07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igihe u<strong>ku</strong>ri kw’Isabato kwashyirwaga <strong>ku</strong> mugaragaro, abantu benshi batanze ibitekerezo<br />

byabo bashingiye <strong>ku</strong> myumvire y’ab’isi. Baravuze bati: “Igihe cyose tumaze twubahirizaga<br />

umunsi wa mbere (icyumweru), ndetse <strong>na</strong> basogo<strong>ku</strong>ruza bacu ni wo bubahirizaga, kandi<br />

abantu beza b’inyangamugayo mu idini, bapfuye bafite ibyishimo kandi bawubahiriza. Niba<br />

bari bafite u<strong>ku</strong>ri, <strong>na</strong>twe turagufite. Kubahiriza iyo Sabato nshya, byazatujugunya hanze<br />

ntitugendane n’ab’isi, bityo ntitube hari impinduka twabagiraho. Ni iki itsinda ry’abantu bake<br />

bubahiriza umunsi wa karindwi ryageraho ugereranyije n’abatuye isi bose bubahiriza umunsi<br />

wa mbere w’icyumweru?” Urwitwazo nk’urwo ni rwo Abayahudi batangaga <strong>ku</strong>gira ngo<br />

berekane impamvu yo kwanga Kristo. Ba se<strong>ku</strong>ruza bari baragiye bemerwa n’Ima<strong>na</strong> binyuze<br />

mu gutanga amaturo y’ibitambo, none se <strong>ku</strong>ki aba<strong>na</strong> babo batashoboraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> agakiza<br />

ba<strong>ku</strong>rikije iyo nzira ya ba se<strong>ku</strong>ruza? Muri ubwo buryo, mu gihe cya Luteri, ubupapa<br />

bwavugaga ko Abakristo nya<strong>ku</strong>ri bapfuye bafite imyizerere y’idini Gatolika, bityo bakavuga<br />

ko iryo dini rihagije <strong>ku</strong>gira ngo umuntu abone agakiza. Imitekerereze nk’iyo igaragara ko ari<br />

inzitizi ikomeye y’iterambere mu myizerere mu by’itorero cyangwa se mu mikorere.<br />

Abantu benshi batanze impamvu z’uko <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru ari<br />

ihame ryashinze imizi ndetse bikaba n’umugenzo w’itorero wakwiriye hose mu myaka<br />

amaga<strong>na</strong> menshi. Ibihabanye n’iki gitekerezo ni uko byagaragajwe ko Isabato ndetse no<br />

<strong>ku</strong>yubahiriza ari ibya kera cyane kandi byamamaye ndetse binganya ubu<strong>ku</strong>ru n’isi ubwayo,<br />

kandi ko byemerwa n’Ima<strong>na</strong> n’abamarayika. Igihe imfatiro z’isi zashyirwagaho, igihe<br />

inyenyeri zo mu ruturutura zaririmbaga, aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> baranguruye ijwi ry’ibyishimo, ubwo<br />

ni bwo urufatiro rw’Isabato rwashinzwe. 635 Dukwiriye <strong>ku</strong>bahiriza iyi Sabato; ntabwo<br />

yashyizweho n’ububasha bw’umuntu kandi ntishingiye <strong>ku</strong> migenzo y’abantu. Yashyizweho<br />

n’Umu<strong>ku</strong>ru Nyiribihe byose kandi itegekwa n’ijambo rye rihoraho.<br />

Ubwo abantu bakangurirwaga ingingo y’ivugurura ryerekeye Isabato,<br />

ababwirizabutumwa b’ibirangirire bagoretse ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, bagatanga ubusobanuro<br />

bw’ibyo iryo jambo rihamya baganisha <strong>ku</strong> gucubya ibibazo bajyaga <strong>ku</strong>bazwa. Bityo<br />

abatarisomeraga Ibyanditswe Byera bashimishwaga no kwemera imyanzuro ihuje n’ibyifuzo<br />

byabo. Kubera ibitekerezo batangaga, ubucurabwenge n’imigenzo by’abapadiri ndetse<br />

n’ububasha bw’itorero, byatumye abantu benshi bashishikarira gutsemba u<strong>ku</strong>ri.<br />

Abaharaniraga <strong>ku</strong>vuga u<strong>ku</strong>ri bo bihutiraga gushakashaka muri Bibiliya zabo <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bashyigikire u<strong>ku</strong>ri kw’itegeko rya kane. Abantu boroheje, bitwaje u<strong>ku</strong>ri kw’ijambo ry’Ima<strong>na</strong><br />

gusa nk’intwaro yabo, bahanganye n’ibitero by’abanyabwenge baje gutungurwa kandi bagira<br />

umujinya babonye <strong>ku</strong>ba intyoza kwabo <strong>ku</strong>baye ubusa imbere y’abo bantu boroheje, bafite<br />

imitekerereze idakebakeba bari barirunduriye mu Byanditswe Byera <strong>ku</strong>ruta inyigisho<br />

z’urujijo zigishirizwaga mu mashuri.<br />

Kubera <strong>ku</strong>bura igihamya cyo muri Bibiliya gishyigikira uruhande rwabo, benshi bibagiwe<br />

ko imitekerereze imeze nk’iyabo yakoreshejwe n’abantu barwanyaga Yesu n’intumwa maze<br />

bakomeza kwi<strong>na</strong>ngira bavuga bati: “Kuki abakomeye muri twe badasobanukiwe n’ikibazo<br />

334

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!