Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba ndetse n’umurimo ukomeye uhakorerwa kubwo gucungurwa k’umuntu, byigishwaga n’ubuturo bwera bwo ku isi n’imirimo yabukorerwagamo. Ahera h’ubuturo bwera bwo mu ijuru hahagarariwe n’ibyumba bibiri byabaga mu buturo bwera bwo ku isi. Ubwo yari mu iyerekwa, intumwa Yohana yahawe kwitegereza ingoro y’Imana mu ijuru, yahabonye “amatabaza arindwi yaka umuriro yamurikiraga imbere y’iyo ntebe.” 552 Yabonye umumarayika “afite icyotero cyacuzwe mu izahabu, ahabwa imibavu myinshi, ngo ayongere ku masengesho y’abera bose, ayishyire ku gicaniro cy’izahabu kiri imbere ya ya ntebe.” 553 Muri iri yerekwa, umuhanuzi yemerewe kwitegereza icyumba cya mbere cy’ubuturo bwera bwo mu ijuru; maze abonayo “amatabaza arindwi yaka” n’“igicaniro cy’izahabu,” byashushanywaga n’igitereko cy’amatabaza gicuzwe mu izahabu n’igicaniro cy’imibavu byo mu buturo bwera bwo ku isi. Na none, “urusengero rw’Imana mu ijuru rwarakinguwe,” (Ibyahishuwe 11:19), maze Yohana abona hirya y’umwenda watandukanyaga ibyumba bibiri by’ihema ry’ibonaniro bityo areba ahera cyane. Aho hantu yahabonye “isanduku y’isezerano ry’Imana,” yashushanywaga n’isanduku yera yakozwe na Mose kugira ngo ibikwemo amategeko y’Imana. Bityo, abigaga iyo ngingo babonye igihamya kidashidikanywaho cy’uko mu ijuru hari ubuturo bwera. Mose yubatse ubuturo bwo ku isi akurikije icyitegererezo yeretswe. Pawulo yigisha ko icyo cyitegererezo cyari cyo buturo nyakuri buri mu ijuru. Mu buturo bwo mu ijuru, aho Imana iganje, ingoma yayo ishingiye ku butungane n’urubanza. Ahera cyane ni ho hari amategeko yayo, ari yo agaragaza ibitunganye kandi abantu bose bagomba gusuzumishwa. Isanduku ibitswemo ibisate bibiri byanditsweho amategeko ipfundikijwe intebe y’imbabazi (intebe y’ubuntu), imbere yayo ni ho Kristo asabira umunyabyaha kubw’amaraso Ye. Ni muri ubwo buryo hariho ishusho y’ubumwe hagati y’ubutabera n’imbabazi mu nama yo gucungura umuntu. Ubwo bumwe bwashoboraga gutegurwa n’ubwenge bw’Imana yonyine kandi ubushobozi bwa Yo bwonyine ni bwo bwashoboraga kubusohoza. Ni ubumwe bwuzuza ijuru ryose gutangara no kuramya. Abakerubi bo mu buturo bwera ku isi, bari berekeje amaso ku ntebe y’ihongerero bubashye, bashushanyaga uko ingabo zo mu ijuru zitaye ku kwitegereza umurimo wo gucungura umuntu. Aha niho hagaragarira ubwiru bw’imbabazi. Abamarayika bifuza kwitegereza uko Imana ikiranuka mu kugira intungane umunyabyaha wihanye kandi ikavugurura umubano wayo n’inyokomuntu yacumuye; kandi ko Kristo yashoboraga guca bugufi kugira ngo azahure abantu benshi batabarika abakure mu rwobo rw’irimbukiro maze abambike imyambaro izira ikizinga y’ubutungane bwe kugira ngo abinjize mu muryango w’abamarayika batigeze bacumura, kandi ngo bazabe imbere y’Imana ubuziraherezo. Umurimo wa Kristo nk’usabira umuntu ku Mana ugaragarira muri bwa buhanuzi bwiza bwa Zekariya bwerekeje kuri wa wundi “witwa Shami.” Umuhanuzi Zekariya aravuga ati: “Azubaka urusengero rw’Uwiteka , azagira icyubahiro, azicara ku ntebe y’ubwami ategeke; kandi azaba umutambyi ku ntebe ye; bombi bazahuza inama zizana amahoro.” 554 306

