07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bubone kwezwa.” Ibyari byaravuzwe n’ubuhanuzi byose byabanje byagiye bisohora rwose<br />

<strong>ku</strong> gihe byari byaravuzwe ko bizaberaho.<br />

Ufatiye <strong>ku</strong>ri iyo mibare imaze gutangwa, byose byagaragaraga neza kandi bitabusanya,<br />

uretse ko nta <strong>na</strong> kintu <strong>na</strong> kimwe cyabayeho mu mwaka wa 1844 cyasubizaga ikibazo<br />

cyerekeye kwezwa k’ubuturo bwera. Guhaka<strong>na</strong> ko iyo minsi yarangiye icyo gihe byari<br />

gutuma ibyerekeye iyo ngingo byose bishyirwa mu rujijo, kandi bikaba guhaka<strong>na</strong> imyizerere<br />

yose ishingiye <strong>ku</strong> gusohozwa k’ubuhanuzi.<br />

Ariko Ima<strong>na</strong> yari yarayoboye ubwoko bwayo mu itsinda rikomeye ryavugaga ubutumwa<br />

bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Ubushobozi bwayo n’i<strong>ku</strong>zo ryabyo byari byariyerekanye muri uwo<br />

murimo, kandi ntiyari kwemera ko urangirira mu mwijima no gucika intege, kandi ngo<br />

unengwe <strong>ku</strong>ba umurimo ushingiye <strong>ku</strong> kinyoma ndetse no gutwarwa n’ubwaka. Ima<strong>na</strong> ntiyari<br />

<strong>ku</strong>reka ngo ijambo ryayo rishidikanyweho.<br />

Nubwo abantu benshi bahakanye imisobanurire yabo ya mbere y’ibihe by’ubuhanuzi<br />

kandi bagahaka<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ri kw’itsinda rishingiye <strong>ku</strong>ri ubwo busobanuro, abandi bo ntibifuzaga<br />

<strong>ku</strong>reka ingingo zo kwizera ndetse n’ibyabayeho byari bishyigikiwe n’Ibyanditswe Byera<br />

n’ubuhamya bwa Mwuka w’Ima<strong>na</strong>. Bizeraga ko bari bara<strong>ku</strong>rikije amahame atunganye<br />

yerekeye imisobanurire mu buryo bigaga ubuhanuzi, kandi bumvaga ko <strong>ku</strong>gundira u<strong>ku</strong>ri bari<br />

baramaze kwakira ndetse no gukomeza inzira biyemeje yo gucu<strong>ku</strong>mbura muri Bibiliya ari<br />

byo nshingano yabo. Basenga<strong>na</strong>ga umwete, bakongera gusuzuma imyizerere yabo kandi<br />

bakiga Ibyanditswe <strong>ku</strong>gira ngo bamenye aho ikosa ryabo riri. Bamaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko nta kosa<br />

bafite mu buryo basesenguraga ibihe by’ubuhanuzi, byabateye <strong>ku</strong>rushaho kwiga<strong>na</strong><br />

ubushishozi ingingo y’ubuturo bwera.<br />

Mu bushakashatsi bwabo, bamenye ko nta gihamya <strong>na</strong> kimwe kiboneka mu Byanditswe<br />

Byera gishyigikira igitekerezo cyabaye gikwira kivuga ko isi ari ubuturo bwera. Ahubwo muri<br />

Bibiliya bahasanzemo ubusobanuro bwuzuye bw’ingingo yerekeye ubuturo bwera, imiterere<br />

yabwo, aho buri, ndetse n’imirimo ibukorerwamo. Bityo ibihamya by’abanditsi bera bibaha<br />

ubusobanuro bwumvika<strong>na</strong> neza kandi bufatika bituma ibyibazwaga byose bishira. Mu<br />

Rwandiko yandikiye Abaheburayo intumwa Pawulo aravuga ati: “Isezerano rya mbere ryo<br />

ryari rifite imihango y’ubutambyi, rifite n’Ahera h’iyi si; <strong>ku</strong>ko hariho ihema ribanzirizwamo,<br />

ryarimo igitereko cy’amatabaza, n’ameza, n’imitsima iyateretseho imbere y’Ima<strong>na</strong>; rikitwa<br />

Ahera. Kandi hirya y’inyegamo y’umwenda wa kabiri ukinze, hariho ihema, hitwa Ahera<br />

cyane. Aho harimo icyotero cyacuzwe mu izahabu, n’isandu<strong>ku</strong> y’isezerano yayagirijweho<br />

izahabu impande zose, irimo urwabya rw’izahabu rurimo manu, irimo <strong>na</strong> ya nkoni ya Aroni<br />

yapfunditse uburabyo <strong>na</strong> bya bisate by’amabuye byanditsweho isezerano. Hejuru yayo hariho<br />

Abakerubi b’icyubahiro bateye igicucu intebe y’imbabazi.” 546<br />

Ubuturo bwera Pawulo avuga muri iyi mirongo ni ihema ry’ibo<strong>na</strong>niro ryubatswe <strong>na</strong> Mose<br />

abitegetswe n’Ima<strong>na</strong> ngo ribe ubuturo bw’Isumbabyose <strong>ku</strong> isi. “Kandi bandemere ubuturo<br />

bwera, nture hagati muri bo.” 547 Ayo ni yo mabwiriza yari yahawe Mose igihe yari <strong>ku</strong><br />

303

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!