07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mu buryo bukomeye, kandi nta kindi cyashyizweho cyigisha u<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri. Urufatiro nya<strong>ku</strong>ri rwo<br />

gusenga Ima<strong>na</strong> ntirushingiye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ramya <strong>ku</strong> munsi wa karindwi gusa, ahubwo mu <strong>ku</strong>ramya<br />

kose, uko <strong>ku</strong>ramya gushingiye <strong>ku</strong> itandukaniro riri hagati y’Umuremyi n’ibiremwa bye. Uko<br />

<strong>ku</strong>ri gukomeye ntigushobora guta agaciro cyangwa ngo kwibagirane <strong>na</strong> hato. 610 Ima<strong>na</strong><br />

yatangije Isabato muri Edeni ari u<strong>ku</strong>gira ngo u<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri gukomeze <strong>ku</strong>ba mu bwenge bw’abantu;<br />

kandi igihe cyose igihamya cy’uko ari yo Muremyi gikomeje <strong>ku</strong>ba impamvu y’uko dukwiriye<br />

<strong>ku</strong>yiramya, ni ko Isabato izahora ari ikimenyetso n’urwibutso rw’uko Ima<strong>na</strong> ari Umuremyi.<br />

Iyo Isabato iza <strong>ku</strong>ba yarubahirijwe n’abantu bo <strong>ku</strong> isi yose, ibitekerezo by’abantu n’uru<strong>ku</strong>ndo<br />

rwabo biba byarerekejwe <strong>ku</strong> Muremyi akaba ari we wubahwa kandi agasengwa. Ntabwo haba<br />

harabayeho umuntu usenga ibigirwama<strong>na</strong>, uhaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong> n’utizera. Kubahiriza Isabato ni<br />

ikimenyetso cyo <strong>ku</strong>yoboka Ima<strong>na</strong> nya<strong>ku</strong>ri, ‘Yo yaremye ijuru n’isi n’inyanja n’amasoko<br />

y’amazi.” Igi<strong>ku</strong>rikiraho ni uko ubutumwa butegeka abantu <strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong> no gu<strong>ku</strong>rikiza<br />

amategeko yayo, mu buryo bw’umwihariko, buzabahamagarira gu<strong>ku</strong>rikiza itegeko rya kane.<br />

Mu buryo butandukanye n’aba<strong>ku</strong>rikiza amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi bakizera Yesu,<br />

marayika wa gatatu avuga <strong>ku</strong> rindi tsinda rifite ubuyobe bwatumye rihabwa umuburo<br />

ukomeye kandi uteye ubwoba muri aya magambo: “Umuntu <strong>na</strong>ramya ya nyamaswa<br />

n’igishushanyo cyayo, agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe cyangwa <strong>ku</strong><br />

kiganza, uwo ni we uzanywa <strong>ku</strong> nzoga ni yo mujinya w’Ima<strong>na</strong>.” (Ibyahishuwe 14:9,10).<br />

Ubusobanuro nya<strong>ku</strong>ri bw’ibi bimenyetso byakoreshejwe burakenewe cyane <strong>ku</strong>gira ngo ubu<br />

butumwa bwumvikane. Inyamaswa isobanura iki ? igishushanyo n’ikimenyetso se byo ni iki<br />

?<br />

Umurongo w’ubuhanuzi ibi bimenyetso bibonekamo uri mu Byahishuwe 12, ahavugwa<br />

ikiyoka cyashakaga <strong>ku</strong>rimbura Kristo akivuka. Icyo kiyoka ni Satani (Ibyahishuwe 12 : 9), ni<br />

we wahagurukije Herode <strong>ku</strong>gira ngo yice Umukiza. Ariko umukozi mu<strong>ku</strong>ru wa Satani mu<br />

<strong>ku</strong>rwanya Kristo n’abe wabayeho mu kinyeja<strong>na</strong> cya mbere mu gihe cya Gikristo, ni ingoma<br />

y’Abaroma yarangwaga n’idini ya gipagani. Bityo rero, mu gihe <strong>ku</strong> i<strong>ku</strong>bitiro ikiyoka<br />

gihagarariye Satani, mu busobanuro bwa kabiri, icyo kiyoka ni ikimenyetso gihagarariye<br />

Roma ya gipagani.<br />

Mu gice cya 13 cy’Ibyahishuwe (umurongo wa 1 — 10) havugwa indi nyamaswa, ‘isa<br />

n’ingwe,’ ikiyoka cyayihaye ‘imbaraga zacyo, n’intebe yacyo y’Ubwami, n’ububasha<br />

bukomeye.” Iki kimenyetso nk’uko Abaporotesitanti benshi babyizera, cyereka<strong>na</strong> Ubupapa,<br />

<strong>ku</strong>ko ari bwo bwasimbuye ingoma ya kera y’Abaroma bugafata ubutware n’intebe<br />

n’ububasha byari bifitwe n’ubwo bwami. Inyamaswa isa n’ingwe yavuzweho ibi ngo:<br />

“Ihabwa akanwa kavuga ibikomeye, n’ibyo gutuka Ima<strong>na</strong>. . . . Ibumburira akanwa kayo<br />

gutuka Ima<strong>na</strong> no gutuka izi<strong>na</strong> ryayo n’ihema ryayo, n’ababa mu ijuru. Ihabwa <strong>ku</strong>rwanya abera<br />

no <strong>ku</strong>banesha, ihabwa no gutwara imiryango yose n’amoko yose n’indimi zose n’amahanga<br />

yose.” Ubu buhanuzi buri hafi guhwa<strong>na</strong> n’ibyavuzwe <strong>ku</strong> gahembe gato ko muri Daniel 7, nta<br />

gushidikanya bwerekeza <strong>ku</strong> bupapa.<br />

322

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!