07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

butegetsi bwayahinduye. Igikorwa nk’icyo cyo <strong>ku</strong>mvira amategeko y’ubupapa kizaba ari<br />

ikimenyetso cy’isumbwe rihawe Papa mu cyimbo cy’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ubupapa bwagerageje guhindura amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Itegeko rya kabiri ribuzanya<br />

<strong>ku</strong>ramya ibishushanyo, rya<strong>ku</strong>we mu mategeko y’Ima<strong>na</strong>, kandi n’itegeko rya kane <strong>na</strong> ryo<br />

ryarahinduwe <strong>ku</strong>gira ngo hemerwe <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru nk’Isabato mu<br />

cyimbo cy’umunsi wa karindwi. Ariko impamvu yo gu<strong>ku</strong>raho itegeko rya kabiri abashyigikira<br />

inyigisho z’ubupapa batanga ni uko ngo iryo tegeko atari ngombwa ko ribaho, ko ri<strong>ku</strong>biye<br />

mu rya mbere, kandi bakavuga ko bigisha amategeko y’Ima<strong>na</strong> nk’uko Ima<strong>na</strong> ubwayo yagenye<br />

ko yumvika<strong>na</strong>. Kuri bo, bavuga ko iryo hinduka atari ryo ryavuzwe n’umuhanuzi. Uguhindura<br />

amategeko bigambiriwe byavuzwe muri aya magambo: “Azigira i<strong>na</strong>ma zo guhindura ibihe<br />

n’amategeko.” Impinduka zakozwe <strong>ku</strong> itegeko rya kane zisohoza ryose ibyo ubuhanuzi<br />

buvuga. Ibyo byakozwe n’ububasha bumwe ari bwo bw’itorero. Aha rero ububasha<br />

bw’ubupapa ubwabwo bwishyize hejuru y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> mugaragaro.<br />

Mu gihe abaramya Ima<strong>na</strong> bazagaragazwa by’umwihariko n’agaciro baha itegeko rya kane,<br />

(<strong>ku</strong>ko iri tegeko ari ryo kimenyetso cy’ububasha bw’Ima<strong>na</strong> bwo <strong>ku</strong>rema ndetse rikaba<br />

n’igihamya cy’uko isaba umuntu <strong>ku</strong>yubaha no <strong>ku</strong>yiha i<strong>ku</strong>zo), abaramya inyamaswa <strong>na</strong>bo<br />

bazamenyekanira <strong>ku</strong> muhati wabo wo gu<strong>ku</strong>raho urwibutso rw’Ima<strong>na</strong> Umuremyi maze<br />

ba<strong>ku</strong>bahiriza gahunda yashyizweho <strong>na</strong> Roma. Mu rwego rwo gushigikira umunsi wa mbere<br />

w’icyumweru ni ho ubupapa bwahamije bwa mbere ibyo bwigamba; kandi inshuro ya mbere<br />

bwitabaje imbaraga za <strong>Leta</strong> byari uguhatira abantu <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wa mbere<br />

w’icyumweru nk’“umunsi w’Umwami.” Ariko Bibiliya yereka<strong>na</strong> ko umunsi wa karindwi ari<br />

wo munsi w’Umwami, ntabwo ivuga umunsi wa mbere. Yesu Kristo yaravuze ati: “Umwa<strong>na</strong><br />

w’umuntu ni Umwami w’Isabato <strong>na</strong> yo.” Itegeko rya kane riravuga riti: “Umunsi wa karindwi<br />

ni wo Sabato y’Uwiteka Ima<strong>na</strong> yawe.” Ubundi kandi Uwiteka avuga iby’uwo munsi<br />

akoresheje umuhanuzi Yesaya ati: “Umunsi wanjye Wera.” 624<br />

Amagambo a<strong>ku</strong>nze <strong>ku</strong>ba urwitwazo kenshi abantu bavuga ko Kristo yaba yarahinduye<br />

Isabato avuguruzwa n’ibyo we ubwe yivugiye ati: “Ntimwibwire ko <strong>na</strong>zanywe no <strong>ku</strong>va<strong>na</strong>ho<br />

Amategeko cyangwa ibyanditswe n’abahanuzi. Si<strong>na</strong>zanywe no <strong>ku</strong>biva<strong>na</strong>ho, ahubwo<br />

<strong>na</strong>zanywe no <strong>ku</strong>bisohoza. Ndababwira nkomeje ko nta kanyuguti habe n’akadomo <strong>na</strong> kamwe<br />

ko mu Mategeko kazavaho, <strong>ku</strong>geza ubwo byose bizaba birangiye, ijuru n’isi bigashira.<br />

Umuntu wese uzaca <strong>ku</strong> itegeko rimwe, <strong>na</strong>ho ryaba rito muri ayo yose, akigisha abandi<br />

<strong>ku</strong>genza nka we, azagirwa uwa nyuma mu bwami bw’ijuru. Ariko uzayumvira, akayigisha<br />

abandi, azitwa mu<strong>ku</strong>ru mu bwami bw’ijuru.” 625<br />

Abaporotesitanti muri rusange bemera neza ko Bibiliya idatanga uburenganzira bwo<br />

guhindura Isabato. Ibyo bivugwa neza mu bitabo byandikwa n’Ishyirahamwe ry’Ishuri<br />

ry’Icyumweru muri Amerika. Kimwe muri ibyo bitabo gihamya ko ‘ntacyo Isezerano Rishya<br />

rivuga <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ba hari itegeko risobanutse ryatanzwe rihindura Isabato umunsi wa mbere<br />

328

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!