07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

watanzwe ubwo Kristo yazaga ubwa mbere, kandi bakanga <strong>ku</strong>mwizera we Mukiza w’abantu,<br />

ntibashoboraga guhabwa imbabazi <strong>ku</strong> bwe. Igihe Yesu ubwo yazamukaga mu ijuru, akinjira<br />

mu buturo bwo mu ijuru <strong>ku</strong>bwo amaraso ye <strong>ku</strong>gira ngo asesekaze <strong>ku</strong> bigishwa be imigisha<br />

iva <strong>ku</strong> murimo we w’ubuhuza, Abayahudi bakomeje <strong>ku</strong>ba mu mwijima w’icuraburindi,<br />

bakomeza gutamba ibitambo byabo no gutanga amaturo bitagira umumaro. Umurimo<br />

w’ubutambyi wagiraga ibyo ushushanya wari wahagaze. Rwa rugi abantu bari basanzwe<br />

banyuramo ngo bagere <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> rwari rutagikinguye. Abayahudi bari baranze gushaka Ima<strong>na</strong><br />

banyuze mu nzira imwe ru<strong>ku</strong>mbi bashoboraga <strong>ku</strong>yiboneramo binyuze mu murimo<br />

wakorerwaga mu buturo bwo mu ijuru. Nicyo cyatumye batigeze basaba<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>. Kuri bo,<br />

urugi rwari rukinzwe. Ntibari bazi ko Kristo ari we gitambo nya<strong>ku</strong>ri kandi akaba Umuhuza<br />

wenyine imbere y’Ima<strong>na</strong>. Kubw’ibyo rero, ntibashoboraga kwakira ibyiza biva <strong>ku</strong>ri uwo<br />

murimo w’ubuhuza.<br />

Imibereho y’Abayahudi batizeraga igaragaza neza imibereho y’abatagira icyo bitaho<br />

kandi batizera bo mu bavuga ko ari Abakristo, ariko baki<strong>na</strong>ngira <strong>ku</strong> bushake bwabo<br />

badashaka <strong>ku</strong>menya umurimo w’Umutambyi wacu Mu<strong>ku</strong>ru w’umunyambabazi. Mu murimo<br />

wo mu buturo bwo <strong>ku</strong> isi, igihe umutambyi mu<strong>ku</strong>ru yinjiraga ahera cyane, Abisirayeli bose<br />

basabwaga guteranira ahazengurutse ubwo buturo maze bakicisha bugufi mu mitima imbere<br />

y’Ima<strong>na</strong> mu buryo bukomeye <strong>ku</strong>gira ngo bahabwe imbabazi z’ibyaha byabo, no <strong>ku</strong>gira ngo<br />

badacibwa mu iteraniro. Mbega u<strong>ku</strong>ntu ari ngenzi, muri iki gihe cy’umunsi nya<strong>ku</strong>ri<br />

w’Impongano, ko dukwiriye gusobanukirwa umurimo w’Umutambyi wacu Mu<strong>ku</strong>ru kandi<br />

tukamenya inshingano dusabwa gukora.<br />

Ntabwo abantu bashobora kwanga umuburo Ima<strong>na</strong> iboherereza <strong>ku</strong>bw’imbabazi zayo ngo<br />

babure guhanwa. Mu gihe cya Nowa, ubutumwa bwaturutse mu ijuru, kandi agakiza k’abantu<br />

b’icyo gihe kari gashingiye <strong>ku</strong> buryo bafashe ubwo butumwa. Kubera ko banze kwemera<br />

umuburo, Mwuka w’Ima<strong>na</strong> ya<strong>ku</strong>we <strong>ku</strong>ri abo bantu babi, maze barimburwa n’umwuzure. Mu<br />

gihe cya Aburahamu, imbabazi zahagaritse kwinginga abaturage babi bari batuye i Sodomu<br />

maze bose bakongorwa n’umuriro uvuye mu ijuru, uretse Loti n’umugore we n’abakobwa be<br />

babiri. No mu gihe cya Kristo niko byagenze. Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yabwiye Abayahudi<br />

batizeraga muri icyo gihe ati: “Dore inzu yanyu muyisigiwe ari umusaka.” 591 Urebye mu<br />

minsi iheruka, wa Munyabushobozi butagira iherezo avuga <strong>ku</strong> bantu “batemeye gu<strong>ku</strong>nda<br />

u<strong>ku</strong>ri ngo bakizwe” ati: “Ni cyo gituma Ima<strong>na</strong> izaboherereza ubushukanyi bukomeye cyane,<br />

ngo bizere ibinyoma, <strong>ku</strong>gira ngo abatizeye iby’u<strong>ku</strong>ri bose, bakishimira gukiranirwa,<br />

bacirweho iteka.” 592 Uko birengagiza inyigisho z’Ijambo ryayo, Ima<strong>na</strong> iba<strong>ku</strong>raho Mwuka<br />

wayo maze ikabarekera mu bushukanyi bi<strong>ku</strong>ndira.<br />

Nyamara Kristo aracyakorera umuntu umurimo wo <strong>ku</strong>muhuza n’Ima<strong>na</strong>, kandi umucyo<br />

uzahabwa abawushaka. Nubwo <strong>ku</strong> i<strong>ku</strong>bitiro Abadiventisiti batabashije gusobanukirwa ibyo,<br />

byaje gusobanurwa neza ubwo Ibyanditswe byera bibisobanura neza byatangiraga<br />

<strong>ku</strong>bihishurira imbere yabo.<br />

317

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!