07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 24 – Ahera Cyane<br />

Ingingo ivuga iby’ubuturo bwera ni yo yabaye urufuguzo rw’ubwiru bwo gucika intege<br />

gukomeye kwabayeho mu mwaka wa 1844. Iyo ngingo yashyize ahagaragara u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>zuye<br />

gufitanye isano kandi <strong>ku</strong>tanyuranya kwereka<strong>na</strong>ga ko u<strong>ku</strong>boko kw’Ima<strong>na</strong> kwari kwarayoboye<br />

itsinda rikomeye ryigishaga ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Iyo ngingo kandi<br />

yahishuye inshingano y’umurimo wagombaga gukorwa <strong>ku</strong>bera ko yagaragazaga uko ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bumeze muri icyo gihe ndetse n’umurimo wabwo. Nk’uko nyuma ya rya joro ribi<br />

ry’umubabaro no kwiheba abigishwa ba Yesu bari “basabwe n’ibyishimo ubwo babo<strong>na</strong>ga<br />

Umukiza,” ni ko abari bategereje <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo buzuye kwizera bari bishimye. Bari<br />

bariringiye <strong>ku</strong>zamubo<strong>na</strong> aje mu i<strong>ku</strong>zo aje <strong>ku</strong>gororera abagaragu be. Ubwo ibyiringiro byabo<br />

byabaga ubusa, ntibari bakibo<strong>na</strong> Yesu maze igihe bari bahagaze <strong>ku</strong> gituro cye, bafatanya <strong>na</strong><br />

Mariya <strong>ku</strong>rira bati: “Ba<strong>ku</strong>yemo Umwami wanjye, sinzi aho bamushyize.” Nuko bongeye<br />

<strong>ku</strong>mwitegereza ari ahera cyane, we Mutambyi wabo mu<strong>ku</strong>ru wuzuye impuhwe wagombaga<br />

<strong>ku</strong>za bidatinze nk’umwami wabo n’umucunguzi. Umucyo waturukaga mu buturo bwera<br />

warabamurikiye basobanukirwa ibihe byashize, ibiriho n’ibizaza. Bari bazi ko Ima<strong>na</strong><br />

yabayoboje uburinzi bwayo budakebakeba. Nk’uko byagendekeye abigishwa ba mbere,<br />

nubwo bo ubwabo batasobanukiwe neza n’ubutumwa bavugaga, ariko bwari u<strong>ku</strong>ri mu ngingo<br />

zose. Ubwo babwamamazaga, basohoje umugambi w’Ima<strong>na</strong>, kandi umurimo wabo ntiwabaye<br />

imfabusa <strong>ku</strong> Mwami. “Bavutse bushya bagira ibyiringiro bizima,” kandi bishimye “ibyishimo<br />

bitavugwa ndetse buzura i<strong>ku</strong>zo.”<br />

Ubuhanuzi bwa Daniyeli 8:14, buvuga ngo: “Bizageza iminsi ibihumbi bibiri <strong>na</strong> maga<strong>na</strong><br />

atatu uko bukeye bukira, nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa,” n’ubutumwa bwa<br />

marayika wa mbere buvuga ngo: “Nimwubahe Ima<strong>na</strong> muyihimbaze, <strong>ku</strong>ko igihe cyo gucira<br />

abantu urubanza gisohoye,” bwombi bwerekezaga <strong>ku</strong> murimo Kristo akorera ahera cyane, <strong>ku</strong><br />

rubanza rw’igenzura, ntabwo bwerekezaga <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo aje gucungura ubwoko<br />

bwe no <strong>ku</strong>rimbura abanyabyaha. Ntabwo ikosa ryari ryarabaye mu buryo basobanuraga ibihe<br />

by’ubuhanuzi, ahubwo ryari <strong>ku</strong> cyagombaga <strong>ku</strong>baho <strong>ku</strong> iherezo ry’iminsi 2300. Bitewe n’iryo<br />

kosa, abizera bari barahuye no gucika intege, nyamara ibyari byaravuzwe n’ubuhanuzi byose<br />

ndetse n’ibindi byose byari byaravuzwe n’Ibyanditswe, byari byarasohoye. Igihe barizwaga<br />

n’uko ibyiringiro byabo bitasohoye, nibwo habayeho icyari cyaravuzwe n’ubutumwa bari<br />

barizeye kandi kigomba <strong>ku</strong>baho mbere y’uko Umukiza aza <strong>ku</strong>gororera abagaragu be.<br />

Kristo yari yaraje, ariko ntiyaje <strong>ku</strong> isi nk’uko bari babyiteze, ahubwo nk’uko byajyaga<br />

bigaragazwa mu buryo bw’ibishushanyo, Kristo yagiye ahera cyane h’ingoro y’Ima<strong>na</strong> mu<br />

ijuru. Daniyeli amwereka<strong>na</strong> nk’uwaje icyo gihe agasanga Umu<strong>ku</strong>ru nyir’ibihe byose agira ati:<br />

“Hanyuma nkitegereza ibyo neretswe nijoro, mbo<strong>na</strong> haje usa n’umwa<strong>na</strong> w’umuntu, aziye mu<br />

bicu byo mu ijuru, aza umujyo umwe, ntiyaje <strong>ku</strong> isi ahubwo “yasanze wa Mu<strong>ku</strong>ru nyir’ibihe<br />

byose, bamumugeza imbere.” 573<br />

312

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!