07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 23 – Ubuturo Bwera ni Iki?<br />

Isomo ryo muri Bibiliya ryarushije ayandi yose <strong>ku</strong>ba urufatiro n’inkingi byo kwizera<br />

kw’abategereje <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo ni iri rivuga ngo: “Bizageza iminsi ibihumbi bibiri <strong>na</strong><br />

maga<strong>na</strong> atatu uko bukeye bukira: nyuma ubuturo bwera buzabone kwezwa.” 544 Aya<br />

magambo yagiye amenywa cyane n’abizera bose ko <strong>ku</strong>za k’Umwami kwegereje. Abantu<br />

ibihumbi byinshi bagiye basubiramo aya magambo y’ubuhanuzi nk’ishingiro ryo kwizera<br />

kwabo. Bose bumvaga ko ibyo bategereje bihebuje ndetse n’ibyiringiro byabo byavuzwe muri<br />

iri somo byagombaga <strong>ku</strong>baho. Iyo minsi y’ubuhanuzi yari yagaragajwe ko izarangira mu<br />

muhindo w’umwaka wa 1844. Icyo gihe Abadiventisiti kimwe n’abandi Bakristo bo <strong>ku</strong> isi,<br />

bizeraga ko isi cyangwa se igice cyayo ru<strong>na</strong>ka ari ubuturo bwera. Bumvaga ko kwezwa<br />

k’ubuturo bwera ari ugutunganywa kw’isi itunganyijwe n’umuriro wo <strong>ku</strong> munsi ukomeye<br />

uheruka, kandi ko ibi byagombaga <strong>ku</strong>baho Kristo agarutse. Aho ni ho ba<strong>ku</strong>ye umwanzuro<br />

uvuga ko Kristo yagombaga <strong>ku</strong>garuka <strong>ku</strong> isi mu mwaka wa 1844.<br />

Nyamara igihe cyari cyavuzwe cyarageze ariko Kristo ntiyaza. Abizera bari bazi yuko<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ritabasha guhera ridasohoye. Uko basobanuraga ubuhanuzi kwabayemo<br />

kwibeshya; ariko se ikosa ryabo ryari riri he? Benshi bihutiye guhaka<strong>na</strong> ko iminsi 2300<br />

yarangiye mu mwaka wa 1844. Nta mpamvu n’imwe yajyaga gutangwa uretse iyo <strong>ku</strong>ba Kristo<br />

ataraje igihe yari ategerejweho. Bajyaga impaka bavuga ko niba iyo minsi y’ubuhanuzi<br />

yararangiye mu 1844, Kristo yagombye <strong>ku</strong>ba yaraje kweza ubuturo bwera akoresheje<br />

kwejesha isi umuriro; kandi ko <strong>ku</strong>va ataraje, ubwo rero iyo minsi ntiyashoboraga <strong>ku</strong>ba<br />

yararangiye.<br />

Kwemera uwo mwanzuro kwari uguhaka<strong>na</strong> ibyari byarasesenguwe mbere byerekeye ibihe<br />

by’ubuhanuzi. Bari barabonye ko iminsi 2300 yatangiriraga igihe itegeko ryo gusa<strong>na</strong> no<br />

<strong>ku</strong>baka Yerusalemu ryashyirwagaho <strong>na</strong> Artaxerxes (Aritazerusi) rigashyirwa mu bikorwa mu<br />

muhindo w’umwaka wa 457 mbere ya Kristo. Hafashwe ko iki ari cyo gihe cy’itangiriro, nta<br />

kwihenda kwaba kwarabaye <strong>ku</strong> byavuzwe byagaragajwe mu busobanuro bw’icyo gihe<br />

kivugwa muri Daniyeli 9:25-27. Ibyumweru mirongo itandatu n’icyenda, ari yo myaka 483<br />

ibanza yo mu myaka 2300, ni byo byagombaga <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong>ri Mesiya, Uwasizwe; kandi<br />

umubatizo wa Kristo ndetse no gusigwa <strong>na</strong> Mwuka Wera, mu mwaka wa 27 N.K 545,<br />

byasohoje rwose ibyari byaravuzwe. Hagati mu cyumweru cya mirongo irindwi, Mesiya<br />

yagombaga gu<strong>ku</strong>rwaho. Nyuma y’imyaka itatu n’igice amaze <strong>ku</strong>batizwa, Kristo yarabambwe,<br />

hari mu gihe cy’urugaryi rw’umwaka wa 31 N.K. Igihe cyose cy’ibyumweru mirongo irindwi<br />

cyangwa imyaka 490 cyari kigenewe Abayuda by’umwihariko. Mu iherezo ry’icyo gihe,<br />

ishyanga ry’Abayuda ryahamije ko ryanze Kristo binyuze mu gutoteza abigishwa be, maze<br />

mu mwaka wa 34 N.K intumwa zerekeza mu banyamahanga. Bityo imyaka 490 ibanza mu<br />

myaka 2300 iba irarangiye, hasigara imyaka 1810. Uhereye mu mwaka wa 34, usanga ya<br />

myaka 1810 igenda ikagera mu mwaka wa 1844. Marayika yaravuze ati: “Ubuturo bwera<br />

302

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!