07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

cyarahise, Umukiza ntiyari yaraje nk’uko bari bamwiteze, kandi isi yashoboraga <strong>ku</strong>guma uko<br />

yari iri mu gihe cy’imyaka ibihumbi byinshi.<br />

Abizera bamaramaje kandi b’indahemuka bari barahaze byose <strong>ku</strong>bwa Kristo kandi bari<br />

barishimiye <strong>ku</strong>ba<strong>na</strong> <strong>na</strong>we <strong>ku</strong>ruta mbere. Nk’uko babyizeraga, bari baraburiye isi ubuheruka;<br />

kandi <strong>ku</strong>bwo kwiringira ko bidatinze bagiye kwakirwa mu muryango w’Umutware wabo wo<br />

mu ijuru n’abamarayika bo mu ijuru, <strong>ku</strong> rwego rukomeye, bari baritandukanyije <strong>na</strong> rubanda<br />

rwose rutakiriye ubwo butumwa. Bari baragiye basenga<strong>na</strong> umwete bagira bati: “Ngwino,<br />

Mwami Yesu! Ngwino vuba.” Nyamara ntiyaje. Noneho rero kongera kwikorera umutwaro<br />

uremereye w’ibirushya byo mu buzima n’ibitera <strong>ku</strong>gira umutima uhagaze, ndetse no<br />

kwihanganira gukozwa isoni no gukwenwa n’ab’isi; ibyo byari ikigeragezo gikomeye cyo<br />

kwizera kwabo no kwihanga<strong>na</strong>.<br />

Nyamara uko gukorwa n’isoni ntikwari gukomeye nk’uko abigishwa bagize igihe cyo<br />

<strong>ku</strong>za bwa Kristo bwa mbere. Ubwo Yesu yinjiraga muri Yerusalemu nk’umuneshi,<br />

abayoboke be bibwiye ko agiye kwima ingoma y’ubwami bwa Dawidi maze agakiza<br />

Abisirayeli ababakandamizaga. Kubera ibyiringiro bari bafite n’ibyo bari barangamiye<br />

binejeje, bakora<strong>na</strong>ga ishyaka baharanira guhesha i<strong>ku</strong>zo Umwami wabo. Benshi baramburaga<br />

imyambaro yabo mu nzira yanyuragamo, cyangwa bagasasa amashami y’imikindo afite<br />

ibibabi byinshi. Muri ibyo byishimo byinshi bari bafite, bafatanyirije hamwe bavuga bati:<br />

“Hoziya<strong>na</strong> mwene Dawidi!” Ubwo Abafarisayo bari babujijwe amahwemo kandi barakajwe<br />

n’urwo rusa<strong>ku</strong> rw’ibyishimo, basabye Yesu gucecekesha abigishwa be maze arabasubiza ati:<br />

“Ndababwira yuko aba bahoze, amabuye yarangurura.” 537 Ubuhanuzi bwagombaga<br />

gusohora. Abigishwa basohozaga ubushake bw’Ima<strong>na</strong>; nyamara bari bategereje <strong>ku</strong>gerwaho<br />

no gucika intege gukomeye. Ariko hashize iminsi mike gusa, biboneye urupfu ruteye<br />

agahinda rw’Umukiza kandi bamubo<strong>na</strong> ahambwa mu mva. Icyo bari bategereje<br />

nticyagezweho kandi ibyiringiro byabo <strong>na</strong>byo byapfanye <strong>na</strong> Kristo. Igihe Umwami Yesu<br />

yavaga mu mva anesheje urupfu, ni bwo bashoboye gusobanukirwa ko byose byari<br />

byaravuzwe n’ubuhanuzi, kandi ko “Kristo akwiriye <strong>ku</strong>babazwa no <strong>ku</strong>zuka mu bapfuye.” 538<br />

Mu myaka maga<strong>na</strong> atanu yari ishize, Umukiza yari yaravugiye mu kanwa kw’umuhanuzi<br />

Zekariya ati: “Nezerwa cyane wa mukobwa w’i Siyoni we! Rangurura wa mukobwa w’i<br />

Yerusalemu we, dore umwami wawe aje aho uri; ni we mukiranutsi, kandi azanye agakiza;<br />

yicishije bugufi agendera <strong>ku</strong> ndogobe, ndetse no <strong>ku</strong> cya<strong>na</strong> cyayo.” 539 Iyo abigishwa<br />

bamenya ko Kristo yari agiye gucirwa urubanza ndetse agapfa, ntibaba barasohoje ubu<br />

buhanuzi.<br />

Mu buryo nk’ubwo, Miller <strong>na</strong> bagenzi be basohoje ubuhanuzi maze bamamaza ubutumwa<br />

Ima<strong>na</strong> yari yaravuze ko buzabwirwa abatuye isi, ariko ntibaba barabwamamaje iyo baza <strong>ku</strong>ba<br />

barasobanukiwe neza n’ubuhanuzi bwereka<strong>na</strong>ga gucika intege kwabo, kandi bukagaragaza<br />

ubundi butumwa bugomba <strong>ku</strong>bwirizwa amahanga yose mbere yo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza.<br />

298

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!