07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

itsinda ry’abibwira ko ari intungane kandi bagasa n’abagaragaza gushishikarira umurimo<br />

w’Ima<strong>na</strong>. Nyamara gucyaha gukomeye k’Urondora imitima <strong>ku</strong>garagaza ko baribata<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Bityo rero, umuhanuzi agaragaza itegeko ryirengagijwe agira ati: “Uzongera gushinga<br />

imfatiro zariho <strong>ku</strong> ngoma nyinshi; kandi uzitwa Uwica icyuho kandi Usibura inzira zijya mu<br />

ngo. Nuhindukira ntukandagire Isabato, ukanga gukora ibyo wishakiye <strong>ku</strong> munsi wanjye<br />

wera, ahubwo ukita Isabato umunezero, umunsi wera w’Uwiteka ukawita uw’icyubahiro,<br />

ukawubaha, ntube icyigenge, ntiwishakire ibyo kwinezeza, ntiwivugire ibyo ushaka <strong>ku</strong><br />

bwawe, nuko uzishimira Uwiteka.” (Yesaya 58:12-14). Ubu buhanuzi burerekeza no <strong>ku</strong> gihe<br />

cyacu. Icyuho cyaciwe mu mategeko y’Ima<strong>na</strong> igihe Isabato yahindurwaga n’ububasha<br />

bw’ubutegetsi bw’i Roma. Ariko igihe cyarageze <strong>ku</strong>gira ngo itegeko ryatanzwe n’ijuru<br />

risubire mu mwanya waryo. Icyuho kigomba gusanwa kandi imfatiro zariho <strong>ku</strong> ngoma nyinshi<br />

<strong>na</strong> zo zigomba <strong>ku</strong>zamurwa zi<strong>ku</strong>bakwa.<br />

Isabato yubahishijwe n’uko Umuremyi yayiruhutseho kandi ayiha umugisha, bityo<br />

Adamu <strong>na</strong>we yubahirizaga Isabato muri Edeni itunganye <strong>na</strong>we akiri intungane. Adamu kandi<br />

yakomeje <strong>ku</strong>bahiriza Isabato ubwo yari amaze gucumura akirukanwa muri Edeni yari<br />

imunejeje nyamara nyuma y’aho akiha<strong>na</strong>. Isabato yubahirijwe n’aba<strong>ku</strong>rambere bose uhereye<br />

<strong>ku</strong>ri Abeli ukageza <strong>ku</strong> mukiranutsi Nowa, <strong>ku</strong>ri Aburahamu no <strong>ku</strong>ri Yakobo. Igihe ubwoko<br />

bwatoranyijwe bwari buri mu bubata mu gihugu cya Misiri, buri hagati mu muco wari uganje<br />

wo gusenga ibigirwama<strong>na</strong>, benshi muri bo batakaje <strong>ku</strong>menya amategeko y’Ima<strong>na</strong>; ariko ubwo<br />

Ima<strong>na</strong> yabaturaga Isirayeli, mu buryo bukomeye, yatangarije amategeko yayo iryo teraniro<br />

rinini <strong>ku</strong>gira ngo babashe <strong>ku</strong>menya ubushake bwayo, kandi bayitinye (bayubahe) ndetse<br />

bayumvire iteka ryose.<br />

Guhera icyo gihe <strong>ku</strong>geza ubu <strong>ku</strong>menya amategeko y’Ima<strong>na</strong> byagiye birindwa bikomeza<br />

<strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong> isi, kandi Isabato yo mu itegeko rya kane yagiye yubahirizwa. Nubwo wa<br />

“munyabugome” yageze <strong>ku</strong> mugambi we wo <strong>ku</strong>ribatira itegeko ryera ry’Ima<strong>na</strong> munsi<br />

y’ibirenge bye, no muri cya gihe cy’ububasha bwe bukomeye, hariho abantu b’indahemuka<br />

bubahiririzaga Isabato mu rwiherero. Kuva mu gihe cy’ubugorozi, muri buri gise<strong>ku</strong>ru hagiye<br />

habaho abantu bamwe bakomezaga <strong>ku</strong>yubahiriza. No mu bihe byinshi byo gukwenwa<br />

n’itotezwa, hakomeje gutangwa ubuhamya bugaragaza ko amategeko y’Ima<strong>na</strong> ahoraho ibihe<br />

byose, kandi bukereka<strong>na</strong> n’inshingano yihariye yo <strong>ku</strong>bahiriza Isabato yashyizweho mu irema.<br />

Uko <strong>ku</strong>ri nk’uko <strong>ku</strong>garagarira mu Byahishuwe 14, gufatanye “n’ubutumwa bwiza<br />

bw’iteka ryose,” kandi <strong>ku</strong>zereka<strong>na</strong> itorero rya Kristo igihe azagarukira. Bityo, nk’ingaruka<br />

y’ubutumwa bw’abamarayika batatu havugwa aya magambo ngo: “Aba ni aba<strong>ku</strong>rikiza<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi bakizera Yesu.” Ubu nibwo butumwa buheruka bugomba <strong>ku</strong>vugwa<br />

mbere y’uko Umukiza agaruka. Umuhanuzi yabonye ko ubwo butumwa nibumara <strong>ku</strong>vugwa,<br />

uwo mwanya umwa<strong>na</strong> w’umuntu azaza mu i<strong>ku</strong>zo rye aje gusarura isi.<br />

333

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!