07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Uwo ni wo wari umurimo wakorwaga buri munsi umwaka wose ugashira. Muri ubwo<br />

buryo ibyaha by’Abisirayeli byashyirwaga <strong>ku</strong> buturo bwera. Bityo byabaye ngombwa ko<br />

habaho umurimo udasanzwe wo <strong>ku</strong>bi<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong>ri ubwo buturo. Ima<strong>na</strong> yategetse ko habaho<br />

guhongererwa kwa buri cyumba cy’ihema ryera. “Nuko ahongerere Ahera, <strong>ku</strong> bwo guhuma<strong>na</strong><br />

kw’Abisirayeli kwinshi, no <strong>ku</strong>bw’ibicumuro byabo, <strong>ku</strong>bw’ibyaha bakoze byose; uko abe ari<br />

ko agenza n’ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro, riba<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo hagati yo guhuma<strong>na</strong> kwabo kwinshi.” Igicaniro<br />

<strong>na</strong> cyo cyagombaga guhongererwa, <strong>ku</strong>gira ngo “gihumanurwe, cyezwe gi<strong>ku</strong>rweho guhuma<strong>na</strong><br />

kw’Abisirayeli kwinshi.” 567<br />

Inshuro imwe mu mwaka, <strong>ku</strong> umunsi ukomeye w’Impongano, umutambyi yinjiraga ahera<br />

cyane <strong>ku</strong>gira ngo yeze ubuturo. Umurimo yahakoreraga wasozaga ibyakozwe byose mu<br />

mwaka. Ku munsi w’Impongano, <strong>ku</strong> muryango w’ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro hazanwaga aba<strong>na</strong><br />

b’ihene babiri maze bagakorerwaho ubufindo; “imwe ikaba iy’Uwiteka, <strong>na</strong>ho indi ikaba iyo<br />

koherwa.” 568 Ise<strong>ku</strong>rume y’ihene yafatwaga n’ubufindo ko ari iy’Uwiteka yagombaga<br />

kwicwa ikaba igitambo cy’ibyaha by’Abisirayeli. Umutambyi yagombaga <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> amaraso<br />

yayo hirya ya wa mwenda ukingiriza ahera cyane maze akayaminjagira <strong>ku</strong> ntebe y’imbabazi<br />

(intebe y’ihongerero) n’imbere yayo. Amaraso yagombaga <strong>ku</strong>minjagirwa <strong>na</strong> none <strong>ku</strong> cyotero<br />

cy’imibavu cyari imbere y’uwo mwenda.<br />

“Aroni arambike ibiganza bye byombi mu ruhanga rw’iyo hene nzima, yaturire hejuru<br />

yayo gukiranirwa kw’Abisirayeli kose n’ibicumuro byabo byose; abishyire mu ruhanga<br />

rw’iyo hene, ayihe umuntu witeguriye ibyo ngo ayijyane mu butayu. Iyo hene ijye ahatagira<br />

abantu, yikoreye gukiranirwa kwabo kose, uwo muntu ayire<strong>ku</strong>rire mu butayu. ” 569<br />

Ise<strong>ku</strong>rume y’ihene yoherewe mu butayu ntiyagarukaga mu nkambi y’Abisirayeli, kandi<br />

umuntu wajyaga <strong>ku</strong>yohera yagombaga kwiyuhagira, akamesa n’imyenda ye mbere yo<br />

<strong>ku</strong>garuka mu nkambi.<br />

Uwo muhango wose wagombaga gusiga Abisirayeli bazirika<strong>na</strong> ukwera kw’Ima<strong>na</strong> ndetse<br />

n’uko yanga icyaha urunuka. Ikindi kandi, waberekaga ko batashoboraga guhura n’icyaha<br />

ngo babure kwandura. Buri mwisirayeli wese yasabwaga <strong>ku</strong>babaza umutima we mu gihe uwo<br />

muhango wabaga uri gukorwa. Imirimo yose yagombaga guhagarikwa, kandi iteraniro ryose<br />

ry’Abisirayeli ryagombaga <strong>ku</strong>mara umunsi wose ryicishije bugufi cyane imbere y’Ima<strong>na</strong>,<br />

basenga, biyirije ubusa kandi bafite kwiha<strong>na</strong> mu mitima kwimbitse.<br />

Umuhango wakorwaga mu buryo bw’igishushanyo wigisha u<strong>ku</strong>ri gukomeye kwerekeye<br />

impongano. Hemerwaga inshungu mu cyimbo cy’umunyabyaha; nyamara icyaha nticyabaga<br />

gi<strong>ku</strong>weho burundu n’amaraso y’itungo ryicwaga. Bityo rero hari hateganyijwe uburyo bwo<br />

gushyira icyaha <strong>ku</strong> buturo bwera. Kubwo <strong>ku</strong>vusha amaraso, umunyabyaha yazirika<strong>na</strong>ga<br />

uburemere bw’amategeko, akicuza icyaha cyo <strong>ku</strong>ba yagomeye itegeko, kandi akagaragaza<br />

uko yifuza imbabazi binyuze mu kwizera Umucunguzi wagombaga <strong>ku</strong>zaza. Ariko ntiyabaga<br />

yari ya<strong>ku</strong>rwaho byuzuye gucirwaho iteka n’amategeko. Ku munsi w’Impongano, umutambyi<br />

mu<strong>ku</strong>ru, yafataga igitambo cy’iteraniro ryose, akajya ahera cyane ajyanyeyo amaraso y’icyo<br />

309

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!