Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba kwemeza abatubaha Imana bose ukuri kw’imirimo yose yo kutubaha Imana bakoze batubaha Imana, n’amagambo yose akomeye abanyabyaha batubaha Imana bayitutse.” 581 Uko kuza no kuza k’Umukiza aje mu rusengero rwe, ni ibintu bibiri bitandukanye. Kuza kwa Kristo nk’Umutambyi wacu Mukuru aje ahera cyane agiye kweza ubuturo bwera, kwavuzwe muri Daniyeli 8:14; kuza k’Umwana w’umuntu aje umujyo umwe asanga wa Mukuru nyir’ibihe byose kuvugwa muri Daniyeli 7:13; ndetse no kwinjira kw’Umukiza mu rusengero rwe nk’uko byavuzwe na Malaki: ibyo byose ni ibivuga ikintu kimwe; kandi ibi na none bishushanywa no kuza k’umukwe aje mu birori by’ubukwe kwavuzwe na Kristo mu mugani w’abakobwa uri muri Matayo 25. Mu gihe cy’impeshyi n’icy’umuhindo by’umwaka wa 1844, hatanzwe ubutumwa ngo: “Umukwe araje, nimusohoke mumusanganire!” Amatsinda abiri y’abantu agereranywa n’abakobwa b’abanyabwenge n’abakobwa b’abapfu yaragaragaye. Itsinda rimwe ryari ritegerezanyije ibyishimo kugaruka k’Umukiza, kandi abo bari bariteguye kujya kumusanganira badakebakeba. Irindi tsinda ry’abantu bari barakoreshejwe n’ubwoba no kwitabira batabanje gutekereza, bari baranyuzwe n’ukuri ko mu magambo gusa nyamara nta buntu bw’Imana bafite. Mu mugani ubwo umukwe yazaga, “abari biteguye binjiranye na we mu bukwe, urugi rurakingwa.” Ukuza k’umukwe kuvugwa hano, kubaho mbere y’ubukwe nyirizina. Ubukwe bushushanya Kristo ahabwa ubwami bwe. Umurwa Wera, Yerusalemu Nshya, ari yo murwa mukuru w’ubwami, yitwa “umugeni, umugore w’Umwana w’Intama.” Marayika yabwiye Yohana ati: “Ngwino, nkwereke umugeni, umugore w’Umwana w’Intama.” Umuhanuzi aravuga ati: “Anjyana ku musozi munini kandi muremure ndi mu Mwuka, anyereka ururembo rwera Yerusalemu, rumanuka ruva mu ijuru ku Mana.” 582 Mu buryo bugaragara, umugeni ashushanya Umurwa Wera kandi abakobwa bagiye gusanganira umukwe bashushanya itorero. Mu Byahishuwe ubwoko bw’Imana buvugwa ko bwatorewe ubukwe bw’Umwana w’Intama. 583 Niba ari abatorewe ubukwe na none ntibashobora gushushanya umugeni. Nk’uko byavuzwe n’umuhanuzi Daniyeli, Kristo azahabwa “ubutware n’icyubahiro n’ubwami,” n’Umukuru nyir’ibihe byose. Azahabwa Yerusalemu nshya, umurwa mukuru w’ubwami bwe, “yatunganyijwe nk’uko umugeni arimbishirizwa umugabo we.” 584 Ubwo azaba amaze guhabwa ubwami, azagaruka mu ikuzo rye, ari Umwami w’abami, Umutware utwara abatware, aje gucungura abe “bazicarana na Aburahamu na Isaka na Yakobo,” 585 ku meza ye mu bwami bwe (Matayo 8:11; Luka 22:30), kugira ngo basangirire mu bukwe bw’Umwana w’Intama. Mu mpeshyi y’umwaka wa 1844 itangazo ngo: “Dore Umukwe araje,” ryateye abantu ibihumbi byinshi kwitega ko Umukiza agiye guhita aza. Igihe cyavuzwe kigeze, Umukwe yaraje, nyamara ntiyaje ku isi nk’uko abantu bari babyiteze, ahubwo yasanze Umukuru nyir’ibihe byose mu ijuru, ajya mu bukwe, kugira ngo ashyikirizwe ubwami bwe. “Nuko abari biteguye binjirana nawe mu bukwe, maze urugi rurakingwa.” Ntabwo abantu ubwabo bagombaga kuba mu bukwe, kuko ubwo bukwe bwabereye mu ijuru, kandi bo bakaba bari bakiri ku isi. Abayoboke ba Kristo bagomba “gutegereza shebuja, aho agarukira ava mu 314