Itorero na Leta ku Rugamba “Azubaka urusengero rw’Uwiteka.” Kubw’igitambo cye n’umurimo w’ubuhuza, Kristo ni we rufatiro kandi akaba n’umwubatsi w’itorero ry’Imana. Intumwa Pawulo amwita “ibuye rikomeza imfuruka. Muri we inzu yose iteranijwe neza, irakura ngo ibe urusengero rwera mu Mwami Yesu.” Aravuga ati: “Muri we namwe murubakanwa, kugira ngo mube inzu yo kubabwamo n’Imana mu mwuka.” 555 “Azahabwa ikuzo.” Kristo ni we ukwiriye ikuzo kubwo kuba yaracunguye inyokomuntu yacumuye. Igihe cy’iteka ryose, indirimbo y’abacunguwe izahora ari iyi ngo: “udukunda, kandi watwejeshejeho ibyaha byacu amaraso ye, . . . icyubahiro n’ubutware bibe ibye, iteka ryose.” 556 “Azicara ku ntebe ye y’ubwami aganze; kandi azaba umutambyi ku ngoma ye.” Ntabwo ubu yicaye ku ntebe ye y’ubwiza; ingoma y’ubwiza (ikuzo) ntiyari yima. Ubwo umurimo we w’ubuhuza uzaba urangiye, ni ho “Umwami Imana izamuha intebe y’ubwami ya sekuruza Dawidi,” kandi ni ubwami “butazashira.” 557 Nk’Umutambyi, ubu Kristo yicaranye na Data wa twese ku ntebe Ye y’ubwami.” 558Uri ku ntebe y’ubwami iteka ryose, Uwibeshejeho ni we “wishyizeho intimba zacu, akikorera imibabaro yacu,” ni we “wageragejwe mu buryo bwose nkatwe keretse yuko atigeze akora icyaha,” kugira ngo “abashe gutabara abageragezwa.” “Icyakora nihagira umuntu ukora icyaha, dufite umurengezi kuri Data wa twese, ni we Yesu Kristo ukiranuka.” 559 Utuvuganira ni nyiri umubiri washenjaguwe, ugacumitwa, kandi waranzwe n’imibereho izira ikizinga. Nyiri ibiganza byatewemo imisumari, urubavu rwatewemo icumu n’ibirenge byatobowe ni we usabira umuntu wacumuye, uwo gucungurwa kwe kwabonetse hatanzwe ikiguzi kitagerwa nka kiriya. “Bombi bazahuza Imana zizana amahoro.” Urukundo rwa Data wa twese, kimwe n’urw’Umwana, ni isoko y’agakiza k’ikiremwamuntu cyacumuye. Mbere y’uko Yesu atandukana n’abigishwa be yarababwiye ati: “Simbabwira ko nzabasabira kuri Data kuko Data nawe abakunda ubwe.” 560 “Kuko muri Kristo ari mo Imana yiyungiye n’abari mu isi. ” 561 Kandi mu murimo ukorerwa mu buturo bwera bwo mu ijuru, “inama zizana amahoro zizahuzwa hagati yabo bombi.” “Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege, kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.” 562 Ikibazo kibaza ngo: ” Ubuturo bwera ni iki?” gisubizwa mu buryo bwumvikana neza mu Byanditswe Byera. Ijambo “Ubuturo bwera,” nk’uko rikoreshwa muri Bibiliya, bwa mbere ryerekeje ku ihema ry’ibonaniro ryubatswe na Mose, nk’igishushanyo cy’ibyo mu ijuru. Bwa kabiri, ryerekeje ku “ihema ry’ibonaniro nyakuri” ryo mu ijuru, ari ryo ihema ryo ku isi ryatungaga agatoki cyangwa se ryashushanyaga. Igihe Kristo yapfaga, umurimo wakorerwagamo warahagaze. “Ihema ry’ibonaniro nyakuri” ryo mu ijuru, ni ryo buturo bwera bw’isezerano rishya. Kandi nk’uko ubuhanuzi bwa Daniyeli 8:14 bwasohoye muri ayo mateka, ubuturo bwera buvugaho bugomba kuba ubuturo bwera bw’isezerano rishya. Ku iherezo ry’iminsi 2300, mu mwaka wa 1844, hari hashize imyaka amagana menshi nta buturo 307

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ndetse n’umurimo ukomeye uhakorerwa <strong>ku</strong>bwo gucungurwa k’umuntu, byigishwaga<br />

n’ubuturo bwera bwo <strong>ku</strong> isi n’imirimo yabukorerwagamo.<br />

Ahera h’ubuturo bwera bwo mu ijuru hahagarariwe n’ibyumba bibiri byabaga mu buturo<br />

bwera bwo <strong>ku</strong> isi. Ubwo yari mu iyerekwa, intumwa Yoha<strong>na</strong> yahawe kwitegereza ingoro<br />

y’Ima<strong>na</strong> mu ijuru, yahabonye “amatabaza arindwi yaka umuriro yamurikiraga imbere y’iyo<br />

ntebe.” 552 Yabonye umumarayika “afite icyotero cyacuzwe mu izahabu, ahabwa imibavu<br />

