07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’isi n’inyanja n’ibirimo byose, akaruhukira <strong>ku</strong> wa karindwi: Ni cyo cyatumye Uwiteka aha<br />

umugisha umunsi w’Isabato, akaweza.” 596<br />

Mwuka w’Ima<strong>na</strong> yakoze <strong>ku</strong> mitima y’abo bigishwa b’ijambo ryayo. Baje kwemera ko bari<br />

barishe aya mategeko mu bujiji binyuze mu kwirengagiza umunsi w’ikiruhuko washyizweho<br />

n’Umuremyi. Batangira gukora ubushakashatsi <strong>ku</strong> mpamvu zitera abantu <strong>ku</strong>bahiriza umunsi<br />

wa mbere w’icyumweru mu cyimbo cy’uwa karindwi wejejwe n’Ima<strong>na</strong>. Nta gihamya<br />

bashoboraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> muri Bibiliya kigaragaza ko itegeko rya kane rya<strong>ku</strong>weho, cyangwa ko<br />

Isabato yahinduwe. Umugisha wahawe umunsi wa karindwi mbere hose ntiwigeze u<strong>ku</strong>rwaho.<br />

Bari baragiye bihatira <strong>ku</strong>menya no gukora ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka; ariko bamaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko bo<br />

ubwabo bishe itegeko ry’Ima<strong>na</strong>, agahinda kenshi <strong>ku</strong>zuye imitima yabo, maze bereka<strong>na</strong> ko<br />

bayobotse Ima<strong>na</strong> bubahiriza Isabato ya Yo yera.<br />

Hakoreshejwe imbaraga nyinshi <strong>ku</strong>gira ngo ukwizera kwabo gusenywe. Nta muntu<br />

n’umwe utarasobanukiwe ko niba ubuturo bwo mu isi bwari igicucu cyangwa igishushanyo<br />

cy’ubwo mu ijuru, amategeko yari mu isandu<strong>ku</strong> y’isezerano <strong>ku</strong> isi yari kopi y’umwimerere<br />

y’amategeko yo mu isandu<strong>ku</strong> y’isezerano yo mu ijuru; kandi ko kwemera u<strong>ku</strong>ri kwerekeye<br />

ubuturo bwera bwo mu ijuru bisaba kwemera ibyo amategeko y’Ima<strong>na</strong> avuga ndetse no<br />

<strong>ku</strong>bahiriza Isabato ivugwa mu itegeko rya kane. Aha ni ho hari hahishwe ibanga rikomeye<br />

ryo <strong>ku</strong>rwanya ugusonurwa <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> kw’Ibyanditswe Byera byagaragazaga umurimo wa<br />

Kristo mu buturo bwo mu ijuru. Abantu benshi bashatse gukinga urugi Ima<strong>na</strong> yari<br />

yarakinguye, kandi bashaka gukingura urugi Ima<strong>na</strong> yakinze. Ariko ‘wa wundi ukingura<br />

ntihagire ukinga, kandi ukinga ntihagire ukingura’ yaravuze ati: “Dore nshize imbere yawe<br />

urugi rukinguye, kandi nta muntu ushobora <strong>ku</strong>rukinga.” 597 Kristo yakinguye urugi cyangwa<br />

yatangiye umurimo mu cyumba cy’ahera cyane. Umucyo warasaga uturutse muri uwo<br />

muryango ukinguye w’ubuturo bwera bwo mu ijuru maze itegeko rya kane rigaragazwa ko<br />

riri mu mategeko ahabitswe. Icyo Ima<strong>na</strong> yashyizeho nta muntu ushobora <strong>ku</strong>gi<strong>ku</strong>raho.<br />

Abantu bari baremeye umucyo werekeye umurimo wa Kristo w’ubuhuza ndetse no<br />

guhoraho iteka kw’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, babonye ko ari ko <strong>ku</strong>ri kwavuzwe mu Byahishuwe<br />

14. Ubutumwa buri muri iki gice bugizwe n’imiburo y’uburyo butatu, igomba guteguriza<br />

abatuye <strong>ku</strong> isi umunsi ukomeye wo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Itangazo rivuga ko ‘igihe cyo gucira<br />

abantu urubanza gisohoye’, ryerekeza <strong>ku</strong> iherezo ry’umurimo Kristo akora <strong>ku</strong>bw’agakiza<br />

k’abantu. Riteguriza u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>gomba kwamamazwa <strong>ku</strong>geza igihe umurimo wa Kristo wo<br />

<strong>ku</strong>vuganira abanyabyaha uzarangirira maze akagaruka <strong>ku</strong> isi <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> ubwoko bwe aho ari<br />

ngo babane. Umurimo wo guca urubanza watangiye mu mwaka wa 1844 ugomba gukomeza<br />

<strong>ku</strong>geza ubwo abantu bose bazafatirwa umwanzuro, baba abazima n’abapfuye. Ni u<strong>ku</strong>vuga ko<br />

uzakomeza gukorwa <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo ry’igihe cy’imbabazi cyahawe umuntu. Kugira ngo<br />

abantu babashe <strong>ku</strong>ba biteguye guhagarara mu rubanza, ubwo butumwa bubategeka ‘<strong>ku</strong>baha<br />

Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>yiha i<strong>ku</strong>zo, bagasenga Iyaremye ijuru n’isi n’inyanja n’amasoko y’amazi.”<br />

Ingaruka yo kwakira ubwo butumwa yavuzwe muri aya magambo: “Aho ni ho kwiha<strong>na</strong>ga<strong>na</strong><br />

kw’abera <strong>ku</strong>ri ba<strong>ku</strong>rikiza amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi bakizera Yesu.” Kugira ngo abantu babe<br />

320

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!