Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba musozi ari kumwe n’Imana. Abisirayeli bagendaga mu butayu, kandi ihema ry’ibonaniro ryubatswe muri ubwo buryo kugira ngo bubashe kujya bwimukanwa; nyamara bwari inyubako ifite ubwiza buhebuje. Inkuta zabwo zari zikozwe mu mbaho zihagaze zifatanyishijwe izahabu kandi zishinzwe mu ifeza, mu gihe igisenge cyari gikozwe mu myenda ikomeye cyangwa ibitwikirizo, iby’inyuma bikozwe mu mpu naho iby’imbere mu myenda myiza cyane y’umuhemba iboshywe irimo amashusho y’abakerubi. Uretse imbuga yo hanze mu rugo yari irimo igicaniro cy’ibitambo bitwikwa, ihema ry’ibonaniro ubwaryo ryari rigizwe n’ibyumba bibiri, kimwe cyitwa ahera, ikindi cyitwa ahera cyane. Byabaga bitandukanyijwe n’umwenda mwiza cyane; kandi umwenda nk’uwo ni wo wafungaga umuryango w’urwinjiriro rw’icyumba cya mbere. Mu cyumba cy’ahera, mu ruhande rwerekeye amajyepfo yacyo, habaga igitereko cy’amatabaza kiriho amatabaza arindwi yamurikiraga ubwo buturo bwera ku mwanywa na nijoro. Ahagana mu majyaruguru y’icyo cyumba habaga ameza y’imitsima yo kumurikwa; kandi imbere y’umwenda watandukanyaga ahera n’ahera cyane habaga igicaniro cy’imibavu gikozwe mu izahabu cyaturukagaho umwotsi w’impumuro nziza, uvanze n’amasengesho y’Abisirayeli, wazamukaga buri munsi imbere y’Imana. Ahera cyane habaga isanduku y’isezerano, yari ikozwe mu giti cy’agaciro kenshi, isizwe izahabu kandi yabaga irimo ibisate bibiri by’amabuye Imana yari yanditseho Amategeko Cumi. Hejuru y’iyo sanduku, hari igipfundikizo, kandi kuri cyo hari intebe y’imbabazi ikoranywe ubuhanga buhanitse, iriho abakerubi babiri, umwe ari ku mpera imwe undi ari ku yindi kandi bose bakozwe mu izahabu ikomeye. Muri iki cyumba ni ho Imana yigaragarizaga mu gicu kirabagirana hagati y’abakerubi. Igihe Abaheburayo (Abisirayeli) bari bamaze gutura muri Kanani, ihema ry’ibonaniro ryasimbuwe n’urusengero rwubatswe na Salomo. Nubwo rwari inyubako itaravaga aho iri kandi ikaba yari yubatswe ahantu hagari, rwakomeje gukurikiza ingero nk’iza mbere kandi rushyirwamo ibikoresho bihwanye rwose. Muri iyo nyubako ni ho ubuturo bwera bwabaga, uretse igihe bwasenywaga bukaba umusaka mu gihe cya Daniyeli kugeza igihe rwasenywe burundu n’Abaroma mu mwaka wa 70 N.K. Ubu ni bwo buturo bwera bwonyine bwabaye ku isi Bibiliya igira icyo ivugaho. Pawulo yabuvuzeho ko ari ubuturo bwera bwo mu isezerano rya mbere. Ariko se isezerano rishya ryo nta buturo bwera rifite? Tugarutse mu rwandiko Pawulo yandikiye Abaheburayo, abashakashakaga kumenya ukuri baje kuvumbura ko hariho ubuturo bwera bwa kabiri, cyangwa ubuturo bwera bw’isezerano rishya, buvugwa mu magambo ya Pawulo twamaze kuvuga ngo: “Isezerano rya mbere na ryo ryari rifite imihango y’ubutambyi, rifite n’Ahera h’iyi si.” Gukoresha ijambo “ naryo” byerekana ko intumwa Pawulo yari yavuze mbere iby’ubwo buturo bwera. Usubiye inyuma ku itangiriro ry’igice cya munani, usoma ngo: “Mu byo tuvuga igikomeye ni iki ngiki: Dufite umutambyi mukuru umeze atyo, wicaye iburyo bw’intebe y’Ikomeye cyane yo mu 304

