07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’uko bahumeka ni ibintu byanduye rwose, ndetse buri saha ikibi cyabo gikomeye cyane ni<br />

uko bahisha u<strong>ku</strong>ri maze noneho bagapfukamira ubuhakanyi. Mbese u<strong>ku</strong> siko byagendekeye<br />

Roma? Mbese ubu ntitwongera <strong>ku</strong>baho nk’uko yabayeho? None se ibyo twiteze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ni<br />

iki? Ni indi <strong>na</strong>ma n<strong>ku</strong>ru y’igihugu! I<strong>na</strong>ma rukokoma y’isi yose! Ubufatanye mu<br />

ivugabutumwa, ndetse n’indangakwemera rusange!”621; Igihe ibi bizaba bigezweho, mu<br />

muhati wo <strong>ku</strong>gira ngo habeho ubumwe, intambwe yonyine iza<strong>ku</strong>rikiraho ni iyo gukoresha<br />

imbaraga.<br />

Igihe amatorero akomeye yo muri <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe za Amerika azahuriza hamwe <strong>ku</strong><br />

ngingo z’amahame amwe ahuriyeho, azatera <strong>Leta</strong> no gushimangira amategeko yayo ndetse<br />

no gushyigikira ibigo by’ayo matorero, icyo gihe ni bwo Amerika irangwa n’Ubuporotesitanti<br />

izaba iremye igishushanyo cy’inyamaswa, bityo ingaruka izavamo nta kabuza ni ibihano <strong>Leta</strong><br />

izahanisha abatazemera inyigisho zayo.<br />

Ya nyamaswa y’amahembe abiri “itera bose, aboroheje n’abakomeye, n’abatunzi<br />

n’abakene, n’ab’umudendezo n’ab’imbata, gushyirwaho ikimenyetso <strong>ku</strong> kiganza cy’iburyo<br />

cyangwa mu ruhanga: <strong>ku</strong>gira ngo hatagira umuntu wemererwa <strong>ku</strong>gura cyangwa gutunda,<br />

keretse afite icyo kimenyetso, cyangwa izi<strong>na</strong> rya ya nyamaswa, cyangwa umubare w’izi<strong>na</strong><br />

ryayo.” 622 Ubutumwa bw’imbuzi bwa marayika wa gatatu ni ubu ngo: “Umuntu <strong>na</strong>ramya<br />

ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo, agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe<br />

cyangwa <strong>ku</strong> kiganza, uwo ni we uzanywa <strong>ku</strong> nzoga, ni yo mujinya w’Ima<strong>na</strong>.” ‘Inyamaswa’<br />

ivugwa muri ubu butumwa kandi abantu bakayiramya babihatiwe n’inyamaswa ifite<br />

amahembe abiri, ni iya mbere cyangwa inyamaswa isa n’ingwe yo mu Byahishuwe 13, ari<br />

yo: “ubupapa.” Igishushanyo cy’iyo nyamaswa cyereka<strong>na</strong> bwa Buporotesitanti bwahakanye,<br />

buzagira imbaraga igihe amatorero y’Abaporotesitanti azitabaza ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong>gira<br />

ngo buyafashe gushimangira inyigisho zayo. Ikimenyetso cy’inyamaswa kiracyasobanurwa.<br />

Nyuma yo <strong>ku</strong>burira abantu kwirinda <strong>ku</strong>ramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo<br />

ubuhanuzi buravuga buti: “Aho ni ho kwihanga<strong>na</strong> kw’abera <strong>ku</strong>ri, bitondera amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>, kandi bakagira kwizera nk’ukwa Yesu.” Kubera ko aba<strong>ku</strong>rikiza amategeko y’Ima<strong>na</strong><br />

batandukanye n’abaramya inyamaswa n’igishushanyo cyayo kandi bagashyirwaho<br />

ikimenyetso cyayo, igi<strong>ku</strong>rikiraho ni uko gu<strong>ku</strong>rikiza amategeko y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> ruhande rumwe,<br />

no <strong>ku</strong>yica <strong>ku</strong> rundi ruhande, ari byo bizagaragaza itandukaniro hagati y’abaramya Ima<strong>na</strong><br />

n’abaramya inyamaswa.<br />

Ikiranga inyamaswa cyihariye ari <strong>na</strong> cyo kiranga igishushanyo cya yo, ni ukwica<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Umuhanuzi Daniyeli avuga iby’agahembe gato (ubupapa) muri aya<br />

magambo: “Azigira i<strong>na</strong>ma zo guhindura ibihe n’amategeko.” 623 Intumwa Pawulo yo, ubwo<br />

butegetsi yabwise ‘umunyabugome,’ wagambaga kwishyira hejuru y’Ima<strong>na</strong>. Kwishyira<br />

hejuru y’Ima<strong>na</strong> kw’ubupapa <strong>ku</strong>garagarira mu guhindura amategeko. Umuntu wese<br />

wubahiriza amategeko nk’uko yahinduwe, aba aha i<strong>ku</strong>zo n’icyubahiro gikomeye ubwo<br />

327

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!