07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 26 – Umurimo W’Ubugorozig<br />

Umurimo w’ubugorozi <strong>ku</strong> byerekeye Isabato ugomba gukorwa mu minsi ya nyuma<br />

wavuzwe mu buhanuzi bwa Yesaya agira ati: “Uwiteka aravuga ati: ‘Mwitondere iby’u<strong>ku</strong>ri,<br />

mukore ibyo gukiranuka; <strong>ku</strong>ko agakiza kanjye kari hafi, no gukiranuka kwanjye <strong>ku</strong>giye<br />

guhishurwa. Hahirwa umuntu ukora ibyo, n’umwa<strong>na</strong> w’umuntu ubikomeza, akeza Isabato,<br />

ntayice, akarinda u<strong>ku</strong>boko kwe ngo <strong>ku</strong>dakora icyaha cyose.” “Kandi abanyamahanga<br />

bahakwa <strong>ku</strong> Uwiteka bakamukorera ba<strong>ku</strong>nze izi<strong>na</strong> rye, bakaba abagaragu be, umuntu wese<br />

akeza Isabato ntayice, agakomeza isezerano ryanjye, abo <strong>na</strong> bo nzabageza <strong>ku</strong> musozi wanjye<br />

wera, mbanezereze mu nzu yanjye y’urusengero.” 634<br />

Aya magambo yerekeye ibihe bya Gikristo nk’uko bigaragarira mu buryo yavuzwemo:<br />

“Umwami Ima<strong>na</strong> ikoranya ibicibwa bya Isirayeli iravuze iti: ‘Nzongera <strong>ku</strong>mukoraniriza<br />

abandi, udashyizeho abe bakoranijwe.” (Yesaya 56:8). Ibyo byerekezaga <strong>ku</strong> butumwa bwiza<br />

bwa Kristo buzakoranyiriza hamwe abanyamahanga. Kandi abubahirizaga Isabato icyo gihe<br />

basezeraniwe guhabwa umugisha. Bityo rero, icyo itegeko rya kane risaba gihera mbere yo<br />

<strong>ku</strong>bambwa, <strong>ku</strong>zuka no <strong>ku</strong>zamurwa mu ijuru kwa Kristo mu ijuru, kikageza no muri cya gihe<br />

abayoboke be bazaba bamamaza in<strong>ku</strong>ru y’ubutumwa bwiza mu mahanga yose.<br />

Na none kandi Uhoraho atanga itegeko akoresheje umuhanuzi Yesaya ati: “Bumba<br />

ibihamya, amategeko uyafatanishe ikimenyetso mu bigishwa banjye.” (Yesaya 8:16).<br />

Ikimenyetso cy’amategeko y’Ima<strong>na</strong> kiboneka mu itegeko rya kane. Mu mategeko cumi yose,<br />

irya kane ryonyine ni ryo rigaragaza izi<strong>na</strong> n’icyubahiro cy’Uwatanze amategeko. Iri tegeko<br />

rivuga ko ari Umuremyi w’ijuru n’isi, kandi <strong>ku</strong> bw’ibyo rikereka<strong>na</strong> ko ari yo yonyine ikwiriye<br />

<strong>ku</strong>bahwa i<strong>ku</strong>zo no <strong>ku</strong>ramywa ikarutishwa ibindi byose. Uretse iri tegeko, nta kindi kintu kiri<br />

mu mategeko cumi y’Ima<strong>na</strong> cyereka<strong>na</strong> ububasha bw’Uwatanze ayo mategeko. Igihe Isabato<br />

yahindurwaga n’ubutegetsi bwa papa, amategeko yari a<strong>ku</strong>wemo ikimenyetso cy’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abigishwa ba Kristo bararikirwa gusubizaho icyo kimenyetso bagarura Isabato ivugwa mu<br />

itegeko rya kane mu mwanya wayo utunganye nk’urwibutso rw’Umuremyi n’ikimenyetso<br />

cy’ububasha bwe.<br />

“Nimusange amategeko y’Ima<strong>na</strong> n’ibiyihamya!” Mu gihe amahame n’inyigisho<br />

bivuguruzanya bibaye byinshi, amategeko y’Ima<strong>na</strong> ni yo cyitegererezo kitibeshya kigomba<br />

gusuzumirwaho ibitekerezo byose, inyigisho n’amahame. Umuhanuzi aravuga ati:<br />

“Nibatavuga ibihwanye n’iryo jambo nta museke uzabatambikira.” (Yesaya 8:20).<br />

Itegeko ryongera gutangwa rivuga riti: “Shyira ejuru uvuge cyane, we <strong>ku</strong>gerura; rangurura<br />

ijwi ryawe nk’ikondera, ubwire ubwoko bwanjye ibicumuro byabwo, ubwire inzu ya Yakobo<br />

ibyaha byabo.” Ntabwo habwirwa abanyabibi bari <strong>ku</strong> isi, ahubwo ba bandi Uwiteka yita<br />

“Ubwoko bwe,” ni bo bagomba gucyahwa <strong>ku</strong>bera ibicumuro byabo. Yakomeje avuga ati:<br />

“Icyakora banshaka uko bukeye bishimira <strong>ku</strong>menya inzira zanjye; nk’ishyanga ryakoraga<br />

ibyo gukiranuka, ntirireke amategeko y’Ima<strong>na</strong> yabo.” (Yesaya 58:1, 2). Aha hagaragazwa<br />

332

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!