Itorero na Leta ku Rugamba ijuru, ukorera Ahera ho mu ihema ry’ukuri, iryo abantu batabambye ahubwo ryabambwe n’Umwami Imana.” 548 Muri iyi mirongo haragara ubuturo bwera bw’isezerano rishya. Ubuturo bwera bw’isezerano rya mbere bwubatswe n’umuntu, bwubatswe na Mose; ariko ubu bwo bwubatswe n’Uwiteka ubwe ntabwo ari umuntu. Muri ubwo buturo bwera, ni ho abatambyi bo ku isi bakoreraga umurimo wabo; ariko muri ubu bwo, Kristo ubwe, we Mutambyi wacu Mukuru uruta bose, ni we ukorera iburyo bw’Imana. Ubuturo bwera bumwe bwari buri ku isi , ariko ubundi buri mu ijuru. Ikindi kandi, ihema ry’ibonaniro ryubatswe na Mose ryari ryakozwe hakurikijwe icyitegererezo cyatanzwe. Uwiteka yahaye Mose amabwiriza ati: “Muzabureme buse n’ibyo ngiye kukwereka byose, icyitegererezo cy’ubuturo n’icy’ibintu byabwo byose.” Hongeye gutangwa itegeko ngo: “Ugire umwete wo kubirema, ukurikize icyitegererezo cyabyo werekewe kuri uyu musozi.” 849 Kandi Pawulo avuga ko ihema ry’ibonaniro rya mbere “ryashushanyaga iby’icyo gihe, ahatangirwaga amaturo hagatambirwa n’ibitambo;” kandi ko ahera haryo, “hashushanyaga ibintu byo mu ijuru;” ko abatambyi batangaga amaturo bakurikije amategeko yatanzwe, bakoraga uwo murimo ari “igishushanyo n’igicucu cy’ibyo mu ijuru,” kandi ko “Kristo atinjiye ahera haremwe n’intoki, hasuraga ha handi h’ukuri, ahubwo yinjiye mu ijuru ubwaho, kugira ngo none ahagarare imbere y’Imana ku bwacu.” 550 Ubuturo bwera bwo mu ijuru, aho Kristo akorera ku bwacu, ni bwo mwimerere w’ubuturo bwera bwubatswe na Mose bwari ishusho y’ubw’umwimerere. Imana yashyize Mwuka wayo ku bubatse ubuturo bwera bwo ku isi. Ubuhanga bwagaragajwe mu kubaka ubwo buturo bwari ukwigaragaza k’ubwenge bw’Imana. Inkuta zabwo zariho izahabu nyinshi, impande zose zarabagiranaga umucyo waturukaga kuri ya matabaza arindwi yo ku gitereko cy’amatabaza gikozwe mu izahabu. Ameza y’imitsima yo kumurikwa n’igicaniro cy’imibavu byarabagiranaga nk’izahabu yatunganijwe. Umwenda ukomeye mwiza cyane wari ukoze igisenge, wari urimo amashusho y’abakerubi aboshywe mu budodo bw’umukara unoze n’ubw’umuhengeri n’ubw’umuhemba; byongereraga ubwiza aho hantu. Hirya y’umwenda ugabanya ahera n’ahera cyane hari Shekina yera, yari ukwigaragaza k’ubwiza bw’Imana, kandi imbere ya Shekina nta muntu wundi washoboraga kuhinjira ngo abeho uretse umutambyi mukuru wenyine. Ubwiza butagereranywa bw’ihema ry’ibonaniro ryo ku isi bwerekaga umuntu ubwiza butangaje bw’ubuturo bwera bwo mu ijuru aho Kristo, Umutambyi wacu mukuru adusabira imbere y’intebe y’ubwami y’Imana. Aho Umwami w’abami atuye, aho abantu uduhumbagiza bamukorera kandi abantu inzovu incuro inzovu bamuhagaze imbere.” 551 Ubwo buturo bwuzuwemo ubwiza bw’intebe y’ubwami bw’iteka ryose, aho abaserafi ari bo barinzi bayo barabagirana kandi bipfuka mu maso baramya. Aho hantu ntihajyaga kubona ikihagaragaza uretse ishusho nto yerekana ubunini bwaho n’ubwiza bwaho muri ya nyubako nziza yubatswe n’amaboko y’abantu. Nyamara ukuri kw’ingenzi kwerekeye ubuturo bwera bwo mu ijuru 305

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ijuru, ukorera Ahera ho mu ihema ry’u<strong>ku</strong>ri, iryo abantu batabambye ahubwo ryabambwe<br />

n’Umwami Ima<strong>na</strong>.” 548<br />

Muri iyi mirongo haragara ubuturo bwera bw’isezerano rishya. Ubuturo bwera<br />

bw’isezerano rya mbere bwubatswe n’umuntu, bwubatswe <strong>na</strong> Mose; ariko ubu bwo<br />

bwubatswe n’Uwiteka ubwe ntabwo ari umuntu. Muri ubwo buturo bwera, ni ho abatambyi<br />

bo <strong>ku</strong> isi bakoreraga umurimo wabo; ariko muri ubu bwo, Kristo ubwe, we Mutambyi wacu<br />

