07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 2 – Umuriro <strong>na</strong> Gutotezwa<br />

Igihe Yesu yahanuriraga abigishwa be iby’isenywa rya Yerusalemu n’ibyo <strong>ku</strong>garuka kwe,<br />

ya<strong>na</strong>bahanuriye ibizaba <strong>ku</strong> bantu be uhereye igihe yagombaga gutandukaniraho <strong>na</strong> bo asubiye<br />

mu ijuru <strong>ku</strong>geza igihe azagarukira afite ububasha n’i<strong>ku</strong>zo aje <strong>ku</strong>bacungura. Umukiza ari <strong>ku</strong><br />

musozi w’imyelayo, yarebaga umuraba w’akaga wari hafi yo kwisuka <strong>ku</strong> itorero ry’intumwa,<br />

maze akomeje <strong>ku</strong>reba <strong>ku</strong>re mu bihe bizaza abo<strong>na</strong> imivurungano ikaze kandi y’injya<strong>na</strong>muntu<br />

yagombaga <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> bayoboke be mu myaka yari igiye gu<strong>ku</strong>rikiraho yari <strong>ku</strong>rangwa<br />

n’umwijima no <strong>ku</strong>renganywa. Mu magambo make ariko afite ubusobanuro bukomeye,<br />

yabahanuriye ibyo abategetsi b’iyi si bagombaga <strong>ku</strong>zakorera itorero ry’Ima<strong>na</strong>. Matayo 24:9,<br />

21, 22. Abayoboke ba Kristo bagomba <strong>ku</strong>nyura mu nzira yo gusuzugurwa, gukozwa isoni<br />

ndetse no <strong>ku</strong>babazwa nk’iyo Umwigisha wabo yanyuzemo. Urwango rwagaragarijwe<br />

Umucunguzi w‘isi rwagombaga no <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> bazamwizera bose.<br />

Amateka y’itorero rya mbere yabaye igihamya cyereka<strong>na</strong> ko ibyo Umukiza yavuze<br />

byasohoye. Imbaraga z’isi n’iz’i<strong>ku</strong>zimu zafatanyirije hamwe <strong>ku</strong>rwanya Kristo binyuze mu<br />

<strong>ku</strong>renganya abayoboke be. Abapagani babonye hakiri kare ko ubutumwa bwiza nibutsinda,<br />

insengero nzabo n’intambiro zabo bizasenywa; ni yo mpamvu bakoresheje imbaraga zabo<br />

zose <strong>ku</strong>gira ngo ba<strong>ku</strong>reho Ubukristo. Umuriro w’akarengane warakongejwe. Abayoboke ba<br />

Kristo bambuwe ibyo batunze kandi birukanwa mu mazu yabo. « Bihanganiraga imibabaro<br />

y’intambara nyinshi” Abaheburayo 10:32. «Abandi bakageragereshwa gushinyagurirwa no<br />

gu<strong>ku</strong>bitwa ibiboko, ndetse no <strong>ku</strong>bohwa no gushyirwa mu nzu y’imbohe.” Abaheburayo<br />

11:36. Benshi bahamishije kwizera no guhamya kwabo amaraso yabo. Abanyacyubahiro<br />

n’abacakara, abakire n’abakene, abanyabwenge n’abatarize, bose bishwe nta mbabazi.<br />

Ako karengane katangiye mu gihe cy’ubutegetsi bwa Nero ahaga<strong>na</strong> mu gihe Pawulo<br />

yiciwemo ahorwa kwizera kwe, kakomeje gukorwa kagenda gakaza umurego cyangwa<br />

gacogora mu binyeja<strong>na</strong> bya<strong>ku</strong>rikiyeho. Abakristo baregwaga babeshyerwa gukora ibyaha bibi<br />

bikabije kandi bakavugwa ko ari bo bateza ama<strong>ku</strong>ba nk’inzara, indwara z’ibyorezo ndetse<br />

n’imitingito. Bitewe nuko bari banzwe cyane n’abantu bose kandi bakabakekaho ibibi, hari<br />

abantu bahoraga biteguye <strong>ku</strong>gambanira inzirakarengane <strong>ku</strong>gira ngo bibonere indamu.<br />

Babaciraga urubanza babashinja kwigomeka <strong>ku</strong> butegetsi, <strong>ku</strong>ba abanzi b’idini ndetse bakaba<br />

ari bo ntandaro y’ibyorezo byibasira abantu.<br />

Benshi muri bo bagaburiwe inyamaswa z’inkazi cyangwa bagatwikwa ari bazima imbere<br />

ya rubanda mu mazu y’imikino. Bamwe muri bo barabambwe, abandi bambikwa impu<br />

z’inyamaswa zo mu ishyamba bajugunywa mu mazu y’imyidagaduro <strong>ku</strong>gira ngo imbwa<br />

zibashwanyaguze. Akenshi ibyo bihano bahabwaga ni byo abantu bagiraga gahunda<br />

nyamu<strong>ku</strong>ru yo kwishimisha mu minsi mi<strong>ku</strong>ru yahuzaga abantu bose. Abantu benshi cyane<br />

batera<strong>na</strong>ga banejejwe no <strong>ku</strong>bashungera maze mu gihe babaga batakishwa n’umubabaro<br />

basamba bakabikiriza babaseka kandi babakomera amashyi.<br />

23

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!