07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

barafatanyaga n’itorero, bakomeje gusenga ibigirwama<strong>na</strong>, icyo bakoze gusa ni uko ibyo<br />

basengaga babihinduyemo amashusho ya Yesu, aya Mariya ndetse n’ay’abatagatifu.<br />

Umusemburo mubi wo gusenga ibigirwama<strong>na</strong> wari winjiye mu itorero utyo wakomeje<br />

umurimo wawo wo <strong>ku</strong>ryanginza. Amahame ayobya, imihango ya gipagani ndetse n’imigenzo<br />

yo gusenga ibigirwama<strong>na</strong> byinjijwe mu myizerere no mu <strong>ku</strong>ramya kwaryo. Uko abayoboke<br />

ba Kristo bifatanyaga n’abasenga ibigirwama<strong>na</strong> ni ko imyizerere ya gikristo yononekaraga<br />

maze itorero ritakaza ukwera kwaryo n’ubushobozi bwaryo. Icyakora hari bamwe batigeze<br />

bayobywa n’ubwo buhendanyi. Bakomeje <strong>ku</strong>yoboka Ima<strong>na</strong> Nyir’u<strong>ku</strong>ri bayibera indahemuka<br />

kandi aba ari yo baramya yonyine.<br />

Mu bihe byose, abantu bavuga ko ari abayoboke ba Kristo bagiye baba mu matsinda abiri.<br />

Mu gihe abo mu itsinda rimwe biga iby’imibereho y’Umukiza maze bagaharanira <strong>ku</strong>gorora<br />

ibyabo bidatunganye no gu<strong>ku</strong>rikiza uwo Mukiza bafataho icyitegererezo, abo mu rindi tsinda<br />

bo birengagiza u<strong>ku</strong>ri gusobanutse kandi gufatika gutuma ibicumuro byabo bijya ahagaragara.<br />

No mu gihe itorero ryabaga ritari mu karengane, ntabwo abarigize bose babaga ari abanya<strong>ku</strong>ri,<br />

intungane cyangwa indahemuka.<br />

Umukiza wacu yigishije ko abirundumurira mu cyaha babigambiriye badakwiriye<br />

kwemererwa kwinjira mu itorero, nyamara we ubwe yiyegerezaga abantu bafite inenge mu<br />

mico yabo akabaha umwanya wo kwiga inyigisho ze no <strong>ku</strong>mureberaho <strong>ku</strong>gira ngo babone<br />

amakosa yabo kandi bayakosore. Mu ntumwa cumi n’ebyiri ze harimo umugambanyi. Yuda<br />

yemerewe <strong>ku</strong>ba umwe mu ntumwa bidatewe n’inenge zarangwaga mu mico ye, ahubwo<br />

yemerewe bitewe nuko izo nenge zirengagijwe. Yegerejwe abigishwa <strong>ku</strong>gira ngo yigire imico<br />

ya gikristo nya<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong> nyigisho za Kristo no <strong>ku</strong> rugero rwe, bityo abashishwe <strong>ku</strong>menya<br />

ibicumuro bye, <strong>ku</strong>byiha<strong>na</strong> no kwejesha umutima we “Kumvira u<strong>ku</strong>ri” afashijwe n’ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong>. Nyamara Yuda yanze <strong>ku</strong>gendera mu mucyo yahawe <strong>ku</strong> buntu. Kwirundumurira<br />

mu cyaha byamuteye kwi<strong>ku</strong>rurira ibigeragezo bya Satani. Ingeso mbi zarangwaga mu mico<br />

ye zageze aho zisigara zimwitegekera. Yeguriye intekerezo ze gutegekwa n’imbaraga<br />

z’umwijima, akarakazwa n’uko bamucyashye <strong>ku</strong>bera ibyaha bye, bityo ibyo bimugeza <strong>ku</strong><br />

gukora icyaha cy’ubugome cyo <strong>ku</strong>gambanira Umwigisha we. Uko rero ni ko abagundira ibibi<br />

kandi bavuga ko ari intungane banga abababuza amahoro bacira iteka imigenzereze yabo<br />

y’icyaha. Iyo babonye uburyo, <strong>na</strong> bo bagambanira abashatse <strong>ku</strong>bereka ibyiza bari bakwiriye<br />

gukora nk’uko Yuda yabigenje.<br />

Intumwa za Yesu zabanye mu itorero n’abameze batyo bavugaga ko bagendera mu<br />

bushake bw’Ima<strong>na</strong> nyamara <strong>ku</strong> rundi ruhande bi<strong>ku</strong>ndiye kwibera mu byaha rwihishwa.<br />

A<strong>na</strong>niya <strong>na</strong> Safira babaye ababeshyi, berekanye ko batuye Ima<strong>na</strong> ituro rishyitse nyamara<br />

bafite umugabane bizigamiye <strong>ku</strong>bwo gu<strong>ku</strong>nda ibintu. Mwuka w’Ima<strong>na</strong> yahishuriye intumwa<br />

imico nyayo y’abo banyabinyoma, maze urubanza yabaciriye rukiza itorero icyo kizinga kibi<br />

cyanduje kwera kwaryo. Icyo gihamya cy’uko itorero rifite Mwuka wa Kristo umenya byose<br />

cyateye ubwoba abari indyarya n’inkozi z’ibibi. Ntibari bagishoboye <strong>ku</strong>guma<strong>na</strong> n’abari<br />

bamenyereye kandi biteguye guhora ari abavugizi ba Kristo. Bityo, igihe ibigeragezo<br />

26

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!