07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Imyumvire y’abari bacyizera ko Ima<strong>na</strong> yari yarabayoboye mu byababayeho mu bihe<br />

byashize igaragazwa mu magambo William Miller yanditse agira ati: “Iyaba byashobokaga<br />

ko nongera gutangira ubuzima <strong>na</strong>bayeho, mfite ibihamya nk’ibyo <strong>na</strong>ri mfite cya gihe, ni u<strong>ku</strong>ri<br />

mbaye indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> no <strong>ku</strong> bantu, <strong>na</strong>gombye gukora nk’uko <strong>na</strong>koze.” “Ndiringira ko<br />

<strong>na</strong>meshe imyenda yanjye nkaba ntabarwaho amaraso ya bagenzi banjye. Nk’uko byari mu<br />

bushobozi bwanjye, ndumva ntabarwaho icyaha cyose mu gucirwaho iteka kwabo.” Uwo<br />

muntu w’Ima<strong>na</strong> yarongeye arandika ati: “Nubwo incuro ebyiri zose ntabonye ibyo <strong>na</strong>ri<br />

ntegereje, ntabwo nigeze ntembagara ngo ncike intege. . . Uko niringiye <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo<br />

biracyankomeyemo nka mbere. Nyuma y’imyaka myinshi yo gutekereza nitonze, <strong>na</strong>koze gusa<br />

ibyo niyumvisemo ko ari inshingano yanjye ikomeye ngomba gukora. Niba <strong>na</strong>ribeshye,<br />

<strong>na</strong>bikoze <strong>ku</strong>bw’uru<strong>ku</strong>ndo rundimo n<strong>ku</strong>nda bagenzi banjye ndetse no <strong>ku</strong>bera inshingano mfite<br />

imbere y’Ima<strong>na</strong>.” “Icyo nzi ni kimwe: sinigeze ngira icyo mbwiriza uretse ibyo nizeraga;<br />

kandi Ima<strong>na</strong> yabanye <strong>na</strong>njye; ububasha bwayo bwigaragarije mu murimo <strong>na</strong>koraga kandi<br />

ibintu byinshi byiza byarakozwe.” “Uko abantu bose babibo<strong>na</strong>, bigaragara ko abantu ibihumbi<br />

byinshi bakangukiye kwiga Ibyanditswe babitewe n’ibibwirizwa by’icyo gihe; kandi muri<br />

ubwo buryo, <strong>ku</strong>bwo kwizera no kwezwa mu maraso ya Kristo, biyunze n’Ima<strong>na</strong>.” 541<br />

“Sinigeze mparanira <strong>ku</strong>vugwa neza n’abibone, nta nubwo nigeze mpinda umushyitsi imbere<br />

y’ama<strong>ku</strong>ba ntejwe n’ab’isi. Ubu sinzigera mbasaba <strong>ku</strong>ndeba neza, kandi nta n’ubwo nzigera<br />

nkora ibirenze ibyo nsabwa <strong>ku</strong>gira nkangure urwango rwabo. Sinzigera mbasaba <strong>ku</strong>rokora<br />

ubugingo bwanjye, cyangwa ngo <strong>na</strong>nge <strong>ku</strong>butanga niba Ima<strong>na</strong> mu <strong>ku</strong>gira neza kwayo yemeye<br />

ko ari ko bigenda.” 542<br />

Ntabwo Ima<strong>na</strong> yigeze iterera<strong>na</strong> abayo. Mwuka wayo yakomeje <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong> n’abatarihutiye<br />

kwanga umucyo bari barakiriye kandi ngo bahakane inyigisho z’itsinda ryabwirizaga<br />

ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Mu Rwandiko rwandikiwe Abaheburayo hari<br />

amagambo yo gutera ubutwari no <strong>ku</strong>burira abageragejwe kandi bari bategereje muri icyo gihe<br />

cy’akaga: “Nuko rero ntimute ubushizi bw’ubwoba bwanyu, bufite ingororano ikomeye.<br />

Kuko mukwiriye kwihanga<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>gira ngo nimumara gukora ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka, muzahabwe<br />

ibyasezeranijwe. Haracyasigaye igihe kigufi cyane, kandi uzaza, ntazatinda. Ariko<br />

umukiranutsi wanjye azabeshwaho no kwizera. Nyamara <strong>na</strong>subira inyuma, umutima wanjye<br />

ntuzamwishimira. Ariko twebweho ntidufite gusubira inyuma ngo turimbuke, ahubwo dufite<br />

kwizera, <strong>ku</strong>gira ngo tuzakize ubugingo bwacu.” 543<br />

Kuba iyi mpuguro ibwirwa itorero ryo mu minsi y’imperuka bigaragarira mu magambo<br />

yereka<strong>na</strong> ko <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza kwegereje agira ati: “Haracyasigaye igihe kigufi cyane<br />

kandi uzaza ntazatinda.” Ayo magambo yereka<strong>na</strong> mu buryo busobanutse ko hashobora<br />

<strong>ku</strong>baho igisa no gutinda kandi ko Umukiza asa n’aho atinze. Amabwirizwa atangwa ahangaha<br />

ajyanye by’umwihariko n’ibyabaye <strong>ku</strong> Badiventisiti muri icyo gihe. Abantu babwirwaga ayo<br />

magambo bari mu kaga ko <strong>ku</strong>rohama mu kwizera. Bari barakoze iby’ubushake bw’Ima<strong>na</strong><br />

ba<strong>ku</strong>rikije amabwiriza ya Mwuka w’Ima<strong>na</strong> n’ijambo ryayo; nyamara ntibashoboraga<br />

gusobanukirwa n’umugambi wayo mu byari byarababayeho, kandi nta nubwo bashoboraga<br />

300

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!