strong>na</strong> ibamenyesheje u<strong>ku</strong>ri kwayo, ibaha icyubahiro maze wakigereranya n’icy’isi itanga<br />

ndetse no gukomera by’abantu, ibi bikaba ubusa.<br />

Umubare munini w’Abadiventisiti birengagije u<strong>ku</strong>ri kwerekeye ubuturo bwera<br />

n’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, kandi benshi baretse kwizera kwabo mu byerekeranye n’ubutumwa<br />

bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bityo bemera ibitekerezo bidatunganye kandi biteza amakimbirane<br />

byerekeye ubuhanuzi bureba<strong>na</strong> n’uwo murimo. Byatumye bamwe bagwa mu ifuti ryo<br />

gushyiraho igihe nta<strong>ku</strong>ka cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Umucyo urasira ingingo yerekeye<br />

ubuturo bwera ni wo wagombaga <strong>ku</strong>bereka ko nta gihe cy’ubuhanuzi kigenda kikageza <strong>ku</strong><br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo; kandi umunsi ntarengwa wo <strong>ku</strong>garuka kwe utigeze uvugwa mu<br />

buhanuzi. Ariko bamaze <strong>ku</strong>reka uwo mucyo, bakomeje <strong>ku</strong>jya batangaza igihe umunsi<br />

Umwami azaziraho, bityo inshuro nyinshi bakajya babura ibyo bari biteze.<br />

Ubwo ab’itorero ry’i Tesaloniki bakiraga inyigisho z’ibinyoma <strong>ku</strong> byerekeye <strong>ku</strong>garuka<br />

kwa Kristo, intumwa Pawulo yabagiriye i<strong>na</strong>ma yo <strong>ku</strong>banza <strong>ku</strong>genzura<strong>na</strong> ubwitonzi<br />

ibyiringiro byabo n’ibyo barangamiye bakoresheje ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Yababwiye ubuhanuzi<br />

bubahishurira ibintu bikwiriye <strong>ku</strong>zabanza gusohora mbere y’uko Kristo agaruka, kandi<br />

byereka<strong>na</strong> ko nta shingiro bafite ryo kwitega <strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> aje mu gihe cyabo. Yababuriye<br />

ababwira ati: “Ntihakagire umuntu uboshya uburyo bwose.” 636 Iyo bakomeza kwitega ibintu<br />

bidashyigikiwe n’Ibyanditswe Byera, bari <strong>ku</strong>ba bishoye mu nzira itari iy’u<strong>ku</strong>ri; <strong>ku</strong>bura ibyo<br />

bari biteze byari <strong>ku</strong>ba<strong>ku</strong>rurira <strong>ku</strong>girwa urw’amenyo n’abatizera, kandi bari <strong>ku</strong>ba mu kaga ko<br />

gucika intege bityo bakajya mu kigeragezo cyo gushidikanya u<strong>ku</strong>ri agakiza kabo<br />

gashingiyeho. Umuburo intumwa Pawulo abwira Abanyatesaloniki urimo icyigisho<br />

cy’ingenzi <strong>ku</strong> bantu bo mu minsi y’imperuka. Abadiventisiti benshi bumvise ko badashobora<br />

<strong>ku</strong>gira ishyaka n’umwete mu murimo wo kwitegura ngo keretse gusa babashije gushingira<br />

ukwizera kwabo <strong>ku</strong> gihe nda<strong>ku</strong>ka cyo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza. Ariko uko ibyiringiro byabo<br />

bigenda bikangurwa, biga<strong>na</strong> <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>rimbuka gusa, ni ko ukwizera kwabo <strong>na</strong> ko guhungaba<strong>na</strong><br />

335

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!