07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

w’impongano umutambyi mu<strong>ku</strong>ru yavaga ahera, yinjiraga ahera cyane imbere y’Ima<strong>na</strong><br />

akahajya<strong>na</strong> amaraso y’igitambo gitambirwa ibyaha mu cyimbo cy’Abisirayeli bose babaga<br />

mu by’u<strong>ku</strong>ri bihanye ibyaha byabo. Bityo rero, Kristo yarangije umugabane umwe gusa<br />

w’umurimo we nk’umuvugizi wacu, kandi <strong>ku</strong>bw’amaraso ye aracyasabira abanyabyaha<br />

imbere ya Se.<br />

Ntabwo mu mwaka wa 1844 Abadiventisiti basobanukiwe neza n’iyi ngingo. Nyuma<br />

y’irangira ry’igihe bari biteze ko Umukiza yari <strong>ku</strong>ziraho, bakomeje kwizera ko <strong>ku</strong>za kwe<br />

kwegereje; bari bazi ko bageze mu gihe cy’akaga gakomeye kandi ko umurimo wa Kristo<br />

nk’umuhuza w’abantu n’Ima<strong>na</strong> wahagaze. Kuri bo babo<strong>na</strong>ga ko Bibiliya yigisha ko igihe<br />

cy’imbabazi cyahawe umuntu cyagombaga <strong>ku</strong>rangira mbere gato yo <strong>ku</strong>za k’Umukiza<br />

atungutse mu bicu. Ibyo byasaga n’u<strong>ku</strong>ri u<strong>ku</strong>rikije ibyanditswe bivuga iby’igihe abantu<br />

bazashakashaka, bagakomanga kandi bakaririra <strong>ku</strong> rugi rw’imbabazi, ariko ntibakingurirwe.<br />

Na none kandi bibazaga niba umunsi bari barategerejeho <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo waba ahubwo<br />

utarabaye itangiriro ry’icyo gihe cyagombaga <strong>ku</strong>banziriza <strong>ku</strong>garuka kwe. Ubwo bari bamaze<br />

<strong>ku</strong>vuga ubutumwa bw’imbuzi bwerekeye urubanza rwegereje, bibwiraga ko barangije<br />

umurimo bagomba gukorera abatuye isi, maze ntibaba bacyiyumvamo inshingano bafite yo<br />

<strong>ku</strong>gira ikindi bakora <strong>ku</strong>bw’agakiza k’abanyabyaha. Icyo gihe kandi amagambo y’ubwibone<br />

no gukerensa yasohokaga mu kanwa k’abatubaha Ima<strong>na</strong> yababereye nk’ikindi gihamya<br />

cy’uko Umwuka w’Ima<strong>na</strong> ya<strong>ku</strong>we mu bantu banze kwakira imbabazi zayo. Ibyo byose<br />

byabahaga gushikama mu kwizera ko igihe cy’imbabazi cyarangiye, cyangwa se, nk’uko<br />

babivugaga icyo gihe, “urugi rw’imbabazi rwari rwafunzwe.”<br />

Ariko umucyo uruseho waje <strong>ku</strong>murika <strong>ku</strong>bwo gusesengura ikibazo cyerekeye ubuturo<br />

bwera. Noneho baje <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko bari bafite u<strong>ku</strong>ri mu myizerere yabo y’uko iherezo ry’iminsi<br />

2300 (mu mwaka wa 1844) ryaranze akaga gakomeye. Nyamara nubwo byari u<strong>ku</strong>ri yuko<br />

umuryango w’ibyiringiro n’ubuntu abantu bari bamaze imyaka igihumbi <strong>na</strong> maga<strong>na</strong> i<strong>na</strong>ne<br />

banyuramo ngo begere <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> wari ukinzwe, urundi rugi rwarakinguwe kandi imbabazi<br />

z’ibyaha zahabwaga abanyabyaha binyuze mu murimo Kristo akorera ahera cyane.<br />

Umugabane umwe w’umurimo we wari umaze <strong>ku</strong>rangira, <strong>ku</strong>gira ngo u<strong>ku</strong>rikirwe n’undi. Hari<br />

hakiriho “urugi rukinguye” ryekereza mu buturo bwo mu ijuru aho Kristo yakoreraga<br />

umurimo we <strong>ku</strong>bw’umunyabyaha.<br />

Noneho habonetse ubusobanuro bw’amagambo ari mu Byahishuwe, ayo Kristo yabwiye<br />

itorero muri icyo gihe avuga ati: “Uwera kandi w’u<strong>ku</strong>ri, ufite urufunguzo rwa Dawidi,<br />

ukingura ntihagire ukinga, kandi ukinga ntihagire ukingura, aravuga aya magambo ati: ‘Nzi<br />

imirimo yawe: Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye kandi ntawe ubasha <strong>ku</strong>rukinga.<br />

590<br />

Kubwo kwizera, aba<strong>ku</strong>rikira Yesu mu murimo we w’ingenzi wo guhongerera, ni bo gusa<br />

babo<strong>na</strong> inyungu z’umurimo w’Ubuhuza Kristo akora <strong>ku</strong> bwabo, mu gihe abanga umucyo<br />

ugaragaza uyu murimo bo batagira icyo bunguka. Abayahudi banze kwakira umucyo<br />

316

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!