07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

musozi ari <strong>ku</strong>mwe n’Ima<strong>na</strong>. Abisirayeli bagendaga mu butayu, kandi ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro<br />

ryubatswe muri ubwo buryo <strong>ku</strong>gira ngo bubashe <strong>ku</strong>jya bwimukanwa; nyamara bwari<br />

inyubako ifite ubwiza buhebuje. In<strong>ku</strong>ta zabwo zari zikozwe mu mbaho zihagaze<br />

zifatanyishijwe izahabu kandi zishinzwe mu ifeza, mu gihe igisenge cyari gikozwe mu<br />

myenda ikomeye cyangwa ibitwikirizo, iby’inyuma bikozwe mu mpu <strong>na</strong>ho iby’imbere mu<br />

myenda myiza cyane y’umuhemba iboshywe irimo amashusho y’abakerubi. Uretse imbuga<br />

yo hanze mu rugo yari irimo igicaniro cy’ibitambo bitwikwa, ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro ubwaryo<br />

ryari rigizwe n’ibyumba bibiri, kimwe cyitwa ahera, ikindi cyitwa ahera cyane. Byabaga<br />

bitandukanyijwe n’umwenda mwiza cyane; kandi umwenda nk’uwo ni wo wafungaga<br />

umuryango w’urwinjiriro rw’icyumba cya mbere.<br />

Mu cyumba cy’ahera, mu ruhande rwerekeye amajyepfo yacyo, habaga igitereko<br />

cy’amatabaza kiriho amatabaza arindwi yamurikiraga ubwo buturo bwera <strong>ku</strong> mwanywa <strong>na</strong><br />

nijoro. Ahaga<strong>na</strong> mu majyaruguru y’icyo cyumba habaga ameza y’imitsima yo <strong>ku</strong>murikwa;<br />

kandi imbere y’umwenda watandukanyaga ahera n’ahera cyane habaga igicaniro cy’imibavu<br />

gikozwe mu izahabu cyaturukagaho umwotsi w’impumuro nziza, uvanze n’amasengesho<br />

y’Abisirayeli, wazamukaga buri munsi imbere y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ahera cyane habaga isandu<strong>ku</strong> y’isezerano, yari ikozwe mu giti cy’agaciro kenshi, isizwe<br />

izahabu kandi yabaga irimo ibisate bibiri by’amabuye Ima<strong>na</strong> yari yanditseho Amategeko<br />

Cumi. Hejuru y’iyo sandu<strong>ku</strong>, hari igipfundikizo, kandi <strong>ku</strong>ri cyo hari intebe y’imbabazi<br />

ikoranywe ubuhanga buhanitse, iriho abakerubi babiri, umwe ari <strong>ku</strong> mpera imwe undi ari <strong>ku</strong><br />

yindi kandi bose bakozwe mu izahabu ikomeye. Muri iki cyumba ni ho Ima<strong>na</strong> yigaragarizaga<br />

mu gicu kirabagira<strong>na</strong> hagati y’abakerubi.<br />

Igihe Abaheburayo (Abisirayeli) bari bamaze gutura muri Ka<strong>na</strong>ni, ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro<br />

ryasimbuwe n’urusengero rwubatswe <strong>na</strong> Salomo. Nubwo rwari inyubako itaravaga aho iri<br />

kandi ikaba yari yubatswe ahantu hagari, rwakomeje gu<strong>ku</strong>rikiza ingero nk’iza mbere kandi<br />

rushyirwamo ibikoresho bihwanye rwose. Muri iyo nyubako ni ho ubuturo bwera bwabaga,<br />

uretse igihe bwasenywaga bukaba umusaka mu gihe cya Daniyeli <strong>ku</strong>geza igihe rwasenywe<br />

burundu n’Abaroma mu mwaka wa 70 N.K.<br />

Ubu ni bwo buturo bwera bwonyine bwabaye <strong>ku</strong> isi Bibiliya igira icyo ivugaho. Pawulo<br />

yabuvuzeho ko ari ubuturo bwera bwo mu isezerano rya mbere. Ariko se isezerano rishya ryo<br />

nta buturo bwera rifite?<br />

Tugarutse mu rwandiko Pawulo yandikiye Abaheburayo, abashakashakaga <strong>ku</strong>menya<br />

u<strong>ku</strong>ri baje <strong>ku</strong>vumbura ko hariho ubuturo bwera bwa kabiri, cyangwa ubuturo bwera<br />

bw’isezerano rishya, buvugwa mu magambo ya Pawulo twamaze <strong>ku</strong>vuga ngo: “Isezerano rya<br />

mbere <strong>na</strong> ryo ryari rifite imihango y’ubutambyi, rifite n’Ahera h’iyi si.” Gukoresha ijambo “<br />

<strong>na</strong>ryo” byereka<strong>na</strong> ko intumwa Pawulo yari yavuze mbere iby’ubwo buturo bwera. Usubiye<br />

inyuma <strong>ku</strong> itangiriro ry’igice cya mu<strong>na</strong>ni, usoma ngo: “Mu byo tuvuga igikomeye ni iki ngiki:<br />

Dufite umutambyi mu<strong>ku</strong>ru umeze atyo, wicaye iburyo bw’intebe y’Ikomeye cyane yo mu<br />

304

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!