07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

“Azubaka urusengero rw’Uwiteka.” Kubw’igitambo cye n’umurimo w’ubuhuza, Kristo<br />

ni we rufatiro kandi akaba n’umwubatsi w’itorero ry’Ima<strong>na</strong>. Intumwa Pawulo amwita “ibuye<br />

rikomeza imfuruka. Muri we inzu yose iteranijwe neza, ira<strong>ku</strong>ra ngo ibe urusengero rwera mu<br />

Mwami Yesu.” Aravuga ati: “Muri we <strong>na</strong>mwe murubakanwa, <strong>ku</strong>gira ngo mube inzu yo<br />

<strong>ku</strong>babwamo n’Ima<strong>na</strong> mu mwuka.” 555<br />

“Azahabwa i<strong>ku</strong>zo.” Kristo ni we ukwiriye i<strong>ku</strong>zo <strong>ku</strong>bwo <strong>ku</strong>ba yaracunguye inyokomuntu<br />

yacumuye. Igihe cy’iteka ryose, indirimbo y’abacunguwe izahora ari iyi ngo: “udu<strong>ku</strong>nda,<br />

kandi watwejeshejeho ibyaha byacu amaraso ye, . . . icyubahiro n’ubutware bibe ibye, iteka<br />

ryose.” 556<br />

“Azicara <strong>ku</strong> ntebe ye y’ubwami aganze; kandi azaba umutambyi <strong>ku</strong> ngoma ye.” Ntabwo<br />

ubu yicaye <strong>ku</strong> ntebe ye y’ubwiza; ingoma y’ubwiza (i<strong>ku</strong>zo) ntiyari yima. Ubwo umurimo we<br />

w’ubuhuza uzaba urangiye, ni ho “Umwami Ima<strong>na</strong> izamuha intebe y’ubwami ya se<strong>ku</strong>ruza<br />

Dawidi,” kandi ni ubwami “butazashira.” 557 Nk’Umutambyi, ubu Kristo yicaranye <strong>na</strong> Data<br />

wa twese <strong>ku</strong> ntebe Ye y’ubwami.” 558Uri <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami iteka ryose, Uwibeshejeho ni<br />

we “wishyizeho intimba zacu, akikorera imibabaro yacu,” ni we “wageragejwe mu buryo<br />

bwose nkatwe keretse yuko atigeze akora icyaha,” <strong>ku</strong>gira ngo “abashe gutabara<br />

abageragezwa.” “Icyakora nihagira umuntu ukora icyaha, dufite umurengezi <strong>ku</strong>ri Data wa<br />

twese, ni we Yesu Kristo ukiranuka.” 559 Utuvuganira ni nyiri umubiri washenjaguwe,<br />

ugacumitwa, kandi waranzwe n’imibereho izira ikizinga. Nyiri ibiganza byatewemo<br />

imisumari, urubavu rwatewemo icumu n’ibirenge byatobowe ni we usabira umuntu<br />

wacumuye, uwo gucungurwa kwe kwabonetse hatanzwe ikiguzi kitagerwa nka kiriya.<br />

“Bombi bazahuza Ima<strong>na</strong> ziza<strong>na</strong> amahoro.” Uru<strong>ku</strong>ndo rwa Data wa twese, kimwe<br />

n’urw’Umwa<strong>na</strong>, ni isoko y’agakiza k’ikiremwamuntu cyacumuye. Mbere y’uko Yesu<br />

atanduka<strong>na</strong> n’abigishwa be yarababwiye ati: “Simbabwira ko nzabasabira <strong>ku</strong>ri Data <strong>ku</strong>ko<br />

Data <strong>na</strong>we aba<strong>ku</strong>nda ubwe.” 560 “Kuko muri Kristo ari mo Ima<strong>na</strong> yiyungiye n’abari mu isi.<br />

” 561 Kandi mu murimo ukorerwa mu buturo bwera bwo mu ijuru, “i<strong>na</strong>ma ziza<strong>na</strong> amahoro<br />

zizahuzwa hagati yabo bombi.” “Kuko Ima<strong>na</strong> ya<strong>ku</strong>nze abari mu isi cyane, byatumye itanga<br />

Umwa<strong>na</strong> wayo w’ikinege, <strong>ku</strong>gira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo<br />

buhoraho.” 562<br />

Ikibazo kibaza ngo: ” Ubuturo bwera ni iki?” gisubizwa mu buryo bwumvika<strong>na</strong> neza mu<br />

Byanditswe Byera. Ijambo “Ubuturo bwera,” nk’uko rikoreshwa muri Bibiliya, bwa mbere<br />

ryerekeje <strong>ku</strong> ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro ryubatswe <strong>na</strong> Mose, nk’igishushanyo cy’ibyo mu ijuru. Bwa<br />

kabiri, ryerekeje <strong>ku</strong> “ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro nya<strong>ku</strong>ri” ryo mu ijuru, ari ryo ihema ryo <strong>ku</strong> isi<br />

ryatungaga agatoki cyangwa se ryashushanyaga. Igihe Kristo yapfaga, umurimo<br />

wakorerwagamo warahagaze. “Ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro nya<strong>ku</strong>ri” ryo mu ijuru, ni ryo buturo bwera<br />

bw’isezerano rishya. Kandi nk’uko ubuhanuzi bwa Daniyeli 8:14 bwasohoye muri ayo<br />

mateka, ubuturo bwera buvugaho bugomba <strong>ku</strong>ba ubuturo bwera bw’isezerano rishya. Ku<br />

iherezo ry’iminsi 2300, mu mwaka wa 1844, hari hashize imyaka amaga<strong>na</strong> menshi nta buturo<br />

307

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!