myinshi, ngo ayongere <strong>ku</strong> masengesho y’abera bose, ayishyire <strong>ku</strong> gicaniro cy’izahabu kiri<br />

imbere ya ya ntebe.” 553 Muri iri yerekwa, umuhanuzi yemerewe kwitegereza icyumba cya<br />

mbere cy’ubuturo bwera bwo mu ijuru; maze abo<strong>na</strong>yo “amatabaza arindwi yaka” n’“igicaniro<br />

cy’izahabu,” byashushanywaga n’igitereko cy’amatabaza gicuzwe mu izahabu n’igicaniro<br />

cy’imibavu byo mu buturo bwera bwo <strong>ku</strong> isi. Na none, “urusengero rw’Ima<strong>na</strong> mu ijuru<br />

rwarakinguwe,” (Ibyahishuwe 11:19), maze Yoha<strong>na</strong> abo<strong>na</strong> hirya y’umwenda<br />

watandukanyaga ibyumba bibiri by’ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro bityo areba ahera cyane. Aho hantu<br />

yahabonye “isandu<strong>ku</strong> y’isezerano ry’Ima<strong>na</strong>,” yashushanywaga n’isandu<strong>ku</strong> yera yakozwe <strong>na</strong><br />

Mose <strong>ku</strong>gira ngo ibikwemo amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Bityo, abigaga iyo ngingo babonye igihamya kidashidikanywaho cy’uko mu ijuru hari<br />

ubuturo bwera. Mose yubatse ubuturo bwo <strong>ku</strong> isi a<strong>ku</strong>rikije icyitegererezo yeretswe. Pawulo<br />

yigisha ko icyo cyitegererezo cyari cyo buturo nya<strong>ku</strong>ri buri mu ijuru.<br />

Mu buturo bwo mu ijuru, aho Ima<strong>na</strong> iganje, ingoma yayo ishingiye <strong>ku</strong> butungane<br />

n’urubanza. Ahera cyane ni ho hari amategeko yayo, ari yo agaragaza ibitunganye kandi<br />

abantu bose bagomba gusuzumishwa. Isandu<strong>ku</strong> ibitswemo ibisate bibiri byanditsweho<br />

amategeko ipfundikijwe intebe y’imbabazi (intebe y’ubuntu), imbere yayo ni ho Kristo<br />

asabira umunyabyaha <strong>ku</strong>bw’amaraso Ye. Ni muri ubwo buryo hariho ishusho y’ubumwe<br />

hagati y’ubutabera n’imbabazi mu <strong>na</strong>ma yo gucungura umuntu. Ubwo bumwe bwashoboraga<br />

gutegurwa n’ubwenge bw’Ima<strong>na</strong> yonyine kandi ubushobozi bwa Yo bwonyine ni bwo<br />

bwashoboraga <strong>ku</strong>busohoza. Ni ubumwe bwuzuza ijuru ryose gutangara no <strong>ku</strong>ramya.<br />

Abakerubi bo mu buturo bwera <strong>ku</strong> isi, bari berekeje amaso <strong>ku</strong> ntebe y’ihongerero bubashye,<br />

bashushanyaga uko ingabo zo mu ijuru zitaye <strong>ku</strong> kwitegereza umurimo wo gucungura<br />

umuntu. Aha niho hagaragarira ubwiru bw’imbabazi. Abamarayika bifuza kwitegereza uko<br />

Ima<strong>na</strong> ikiranuka mu <strong>ku</strong>gira intungane umunyabyaha wihanye kandi ikavugurura umubano<br />

wayo n’inyokomuntu yacumuye; kandi ko Kristo yashoboraga guca bugufi <strong>ku</strong>gira ngo<br />

azahure abantu benshi batabarika aba<strong>ku</strong>re mu rwobo rw’irimbukiro maze abambike<br />

imyambaro izira ikizinga y’ubutungane bwe <strong>ku</strong>gira ngo abinjize mu muryango<br />

w’abamarayika batigeze bacumura, kandi ngo bazabe imbere y’Ima<strong>na</strong> ubuziraherezo.<br />

Umurimo wa Kristo nk’usabira umuntu <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> ugaragarira muri bwa buhanuzi bwiza<br />

bwa Zekariya bwerekeje <strong>ku</strong>ri wa wundi “witwa Shami.” Umuhanuzi Zekariya aravuga ati:<br />

“Azubaka urusengero rw’Uwiteka , azagira icyubahiro, azicara <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami ategeke;<br />

kandi azaba umutambyi <strong>ku</strong> ntebe ye; bombi bazahuza i<strong>na</strong>ma ziza<strong>na</strong> amahoro.” 554<br />

306

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!