07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

<strong>ku</strong>ducira urubanza,... Kudakoresha u<strong>ku</strong>ri kwanyu ni igihamya cyereka<strong>na</strong> ko turi<br />

inzirakarengane....Ndetse n’ubugome bwanyu...ntacyo buzabamarira.” Akarengane kari<br />

imbaraga ikomeye ihamagarira abandi <strong>ku</strong>basanga bakemera kwizera kwabo. Uwo<br />

warenganywaga yakomeje avuga ati: «Uko murushaho <strong>ku</strong>twica ni ko turushaho kwiyongera.<br />

Amaraso y’abakristo ameneka ni imbuto ibibwe.” 19<br />

Abantu ibihumbi byinshi barafunzwe kandi baricwa, nyamara habonekaga abandi<br />

bakabasimbura. Abarenganywaga bahorwa kwizera kwabo baboneraga uburuhukiro muri<br />

Kristo kandi yababaze nk’abatsinze. Bari bararwanye intambara nziza, bityo bagomba<br />

<strong>ku</strong>zahabwa ikamba ry’icyubahiro ubwo Kristo azaba agarutse. Imibabaro abakristo<br />

banyuzemo bihanganye yatumye barushaho kwegera<strong>na</strong> ubwabo kandi barushaho kwegera<strong>na</strong><br />

n’Umukiza wabo. Urugero rw’imibereho yabo n’ubuhamya bw’urupfu bishwe byari<br />

ibihamya bihoraho by’u<strong>ku</strong>ri, kandi aho abantu batakekaga babonye abari abayoboke ba Satani<br />

bareka <strong>ku</strong>mukorera bakayoboka Kristo.<br />

Kubw’ibyo, Satani yagize imigambi yo <strong>ku</strong>rwanya ubutegetsi bw’Ima<strong>na</strong> akoresheje<br />

gushinga ibendera rye mu itorero rya Kristo. Iyo ashobora gushuka abayoboke ba Kristo kandi<br />

akabakoresha ibitanejeje Ima<strong>na</strong> byari gutuma imbaraga zabo, kwihanganira umubabaro<br />

kwabo ndetse no gushikama kwabo bicogora maze akabagusha mu mutego bitamuruhije.<br />

Icyo gihe, ibyo umwanzi yari yara<strong>na</strong>niwe <strong>ku</strong>geraho akoresheje imbaraga, noneho yihatiye<br />

<strong>ku</strong>bigeraho akoresheje ubuca<strong>ku</strong>ra. Kurenganya abakristo byarahosheje maze bisimburwa no<br />

<strong>ku</strong>bashukashukisha <strong>ku</strong>baha ubukire bumara igihe gito ndetse n’icyubahiro cy’isi. Ibyo<br />

byatumye abasenga ibigirwama<strong>na</strong> bemera umugabane umwe w’imyizerere ya gikristo<br />

nyamara bagahinyura u<strong>ku</strong>ndi <strong>ku</strong>ri kw’ingenzi. Bavugaga ko bemera ko Kristo ari Umwa<strong>na</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> kandi ko bizera urupfu rwe n’umuzuko we, nyamara ntibigeze bemezwa ko ari<br />

abanyabyaha, kandi bumvaga badakeneye kwiha<strong>na</strong> cyangwa guhinduka mu mitima yabo.<br />

Bamaze kwiyemeza <strong>ku</strong>reka ibintu bimwe <strong>na</strong> bimwe, basabye abakristo ko <strong>na</strong>bo bakwemera<br />

<strong>ku</strong>gira ibyo bigomwa <strong>ku</strong>gira ngo bahurize hamwe mu kwizera Kristo.<br />

Icyo gihe itorero ryari riri mu kaga gateye ubwoba. Ibyo bihe byari bibi <strong>ku</strong>rusha ibyo ryari<br />

ryaranyuzemo byo gushyirwa muri gereza, kwicwa urubozo, gutwikwa, ndetse no kwicishwa<br />

inkota. Abakristo bamwe barashikamye, bavuga ko badashobora kwemera ubwumvikane<br />

bubasaba <strong>ku</strong>dohoka <strong>ku</strong> kwizera kwabo. Abandi bakristo bashyigikiye kwemera ibyo<br />

basabwaga cyangwa kwemera <strong>ku</strong>gira ibyo bahindura mu myizerere yabo <strong>ku</strong>gira ngo bihuze<br />

n’abo bari bafite ubukiristo butuzuye, bavuga ko ibyo bishobora <strong>ku</strong>babera uburyo bwo<br />

guhinduka byuzuye. Icyo gihe cyabereye abayoboke ba Kristo b’indahemuka igihe<br />

cy’umubabaro ukomeye. Satani yarimo acengera mu itorero buhoro buhoro anyuze mu<br />

kwiyoberanya kw’abo biyitaga abakristo, agambiriye kwangiza kwizera kwabo no gu<strong>ku</strong>ra<br />

intekerezo zabo <strong>ku</strong> ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri.<br />

Abakristo benshi bageze aho bemera <strong>ku</strong>dohoka <strong>ku</strong> myizerere yabo maze ubukristo bwunga<br />

ubumwe n’ubupagani. Nubwo abasengaga ibigirwama<strong>na</strong> bavugaga ko bihannye kandi bakaba<br />

25

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!