07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Uko <strong>ku</strong>za kwe kandi kwa<strong>na</strong>vuzwe n’umuhanuzi Malaki ati: “Dore nzatuma integuza<br />

yanjye, izambanziriza, intunganyirize inzira; Umwami mushaka azaduka mu rusengero rwe,<br />

kandi intumwa y’isezerano mwishimira dore iraje.” Ni ko Uwiteka nyiringabo avuga.” 574<br />

Kuza k’Umukiza mu rusengero rwe kwarihuse kandi ntikwari kwitezwe n’ubwoko bwe.<br />

Ntabwo ubwoko bwe bwari bwiteze <strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> aho. Ahubwo bibwiraga <strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> aje <strong>ku</strong> isi<br />

aje “hagati y’umuriro waka, ngo ahore inzigo abatamenye Ima<strong>na</strong> n’abatumvira ubutumwa<br />

bwiza bw’Umwami wacu Yesu.” 575<br />

Nyamara ntabwo abantu bari biteguye gusanganira Umukiza wabo. Hari hakiriho<br />

umurimo wo kwitegura wagombaga <strong>ku</strong>bakorerwa. Hagombaga gutangwa umucyo wo<br />

kwerekeza intekerezo zabo <strong>ku</strong> ngoro y’Ima<strong>na</strong> mu ijuru; kandi <strong>ku</strong>bwo kwizera uko<br />

bashoboraga gu<strong>ku</strong>rikira Umutambyi wabo Mu<strong>ku</strong>ru mu mirimo yahakoreraga, bari<br />

guhishurirwa inshingano nshya bagomba <strong>ku</strong>zuza. Hari ubundi butumwa bw’imbuzi<br />

bwagombaga <strong>ku</strong>bwirwa itorero.<br />

Umuhanuzi aravuga ati: “Ni nde uzabasha kwihanga<strong>na</strong> <strong>ku</strong> munsi wo <strong>ku</strong>za kwe? Kandi ni<br />

nde uzahagarara, ubwo azaboneka? Kuko ameze nk’umurimo w’umucuzi, n’isabune<br />

y’abameshi. Kandi azicara nk’ucura ifeza akayitunganya akayimaramo inkamba;<br />

azatunganya abahungu ba Lewi, abacenshure nk’uko bacenshura izahabu n’ifeza, maze<br />

bazature Uwiteka amaturo bakiranutse.” 576 Abazaba bakiri <strong>ku</strong> isi ubwo Kristo azahagarika<br />

<strong>ku</strong>vuganira abanyabyaha mu buturo bwera bwo mu ijuru, bazaba bagomba guhagarara imbere<br />

y’Ima<strong>na</strong> yera badafite ubahuza <strong>na</strong>yo. Amakanzu yabo agomba <strong>ku</strong>ba azira <strong>ku</strong>baho ikizinga,<br />

imico yabo igomba <strong>ku</strong>ba yejejweho icyaha n’amaraso y’Umukiza yasheshwe. Kubw’ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>bw’umuhati wabo udacogora, bagomba <strong>ku</strong>ba abaneshi mu ntambara barwa<strong>na</strong><br />

n’ikibi. Mu gihe urubanza rugenzura rugikomeza gukorwa mu ijuru, kandi ibyaha<br />

by’abanyabyaha biha<strong>na</strong> bikaba biri gu<strong>ku</strong>rwa mu buturo bwera, hagomba gukorwa umurimo<br />

udasanzwe wo kwezwa no <strong>ku</strong>zinukwa icyaha mu ba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> bakiri <strong>ku</strong> isi. Uyu murimo<br />

uvugwa mu buryo busobanutse mu butumwa bwo Byahishuwe 14.<br />

Igihe uwo murimo uzaba urangiye, abayoboke ba Kristo bazaba biteguye <strong>ku</strong>za kwe.<br />

“Maze amaturo y’i Buyuda n’i Yerusalemu azanezeze Uwiteka, nk’uko yamunezezaga mu<br />

minsi ya kera, no mu myaka yashize.” 577 Bityo rero itorero Umukiza wacu azakira ubwo<br />

azaba agarutse rizaba, “rifite ubwiza, ridafite ikizinga cyangwa umunkanyari cyangwa ikindi<br />

kintu gisa gityo.” 578 Maze iryo torero rizaba “ari ryiza nk’ukwezi, rirabagira<strong>na</strong><br />

nk’ikizubazuba, riteye ubwoba nk’igitero cy’ingabo zigenda<strong>na</strong> ibendera.” 579<br />

Uretse u<strong>ku</strong>za k’Umukiza aje mu ngoro ye, umuhanuzi Malaki ya<strong>na</strong>vuze ibyo <strong>ku</strong>garuka<br />

kwe, ubwo azaba aje <strong>ku</strong>rangiza urubanza ati: “Kandi nzabegera nce urubanza; nzabanguka<br />

gushinja abarozi n’abasambanyi n’abarahira ibinyoma, n’abima abakozi ibihembo byabo,<br />

bakarenganya abapfakazi n’imfubyi, bakagirira <strong>na</strong>bi umunyamahanga, kandi ntibanyubahe.<br />

Niko Uwiteka Nyiringabo avuga.” 580 Yuda <strong>na</strong>we yabivuzeho agira ati: “Dore, Uwiteka<br />

yazanye n’inzovu nyinshi z’abera, <strong>ku</strong>gira ngo agirire bose ibihura n’amateka baciriweho, no<br />

313

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!