07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

rya kane rivuga maze bagahitamo <strong>ku</strong>bahiriza Isabato y’ikinyoma mu cyimbo cy’Isabato<br />

nya<strong>ku</strong>ri, baba baha icyubahiro buriya butware bwahinduye Isabato. Ariko mu gikorwa cyo<br />

guhatira abantu inshingano mu by’idini bikozwe n’ubutegetsi bw’isi, amatorero ubwayo<br />

azakora igishushanyo cy’inyamaswa; bityo rero, guhatira abantu <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi wa<br />

mbere w’icyumweru muri <strong>Leta</strong> Zunze ubumwe za Amerika bizaba ari uguhatira abantu<br />

<strong>ku</strong>ramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo.<br />

Ariko Abakristo bo mu bihe byashize, bubahirizaga umunsi wa mbere w’icyumweru<br />

bibwira ko bubahiriza Isabato ivugwa <strong>na</strong> Bibiliya. Kandi n’ubu mu matorero yose ndetse no<br />

mu itorero Gatolika y’i Roma, harimo Abakristo nya<strong>ku</strong>ri bizera rwose batigiza nka<strong>na</strong> ko<br />

Umunsi wa mbere w’icyumweru ari wo Sabato yashyizweho n’Ima<strong>na</strong>. Ima<strong>na</strong> yemera ibyo<br />

bakora nta buryarya ndetse no <strong>ku</strong>ba indahemuka kwabo imbere yayo. Ariko ubwo itegeko<br />

rizahatira abantu <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi wa mbere, kandi abantu bose bakazamurikirwa <strong>ku</strong><br />

byerekeye <strong>ku</strong>bahiriza Isabato nya<strong>ku</strong>ri, icyo gihe umuntu wese uzica itegeko ry’Ima<strong>na</strong><br />

a<strong>ku</strong>mvira itegeko ryashyizweho <strong>na</strong> Roma, azaba ahaye i<strong>ku</strong>zo ubupapa <strong>ku</strong>burutisha Ima<strong>na</strong>.<br />

Aba aha icyubahiro Roma n’ubutegetsi bushimangira umunsi w’ikiruhuko watoranyijwe <strong>na</strong><br />

yo. Aba aramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo. Igihe abantu banga Isabato Ima<strong>na</strong> yavuze<br />

ko ari ikimenyetso cy’ububasha bwayo maze mu mwanya wayo ba<strong>ku</strong>bahiriza umunsi Roma<br />

yihiteyemo ngo ube ikimenyetso cyo gukomera kwayo, baba bemeye ikimenyetso<br />

cy’icyubahiro bahaye Roma - “ikimenyetso cy’inyamaswa.” Igihe rero iyo ngingo<br />

isobanuriwe neza imbere y’abantu maze bagahitamo <strong>ku</strong>mvira hagati y’amategeko y’Ima<strong>na</strong><br />

n’ay’abantu, abakomeza <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong> bazashyirwaho “ikimenyetso cy’inyamaswa.”<br />

Umuburo uteye ubwoba cyane wigeze ubwirwa abantu uboneka mu butumwa bwa<br />

marayika wa gatatu. Uvuga ko ari icyaha gikomeye cyane <strong>ku</strong>ko kizatuma abantu<br />

bamanukirwa n’umujinya w’Ima<strong>na</strong> utazaba uvanzemo imbabazi haba <strong>na</strong> mba. Ntabwo abantu<br />

bakwiriye <strong>ku</strong>ba mu mwijima batazi ibyerekeye iki ngingo y’ingenzi. Ubutumwa bw’imbuzi<br />

buburira abantu kwirinda iki cyaha bugomba <strong>ku</strong>bwirwa abatuye isi mbere y’uko bagerwaho<br />

n’urubanza rw’Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>gira ngo abantu bose babashe <strong>ku</strong>menya impamvu bagomba<br />

<strong>ku</strong>babazwa maze babone amahirwe yo guhunga ngo bakire iteka ry’Ima<strong>na</strong>. Ubuhanuzi<br />

buvuga ko marayika wa mbere abwira ubutumwa bwe “abari mu isi, bo mu mahanga yose<br />

n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.” Ubutumwa bw’imbuzi bwa marayika wa<br />

gatatu, bugize umugabane umwe wa bwa butumwa butatu, bugomba gusakazwa hose.<br />

Ubuhanuzi bugaragaza ko ubu butumwa buvuganwa ijwi rirenga, bukavugwa n’umumarayika<br />

ugurukira <strong>ku</strong>re mu kirere cy’ijuru; kandi buzatera abatuye isi <strong>ku</strong>bwitaho.<br />

Muri urwo rugamba Abakristo bose bazagabanywamo amatsinda abiri akomeye: Itsinda<br />

ry’aba<strong>ku</strong>rikiza amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi bakizera Yesu, n’irindi tsinda ry’abaramya<br />

inyamaswa n’igishushanyo cyayo bagashyirwaho ikimenyetso cyayo. Nubwo itorero <strong>na</strong> <strong>Leta</strong><br />

bizahuriza hamwe imbaraga <strong>ku</strong>gira ngo bahatire “abantu bose, aboroheje n’abakomeye,<br />

n’abatunzi n’abakene, n’ab’umudendezo n’imbata, gushyirwaho “ikimenyetso<br />

cy’inyamaswa,” nyamara ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bwo ntibuzacyakira. Umuhanuzi wo <strong>ku</strong> kirwa<br />

330

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!