07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gitambo maze akaminjagira ayo maraso <strong>ku</strong> ntebe y’ihongerero yabaga hejuru y’amategeko<br />

<strong>ku</strong>gira ngo yuzuze ibyo ayo mategeko asaba. Hanyuma, nk’umuhuza umutambyi,<br />

yishyiragaho ibyaha maze akabi<strong>ku</strong>ra mu buturo bwera. Yashyiraga ibiganza bye <strong>ku</strong> mutwe<br />

w’ise<strong>ku</strong>rume y’ihene yo koherwa maze akayitondaguriraho ibyaha byose byakozwe, bityo<br />

muri ubwo buryo bw’igishushanyo akaba abyi<strong>ku</strong>yeho abishyize <strong>ku</strong>ri iyo hene. Bityo, iyo hene<br />

yajya<strong>na</strong>ga ibyo byaha mu butayu maze bigafatwa ko bitandukanyijwe n’ubwoko<br />

bw’Abisiryeli by’iteka ryose.<br />

Uwo ni wo murimo wakorwaga “nk’ishusho n’igicucu cy’ibyo mu ijuru.” Bityo rero,<br />

ibyakorwaga mu buryo bw’igishushanyo mu buturo bwera bwo <strong>ku</strong> isi, mu by’u<strong>ku</strong>ri ni byo<br />

bikorerwa mu buturo bwo mu ijuru. Umukiza amaze <strong>ku</strong>zamuka mu ijuru yatangiye umurimo<br />

we nk’umutambyi wacu mu<strong>ku</strong>ru. Pawulo abivuga agira ati: “Kuko Kristo atinjiye ahera<br />

haremwe n’intoki, hasuraga ha handi h’u<strong>ku</strong>ri, ahubwo yinjiye mu ijuru ubwaho, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

none ahagarare imbere y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> bwacu.” 570<br />

Umurimo umutambyi yakoreraga mu cyumba cya mbere cy’ubuturo bwera mu mwaka<br />

wose, “inyuma y’umwenda” wari ukinze urwinjiriro kandi watandukanyaga ahera no hanze<br />

mu rugo, uwo murimo ushushanya umurimo wa Kristo yatangiye akimara <strong>ku</strong>zamuka mu<br />

ijuru. Mu byo yakoraga buri munsi, umutambyi yari afite umurimo wo <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> imbere<br />

y’Ima<strong>na</strong> amaraso y’igitambo cy’ibyaha n’umubavu uhumura neza w’ubutungane bwe<br />

n’amasengesho y’abizeraga bihannye. Uwo ni wo wari umurimo wakorerwaga mu cyumba<br />

cya mbere cy’ubuturo bwo mu ijuru.<br />

Aho ni ho abigishwa ba Kristo berekeje ukwizera kwabo bamu<strong>ku</strong>rikije amaso ubwo<br />

yazamurwaga mu ijuru atandukanye <strong>na</strong> bo. Aho ni ho ibyiringiro byabo byari bishingiye, ari<br />

byo Pawulo yavuze ati: “Ibyo byiringiro tubifite nk’igitsika umutima, gikomeye kandi<br />

gishikamye, cyinjira hirya y’umwenda ukingiriza Ahera cyane, aho Yesu yatwinjiriye<br />

atubanjirije, amaze guhinduka Umutambyi mu<strong>ku</strong>ru iteka ryose mu buryo bwa Melikisedeki.”<br />

“Kandi ntiyinjijwe Ahera cyane n’amaraso y’ihene cyangwa n’ay’ibimasa, ahubwo<br />

yahinjijwe rimwe n’amaraso ye amaze <strong>ku</strong>tubonera gucungurwa kw’iteka.” 571<br />

Uwo murimo w’ubutambyi wakomeje gukorerwa mu cyumba cya mbere cy’ubuturo<br />

bwera bwo mu ijuru mu gihe cy’ibinyeja<strong>na</strong> cumi n’umu<strong>na</strong>ni. Amaraso ya Kristo wasabiraga<br />

abanyabyaha biha<strong>na</strong>, yabahesheje imbabazi no kwemerwa n’Ima<strong>na</strong>, nyamara ibyaha byabo<br />

byakomeje kwandikwa mu gitabo cy’urwibutso. Nk’uko mu muhango wo mu buturo bwo <strong>ku</strong><br />

isi habagaho umuhango wo guhongerera <strong>ku</strong> iherezo ry’umwaka, ni ko <strong>na</strong> none mbere y’uko<br />

umurimo wa Kristo <strong>ku</strong>bwo gucungura abantu urangira, hariho umurimo wo guhongerera<br />

<strong>ku</strong>gira ngo u<strong>ku</strong>re icyaha mu buturo bwera. Uyu ni wo murimo watangiye igihe iminsi 2300<br />

yarangiraga. Icyo gihe, nk’uko byari byaravuzwe n’umuhanuzi Daniyeli, Umutambyi wacu<br />

mu<strong>ku</strong>ru yinjiye ahera cyane <strong>ku</strong>gira ngo akore umugabane uheruka w’umurimo we ukomeye<br />

- ari wo wo kweza ubuturo bwera.<br />

310

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!