Mu<strong>ku</strong>ru uruta bose, ni we ukorera iburyo bw’Ima<strong>na</strong>. Ubuturo bwera bumwe bwari buri <strong>ku</strong> isi<br />

, ariko ubundi buri mu ijuru.<br />

Ikindi kandi, ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro ryubatswe <strong>na</strong> Mose ryari ryakozwe ha<strong>ku</strong>rikijwe<br />

icyitegererezo cyatanzwe. Uwiteka yahaye Mose amabwiriza ati: “Muzabureme buse n’ibyo<br />

ngiye <strong>ku</strong>kwereka byose, icyitegererezo cy’ubuturo n’icy’ibintu byabwo byose.” Hongeye<br />

gutangwa itegeko ngo: “Ugire umwete wo <strong>ku</strong>birema, u<strong>ku</strong>rikize icyitegererezo cyabyo<br />

werekewe <strong>ku</strong>ri uyu musozi.” 849 Kandi Pawulo avuga ko ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro rya mbere<br />

“ryashushanyaga iby’icyo gihe, ahatangirwaga amaturo hagatambirwa n’ibitambo;” kandi ko<br />

ahera haryo, “hashushanyaga ibintu byo mu ijuru;” ko abatambyi batangaga amaturo<br />

ba<strong>ku</strong>rikije amategeko yatanzwe, bakoraga uwo murimo ari “igishushanyo n’igicucu cy’ibyo<br />

mu ijuru,” kandi ko “Kristo atinjiye ahera haremwe n’intoki, hasuraga ha handi h’u<strong>ku</strong>ri,<br />

ahubwo yinjiye mu ijuru ubwaho, <strong>ku</strong>gira ngo none ahagarare imbere y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> bwacu.” 550<br />

Ubuturo bwera bwo mu ijuru, aho Kristo akorera <strong>ku</strong> bwacu, ni bwo mwimerere w’ubuturo<br />

bwera bwubatswe <strong>na</strong> Mose bwari ishusho y’ubw’umwimerere. Ima<strong>na</strong> yashyize Mwuka wayo<br />

<strong>ku</strong> bubatse ubuturo bwera bwo <strong>ku</strong> isi. Ubuhanga bwagaragajwe mu <strong>ku</strong>baka ubwo buturo<br />

bwari ukwigaragaza k’ubwenge bw’Ima<strong>na</strong>. In<strong>ku</strong>ta zabwo zariho izahabu nyinshi, impande<br />

zose zarabagira<strong>na</strong>ga umucyo waturukaga <strong>ku</strong>ri ya matabaza arindwi yo <strong>ku</strong> gitereko<br />

cy’amatabaza gikozwe mu izahabu. Ameza y’imitsima yo <strong>ku</strong>murikwa n’igicaniro cy’imibavu<br />

byarabagira<strong>na</strong>ga nk’izahabu yatunganijwe. Umwenda ukomeye mwiza cyane wari ukoze<br />

igisenge, wari urimo amashusho y’abakerubi aboshywe mu budodo bw’umukara unoze<br />

n’ubw’umuhengeri n’ubw’umuhemba; byongereraga ubwiza aho hantu. Hirya y’umwenda<br />

ugabanya ahera n’ahera cyane hari Sheki<strong>na</strong> yera, yari ukwigaragaza k’ubwiza bw’Ima<strong>na</strong>,<br />

kandi imbere ya Sheki<strong>na</strong> nta muntu wundi washoboraga <strong>ku</strong>hinjira ngo abeho uretse<br />

umutambyi mu<strong>ku</strong>ru wenyine.<br />

Ubwiza butagereranywa bw’ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro ryo <strong>ku</strong> isi bwerekaga umuntu ubwiza<br />

butangaje bw’ubuturo bwera bwo mu ijuru aho Kristo, Umutambyi wacu mu<strong>ku</strong>ru adusabira<br />

imbere y’intebe y’ubwami y’Ima<strong>na</strong>. Aho Umwami w’abami atuye, aho abantu uduhumbagiza<br />

bamukorera kandi abantu inzovu incuro inzovu bamuhagaze imbere.” 551 Ubwo buturo<br />

bwuzuwemo ubwiza bw’intebe y’ubwami bw’iteka ryose, aho abaserafi ari bo barinzi bayo<br />

barabagira<strong>na</strong> kandi bipfuka mu maso baramya. Aho hantu ntihajyaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ikihagaragaza<br />

uretse ishusho nto yereka<strong>na</strong> ubunini bwaho n’ubwiza bwaho muri ya nyubako nziza yubatswe<br />

n’amaboko y’abantu. Nyamara u<strong>ku</strong>ri kw’ingenzi kwerekeye ubuturo bwera bwo mu ijuru<br />

305

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!