07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

yacyo ndetse n’imyanzuro y’ubucamanza bwacyo. Kubw’uko <strong>ku</strong>vuga rero, icyo gihugu<br />

kizavuguruza ayo mahame yo kwishyira ukiza<strong>na</strong> n’amahoro cyari cyaragaragaje ko ari yo<br />

rufatiro rw’imitegekere yacyo. Ibyo ubuhanuzi buvuga ngo “izavuga nk’ikiyoka”, kandi<br />

‘igategekesha ububasha bwose bwa ya nyamaswa ya mbere,’ bigaragaza ukwiyongera<br />

k’umwuka wo <strong>ku</strong>tihanganira<strong>na</strong> ndetse no gutoteza waragagajwe n’ubutegetsi<br />

byagereranyijwe n’ikiyoka n’inyamaswa isa n’ingwe. Kandi amagambo avuga ngo<br />

“inyamaswa y’amahembe abiri ihatira isi n’abayirimo ngo baramye ya nyamaswa ya mbere”<br />

yereka<strong>na</strong> ko ububasha bw’icyo gihugu bugomba gukoreshwa mu guhatira abantu <strong>ku</strong>gira<br />

bimwe bubahiriza kandi ibyo bizaba igikorwa cyo guhesha ubupapa icyubahiro.<br />

Icyo gikorwa kigomba <strong>ku</strong>ba gihabanye rwose n’amahame y’iki gihugu, gihabanye<br />

n’umudendezo, Itangazwa ry’ubwigenge ndetse n’Itegeko nshinga. Mu buryo bwuzuye<br />

ubwenge, abashinze iki gihugu bashakaga kwirinda gukoresha ubutegetsi bw’iby’isi <strong>ku</strong><br />

rugande rw’itorero, ndetse banirinda ingaruka zabyo zitabura <strong>ku</strong>baho ari zo <strong>ku</strong>tihanganira<strong>na</strong><br />

n’itoteza. Itegeko-nshinga rivuga ko “I<strong>na</strong>ma N<strong>ku</strong>ru y’igihugu itazigera ishyiraho itegeko<br />

ryerekeye ishingwa ry’idini cyangwa ribuzanya umudendezo wo <strong>ku</strong>yoboka idini.” Rivuga<br />

kandi ko ‘nta genzura mu by’idini rizigera risabwa ngo ribe icyangombwa gisabwa kigomba<br />

<strong>ku</strong>zuzwa ngo umuntu ahabwe umwanya mu butegetsi muri <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe za Amerika.”<br />

Ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong> bushobora guhatira abantu <strong>ku</strong>bahiriza iby’idini ibyo ari byo byose, igihe<br />

gusa habayeho <strong>ku</strong>renga <strong>ku</strong>ri ayo mabwiriza arengera umudendezo w’igihugu. Ariko<br />

uguhuzagurika mu gikorwa nk’icyo biri nk’uko bigaragazwa mu gishushanyo cyakoreshejwe.<br />

Inyamaswa ifite amahembe nk’ay’umwa<strong>na</strong> w’intama (yigamba ubutungane, <strong>ku</strong>gwa neza no<br />

<strong>ku</strong>ba inyamahoro) ni yo ivuga nk’ikiyoka.<br />

“Ibabwira <strong>ku</strong>rema igishushanyo cya ya nyamaswa.” Aha hagaragazwa neza ubutegetsi aho<br />

abaturage bafite ububasha mu gushyiraho amategeko, ibyo bikaba ari igihamya<br />

kidashidikanywaho cy’uko <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe za Amerika ari cyo gihugu cyavuzwe mu<br />

buhanuzi.<br />

Ariko se “igishushanyo cy’inyamaswa” ni iki? kandi kiremwa gite? Iyo shusho<br />

n’inyamaswa iremwa <strong>na</strong> ya nyamaswa y’amahembe abiri, kandi ikaba isa <strong>na</strong> yo. Na none<br />

kandi yitwa igishushanyo cyayo. Bityo rero <strong>ku</strong>gira ngo tumenye uko icyo gishushanyo kimeze<br />

ndetse n’uko cyakozwe, tugomba <strong>ku</strong>banza kwiga ibiranga inyamaswa ubwayo - Ubupapa.<br />

Igihe itorero rya mbere ryatakazaga ubutungane bwaryo <strong>ku</strong>bwo gutandukira rikareka<br />

ukwiyoroshya kwigishwa n’ubutumwa bwiza ndetse no kwemera imigenzo n’imihango ya<br />

gipagani, ryatakaje Mwuka Muziranenge n’imbaraga y’Ima<strong>na</strong>; maze <strong>ku</strong>gira ngo ribashe<br />

<strong>ku</strong>genzura intekerezo z’abantu, ryashatse gushyigikirwa n’ubutegetsi bwa <strong>Leta</strong>. Ingaruka<br />

yabaye <strong>ku</strong>baho k’ubupapa, ari ryo torero ryagenzuraga ubutegetsi bw’igihugu kandi<br />

rikabukoresha mu gushaka <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> migambi yaryo ariko by’umwihariko mu guha<strong>na</strong><br />

abahaka<strong>na</strong>ga ububasha n’amategeko byaryo. Kugira ngo <strong>Leta</strong> Zunze Ubumwe za Amerika<br />

zireme igishushanyo cy’inyamaswa, ubutegetsi mu by’idini bugomba <strong>ku</strong>genga ubwa <strong>Leta</strong><br />

325

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!