07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

w’icyumweru, cyangwa ngo habe hari amabwiriza areba<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wa mbere.’<br />

626<br />

Undi yaravuze ati: “Kugeza igihe cy’urupfu rwa Kristo, nta mpinduka zerekeye umunsi<br />

zigeze zibaho;” kandi “nk’uko ibyanditswe bibyereka<strong>na</strong>, ntabwo intumwa za Kristo zigeze<br />

zitanga itegeko ryo <strong>ku</strong>reka Isabato yo <strong>ku</strong> munsi wa karindwi ngo abantu bajye bayubahiriza<br />

<strong>ku</strong> munsi wa mbere w’icyumweru.” 627<br />

Abayoboke b’itorero Gatolika ry’i Roma bemera ko guhindura Isabato byakozwe n’itorero<br />

ryabo, kandi bagahamya ko Abaporotesitanti bemera ububasha bw’itorero Gatolika binyuze<br />

mu <strong>ku</strong>bahiriza munsi wa mbere w’icyumweru. Muri Gatigisimu y’itorero Gatorika ivuga<br />

iby’Idini rya Gikristo , 628 ubwo hasubizwaga ikibazo cyerekeye umunsi ugomba<br />

<strong>ku</strong>bahirizwa mu rwego rwo <strong>ku</strong>mvira itegeko rya kane, havuzwe amagambo a<strong>ku</strong>rikira: “Mu<br />

gihe cy’amategeko ya kera, umunsi wa karindwi629 ni wo munsi wejejwe; ariko itorero,<br />

ribwirijwe <strong>na</strong> Yesu Kristo, kandi riyobowe <strong>na</strong> Mwuka Muziranenge, umunsi wa karindwi<br />

ryawusimbuje umunsi wa mbere w’icyumweru; bityo ubu turuhuka <strong>ku</strong> munsi wa mbere mu<br />

cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ubu umunsi wa mbere usobanura umunsi w’Umwami”<br />

Nk’ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero Gatolika, abanditsi babo baravuga bati:<br />

“igikorwa cyo guhindura Isabato igashyirwa <strong>ku</strong> munsi wa mbere w’icyumweru, ni igikorwa<br />

cyemewe n’Abaporotesitanti; . . . <strong>ku</strong>bera mu gihe bizihiza <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> cyumweru, baba<br />

bemera ububasha itorero Gatolika rifite bwo gutoranya (kweza) iminsi mi<strong>ku</strong>ru, ndetse no<br />

<strong>ku</strong>yibahatira <strong>ku</strong>geza ubwo bibagusha mu cyaha.” 630 Guhindura Isabato se ni iki kindi kitari<br />

ikimenyetso cy’ububasha bw’itorero ry’i Roma; ari cyo “kimenyetso cy’inyamaswa”?<br />

<strong>Itorero</strong> ry’i Roma ntiryaretse ibyo ryigamba ko rifite isumbwe; kandi igihe isi n’amatorero<br />

y’Abaporotesitanti yemeye Isabato yashyizweho n’itorero Gatolika ry’i Roma bakareka<br />

Isabato yemewe <strong>na</strong> Bibiliya, ubwo baba bemeye uko kwishyira hejuru kwaryo. Baba bemeye<br />

ububasha bw’imigenzo n’ubw’abapadiri mu <strong>ku</strong>gira impinduka ru<strong>na</strong>ka; nyamara iyo bakoze<br />

batyo, baba birengagije ihame ribatandukanya <strong>na</strong> Roma. Iryo hame ni irivuga ko “Bibiliya,<br />

kandi Bibiliya yonyine, ari yo dini ry’Abaporotesitanti.” Roma ibo<strong>na</strong> ko Abaporotesitanti<br />

bishuka maze <strong>ku</strong> bushake bwabo bagahuma amaso yabo ntibarebe ibikorwa bigaragara. Uko<br />

gahunda yo gushimangira umunsi wa mbere igenda irushaho kwakirwa neza, ni ko Roma<br />

yishima, <strong>ku</strong>ko igira icyizere cy’uko amaherezo iyo gahunda izatuma Abaporotesitanti bose<br />

bajya munsi y’ubutware bwa Roma. Umusenyeri umwe w’umufaransa yemeza ko gukomeza<br />

icyumweru kw’Abaprotestanti, umunsi wa mbere ari u<strong>ku</strong>ramya ububasha bw’itorero<br />

Gatolika.<br />

Abayobozi bo mu itorero Gatolika ry’i Roma bavuga ko “<strong>ku</strong>ba Abaporotesitanti<br />

bubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni icyubahiro baba bahaye ubutware bw’<strong>Itorero</strong><br />

Gatolika ntabwo ari bo ubwabo baba biyubashye.” 631 Ku ruhande rw’amatorero<br />

y’Abaporotesitanti, guhatira abantu <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru, ni<br />

u<strong>ku</strong>bahatira <strong>ku</strong>ramya ubupapa (<strong>ku</strong>ramya inyamaswa). Abantu basobanukirwa ibyo itegeko<br />

329

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!