07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubutumwa bwa marayika wa mbere n’ubw’uwa kabiri bwavuzwe mu gihe gikwiye kandi<br />

bwakoze umurimo Ima<strong>na</strong> yari yaragenye ko buzakora.<br />

Abatuye isi bose bari bahanze amaso Abadiventisiti, biteze ko gahunda n’imikorere yabo<br />

yose bizarekwa ubwo igihe cyari <strong>ku</strong>rangira maze Kristo ntiyigere aza. Ariko mu gihe hari<br />

abantu benshi baretse ukwizera kwabo, bitewe n’ikigeragezo gikomeye banyuzemo,<br />

habayeho n’abandi bahagaraye bashikamye. Imbuto z’itsinda ryavugaga ubutumwa bwo<br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, umwuka wo kwicisha bugufi no kwiha<strong>na</strong> mu mutima, umwuka wo<br />

kwitandukanya n’iby’isi no <strong>ku</strong>vugurura imibereho waranze umurimo, wahamije ko uwo<br />

murimo wari uw’Ima<strong>na</strong>. Ntabwo bahangaye guhaka<strong>na</strong> ko imbaraga ya Mwuka Muziranenge<br />

yaherekeje ibwirizwa ry’ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, kandi nta kosa babo<strong>na</strong>ga mu<br />

buryo bumvaga ibihe by’ubuhanuzi. Ababarwanyaga b’abanyambaraga ntibari barageze <strong>ku</strong><br />

ntego yabo yo gusenya uburyo basobanuraga ubuhanuzi. Ntibashoboraga kwemera <strong>ku</strong>reka<br />

ibyo bizeraga babaga baragezeho binyuze mu kwiga Ibyanditswe babishishikariye kandi<br />

basenga, batabonye igihamya cya Bibiliya gitanzwe n’abantu bamurikiwe <strong>na</strong> Mwuka<br />

w’Ima<strong>na</strong> kandi bafite imitima igurumanishwa n’imbaraga nzima ya Mwuka. Ibyo bizeraga<br />

byabaga byarashoboye gutsinda ijorwa rikomeye ndetse no <strong>ku</strong>rwanywa bikabije n’abigisha<br />

b’ibimenyabose mu by’idini ndetse n’abanyabwenge mu by’isi. Byabaga kandi byaratsinze<br />

imbaraga zishyize hamwe z’ubuhanga n’ubutyoza ndetse no gukerenswa no gusuzugurwa<br />

n’abanyacyubahiro kimwe n’aboroheje.<br />

Ni iby’u<strong>ku</strong>ri ko hari harabayeho gutsindwa <strong>ku</strong> byerekeye ibyari byitezwe ko byagombaga<br />

<strong>ku</strong>baho, nyamara n’ibyo ntibyashoboraga guhungabanya kwizera ijambo ry’Ima<strong>na</strong> kwabo.<br />

Ubwo Yo<strong>na</strong> yatangazaga ubutumwa mu nzira z’umujyi wa Niniwe ko mu minsi mirongo ine<br />

uwo mujyi uzasenywa, Uhoraho yemeye kwicisha bugufi kw’Abanyaniniwe maze abongerera<br />

igihe cy’imbabazi. Nyamara ubutumwa Yo<strong>na</strong> yari yigishije bwari bwaturutse <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>, kandi<br />

Niniwe yagenzuwe mu buryo buhuye rwose n’ubushake bw’Ima<strong>na</strong>. Abadiventisiti bizeye mu<br />

buryo nk’ubwo ko Ima<strong>na</strong> yari yabahamagariye <strong>ku</strong>vuga ubutumwa bw’imbuzi bwerekeye<br />

urubanza. Baravuze bati: “Uwo muburo wagenzuye imitima y’abantu bose bawumvise kandi<br />

ukangurira abantu gu<strong>ku</strong>nda u<strong>ku</strong>za k’Umukiza <strong>na</strong>ho <strong>ku</strong> rundi ruhande uwo muburo ubyutsa<br />

urwango rutagaragara neza rwo kwanga <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza, nyamara urwo rwango ruzwi<br />

n’Ima<strong>na</strong>. Uwo muburo waciye umurongo, . . <strong>ku</strong>gira ngo abari gusuzuma imitima yabo<br />

babashe <strong>ku</strong>menya uruhande bari guhereramo iyo Umukiza Yesu ajya <strong>ku</strong>ba yaraje igihe yari<br />

yitezwe. Uwo murongo waberetse niba barajyaga <strong>ku</strong>vuga n’ijwi rirenga bati: “Dore! Iyi ni yo<br />

Ma<strong>na</strong> yacu twategereje, ni yo izadukiza;” cyangwa niba bari gutakira ibitare n’imisozi ngo<br />

bibagwire <strong>ku</strong>gira ngo bibahishe amaso y’Iyicaye <strong>ku</strong> ntebe ndetse n’umujinya w’Umwa<strong>na</strong><br />

w’Intama. Nk’uko tubyizera, Ima<strong>na</strong> yagerageje aba<strong>na</strong> bayo muri ubwo buryo. Yagerageje<br />

ukwizera kwabo, irabagenzura <strong>ku</strong>gira ngo irebe ko mu gihe cy’ibigeragezo bashobora<br />

gusubira inyuma bakava mu mwanya yashoboraga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko yabashyiramo cyangwa niba<br />

bari <strong>ku</strong>zibukira iyi si kandi bagashingira ibyiringiro byabo mu ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.” 540<br />

299

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!