07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>gira ngo ubwo butegetsi bwa <strong>Leta</strong> <strong>na</strong>bwo buzakoreshwe n’itorero mu gusohoza imigambi<br />

yaryo.<br />

Igihe cyose itorero ryagiye rigira ubushobozi rihawe n’ubutegetsi bw’isi, ryagiye<br />

ribukoresha <strong>ku</strong>gira ngo rihane abataravugaga rumwe n’inyigisho zaryo. Amatorero<br />

y’abaporotesitanti yageze ikirenge mu cya Roma abinyujije mu kwifatanya n’ubutegetsi<br />

bw’isi yagaragaweho icyifuzo nk’icyo cyo <strong>ku</strong>buza abantu umudendezo wo gu<strong>ku</strong>rikiza<br />

umutima<strong>na</strong>ma. Urugero rwatangwa <strong>ku</strong>ri iyi ngingo ni itoteza ryamaze igihe kirekire ryakozwe<br />

n’<strong>Itorero</strong> ry’Ubwongereza ryibasiye abataremeraga inyigisho zaryo. Mu kinyeja<strong>na</strong> cya cumi<br />

<strong>na</strong> gatandatu n’icya cumi <strong>na</strong> karindwi, ibihumbi byinshi by’abavugabutumwa batabwirizaga<br />

ibihwanye n’iby‘itorero baciwe mu matorero yabo barahunga, kandi baba abapasitoro<br />

n’abizera benshi, bajyaga bacibwa ibihano, bagafungirwa muri gereza, abandi bakicwa<br />

urw’agashinyaguro bazira imyizerere yabo.<br />

Ubuhakanyi ni bwo bwateye itorero rya mbere gushaka kwitabaza ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong>,<br />

ritegura rityo inzira yo guteza imbere ubupapa- ari bwo nyamaswa. Intumwa Pawulo yaravuze<br />

ati: “Aho” hazaba igihe cyo kwimura Ima<strong>na</strong>, kandi urya munyabugome azahishurwa.” 617<br />

Uko ni ko mu itorero ubuhakanyi buzategurira inzira igishushanyo cy’inyamaswa.<br />

Bibiliya ivuga ko mbere y’uko Yesu Kristo agaruka, hazabaho gusubira inyuma mu<br />

by’idini nk’ukwabayeho mu binyeja<strong>na</strong> bya mbere. “Umenye yuko mu minsi y’imperuka<br />

hazaza ibihe birushya. Kuko abantu bazaba bi<strong>ku</strong>nda, ba<strong>ku</strong>nda impiya, birarira, bibo<strong>na</strong><br />

batuka<strong>na</strong> batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, bada<strong>ku</strong>nda n’ababo, batuzura,<br />

babeshyera<strong>na</strong>, batirinda, bagira urugomo, bada<strong>ku</strong>nda ibyiza, bagamba<strong>na</strong>, ibyigenge,<br />

bikakaza, ba<strong>ku</strong>nda ibibanezeza aho gu<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong>, bafite ishusho yo kwera, ariko bahaka<strong>na</strong><br />

imbaraga zako.” 618 “Ariko Umwuka avuga yeruye ati: ‘Mu bihe bizaza bamwe bazagwa<br />

bave mu byizerwa, bite <strong>ku</strong> myuka iyobya n’inyigisho z’abadayimoni.” 619 Satani azakoresha<br />

“imbaraga zose n’ibimenyetso n’ibitangaza by’ibinyoma, n’ubuhenzi bwose bwo<br />

gukiranirwa.” Kandi abantu bose “banze gu<strong>ku</strong>nda u<strong>ku</strong>ri ngo bakizwe,” bazarekwa ngo bemere<br />

“ubushukanyi bukomeye cyane ngo bizere ibinyoma.” 620 Igihe uru rwego rwo gukiranirwa<br />

ruzaba rumaze <strong>ku</strong>gerwaho, ingaruka nk’izabaye mu binyeja<strong>na</strong> bya mbere ziza<strong>ku</strong>rikiraho.<br />

Abantu benshi bafata ko imyizerere y’amaharakwinshi irangwa mu matorero<br />

y’Abaporotesitanti ari igihamya kidasubirwaho cy’uko nta mbaraga zakoreshwa ngo higere<br />

habaho guhuza mu myizerere. Ariko mu myaka myinshi yashize mu matorero<br />

y’Abaporotesitanti hagiye habaho igitekerezo gikomeye kandi cyagendaga gi<strong>ku</strong>ra cy’uko<br />

habaho ubumwe bushingiye <strong>ku</strong> ngingo zimwe z’imyizerere ahuriyeho. Kugira ngo ubwo<br />

bumwe bugerweho, impaka zerekeye inyigisho zimwe batemeranyaho, uko byagenda kose<br />

zigomba <strong>ku</strong>rekwa -uko mu buryo bukomeye bwose zaba zishingiye <strong>ku</strong> byo Bibiliya ivuga.<br />

Uwitwa Charles Beecher mu kibwirizwa cye cyo mu mwaka wa 1846, yaravuze ati:<br />

“Abayobozi bo mu matorero y’ivugabutumwa y’Abaporotesitanti ntibashyirwaho mu rwego<br />

rw’igitugu gikaze gishingiye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>bahisha umuntu gusa, ahubwo uko babaho, uko bagenda<br />

326

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!