Itorero na Leta ku Rugamba bukwe.” 586 Ariko bagomba gusobanukirwa n’umurimo we, kandi bakamukurikira kubwo kwizera mu gihe yinjira akajya imbere y’Imana. Ni muri ubwo buryo bivugwa ko binjiranye nawe mu bukwe. Mu mugani, abakobwa bari bafite amavuta mu macupa yabo ndetse n’amatara yabo, ni bo binjiye mu bukwe. Abari bazi ukuri bakuye mu Byanditswe kandi bakaba bari bafite na Mwuka ndetse n’ubuntu bw’Imana, kandi bari barategereje bihanganye, biga Bibiliya kugira ngo babone umucyo uruseho muri rya joro ryo kugeragezwa kwabo gukomeye, abo ni bo babonye ukuri kwerekeye ubuturo bwera bwo mu ijuru kandi bamenya uko Umukiza yahinduye umurimo we. Bityo kubwo kwizera bakurikiraga Umukiza mu murimo yakoreraga mu buturo bwera bwo mu ijuru. Kandi rero abantu bose bemera uko kuri binyuze mu buhamya bw’Ibyanditswe Byera, kubwo kwizera bagakurikira Kristo aho yinjira imbere y’Imana kugira ngo akore umurimo uheruka w’ubuhuza, kandi ku iherezo ryawo agahabwa ubwami bwe - abo bose bagaragazwa nk’abinjira mu bukwe. Mu mugani wanditswe muri Matayo 22, iyo shusho y’ubukwe yarakoreshejwe kandi urubanza rw’igenzura rugaragazwa neza ko rubaho mbere y’ubukwe. Mbere y’uko ubukwe butangira, Umwami yinjiye kureba abatumirwa, 587 kugira ngo arebe ko bose bambaye umwambaro w’ubukwe, umwambaro uraga imico idafite ikizinga “yameshwe kandi yejeshejwe amaraso y’Umwana w’Intama.” 588 Uwasanzwe atambaye umwambaro w’ubukwe, yajugunwe hanze; ariko abantu bose basanzwe bambaye umwambaro w’ubukwe, bemewe n’Imana kandi baboneka ko bakwiye kugira umugabane mu bwami bwayo no kwicarana nayo ku ntebe yayo y’ubwami. Uwo murimo wo kugenzura imico, wo kwemeza abiteguye ubwami bw’Imana, ni umurimo w’urubanza rw’igenzura, ari wo murimo uruheruka mu buturo bwera bwo mu ijuru. Igihe umurimo w’igenzura uzaba urangiye, ubwo imanza z’abantu bo mu bihe byose bavuze ko ari abayoboke ba Kristo zizaba zimaze gusuzumwa no gufatirwa umwanzuro, icyo gihe ni bwo igihe cy’imbabazi kizaba kirangiye, kandi urugi rw’imbabazi ruzakingwa. Bityo iyi nteruro ngufi ngo, “abari biteguye binjirana na we mu bukwe, maze urugi rurakingwa,” itwerekeza ku mu murimo uheruka w’Umukiza, ku gihe umurimo ukomeye ugendereye agakiza k’umuntu uzaba urangiye. Mu murimo wakorerwaga mu buturo bwera bwo ku isi, nk’uko twabibonye, wari ishusho y’umurimo ukorerwa mu buturo bwo mu ijuru. Igihe umutambyi mukuru yinjiraga ahera cyane ku munsi w’impongano, umurimo wakorerwaga mu cyumba cya mbere (ahera) wabaga uhagaze. Imana yari yarategetse iti: “Ntihakagire umuntu uba mu ihema ry’ibonaniro, Aroni agiye kwinjira Ahera kuhahongerera ibyaha, kugeza aho asohokeye, amaze kwihongerera n’inzu ye n’iteraniro ry’Abisirayeli ryose.” 589 Bityo, igihe Kristo yinjiraga ahera cyane agiye gukora umurimo uheruka wo guhongerera, yahagaritse icyo yakoreraga mu cyumba cya mbere. Ariko ubwo umurimo wakorerwaga mu cyumba cya mbere wahagararaga, umurimo wo mu cyumba cya kabiri waratangiye. Mu muhango wari igishushanyo, igihe ku munsi 315

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kwemeza abatubaha Ima<strong>na</strong> bose u<strong>ku</strong>ri kw’imirimo yose yo <strong>ku</strong>tubaha Ima<strong>na</strong> bakoze batubaha<br />

Ima<strong>na</strong>, n’amagambo yose akomeye abanyabyaha batubaha Ima<strong>na</strong> bayitutse.” 581 Uko <strong>ku</strong>za<br />

no <strong>ku</strong>za k’Umukiza aje mu rusengero rwe, ni ibintu bibiri bitandukanye.<br />

Kuza kwa Kristo nk’Umutambyi wacu Mu<strong>ku</strong>ru aje ahera cyane agiye kweza ubuturo<br />

bwera, kwavuzwe muri Daniyeli 8:14; <strong>ku</strong>za k’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu aje umujyo umwe asanga<br />

wa Mu<strong>ku</strong>ru nyir’ibihe byose <strong>ku</strong>vugwa muri Daniyeli 7:13; ndetse no kwinjira kw’Umukiza<br />

mu rusengero rwe nk’uko byavuzwe <strong>na</strong> Malaki: ibyo byose ni ibivuga ikintu kimwe; kandi<br />

ibi <strong>na</strong> none bishushanywa no <strong>ku</strong>za k’umukwe aje mu birori by’ubukwe kwavuzwe <strong>na</strong> Kristo<br />

mu mugani w’abakobwa uri muri Matayo 25.<br />

Mu gihe cy’impeshyi n’icy’umuhindo by’umwaka wa 1844, hatanzwe ubutumwa ngo:<br />

“Umukwe araje, nimusohoke mumusanganire!” Amatsinda abiri y’abantu agereranywa<br />

n’abakobwa b’abanyabwenge n’abakobwa b’abapfu yaragaragaye. Itsinda rimwe ryari<br />

ritegerezanyije ibyishimo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza, kandi abo bari bariteguye <strong>ku</strong>jya<br />

<strong>ku</strong>musanganira badakebakeba. Irindi tsinda ry’abantu bari barakoreshejwe n’ubwoba no<br />

kwitabira batabanje gutekereza, bari baranyuzwe n’u<strong>ku</strong>ri ko mu magambo gusa nyamara nta<br />

buntu bw’Ima<strong>na</strong> bafite. Mu mugani ubwo umukwe yazaga, “abari biteguye binjiranye <strong>na</strong> we<br />

mu bukwe, urugi rurakingwa.” U<strong>ku</strong>za k’umukwe <strong>ku</strong>vugwa hano, <strong>ku</strong>baho mbere y’ubukwe<br />

nyirizi<strong>na</strong>. Ubukwe bushushanya Kristo ahabwa ubwami bwe. Umurwa Wera, Yerusalemu<br />

Nshya, ari yo murwa mu<strong>ku</strong>ru w’ubwami, yitwa “umugeni, umugore w’Umwa<strong>na</strong> w’Intama.”<br />

Marayika yabwiye Yoha<strong>na</strong> ati: “Ngwino, nkwereke umugeni, umugore w’Umwa<strong>na</strong><br />

w’Intama.” Umuhanuzi aravuga ati: “Anjya<strong>na</strong> <strong>ku</strong> musozi munini kandi muremure ndi mu<br />

Mwuka, anyereka ururembo rwera Yerusalemu, rumanuka ruva mu ijuru <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>.” 582 Mu<br />

buryo bugaragara, umugeni ashushanya Umurwa Wera kandi abakobwa bagiye gusanganira<br />

umukwe bashushanya itorero. Mu Byahishuwe ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> buvugwa ko bwatorewe<br />

ubukwe bw’Umwa<strong>na</strong> w’Intama. 583 Niba ari abatorewe ubukwe <strong>na</strong> none ntibashobora<br />

gushushanya umugeni. Nk’uko byavuzwe n’umuhanuzi Daniyeli, Kristo azahabwa “ubutware<br />

n’icyubahiro n’ubwami,” n’Umu<strong>ku</strong>ru nyir’ibihe byose. Azahabwa Yerusalemu nshya,<br />

umurwa mu<strong>ku</strong>ru w’ubwami bwe, “yatunganyijwe nk’uko umugeni arimbishirizwa umugabo<br />

we.” 584 Ubwo azaba amaze guhabwa ubwami, azagaruka mu i<strong>ku</strong>zo rye, ari Umwami<br />

w’abami, Umutware utwara abatware, aje gucungura abe “bazicara<strong>na</strong> <strong>na</strong> Aburahamu <strong>na</strong> Isaka<br />

<strong>na</strong> Yakobo,” 585 <strong>ku</strong> meza ye mu bwami bwe (Matayo 8:11; Luka 22:30), <strong>ku</strong>gira ngo<br />

basangirire mu bukwe bw’Umwa<strong>na</strong> w’Intama.<br />

Mu mpeshyi y’umwaka wa 1844 itangazo ngo: “Dore Umukwe araje,” ryateye abantu<br />

ibihumbi byinshi kwitega ko Umukiza agiye guhita aza. Igihe cyavuzwe kigeze, Umukwe<br />

yaraje, nyamara ntiyaje <strong>ku</strong> isi nk’uko abantu bari babyiteze, ahubwo yasanze Umu<strong>ku</strong>ru<br />

nyir’ibihe byose mu ijuru, ajya mu bukwe, <strong>ku</strong>gira ngo ashyikirizwe ubwami bwe. “Nuko abari<br />

biteguye binjira<strong>na</strong> <strong>na</strong>we mu bukwe, maze urugi rurakingwa.” Ntabwo abantu ubwabo<br />

bagombaga <strong>ku</strong>ba mu bukwe, <strong>ku</strong>ko ubwo bukwe bwabereye mu ijuru, kandi bo bakaba bari<br />

bakiri <strong>ku</strong> isi. Abayoboke ba Kristo bagomba “gutegereza shebuja, aho agarukira ava mu<br />

314

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!