07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

abandi bazanwe no <strong>ku</strong>negura — maze bageraho bagafatwa n’imbaraga yemeza imitima<br />

yajyanira<strong>na</strong>ga n’ubu butumwa ngo, “Dore Umukwe araje!”<br />

Muri icyo gihe, hariho ukwizera kwatumaga amasengesho asubizwa, ukwizera kwari<br />

kwishingikirije <strong>ku</strong> ngororano. Nk’uko ibitonyanga by’imvura bigwa mu butaka bwumye, ni<br />

ko Mwuka w’ubuntu yamanukiraga abashakaga Ima<strong>na</strong> babishishikariye. Abari bategereje ko<br />

bidatinze bagiye guhagarara imbere y’Umucunguzi wabo bareba<strong>na</strong> amaso <strong>ku</strong> maso, bumvaga<br />

bafite ibyishimo bitavugwa. Uko imigisha yayo yasukwaga <strong>ku</strong> ndahemuka n’abizera,<br />

imbaraga yoroshya kandi itsinda ya Mwuka Muziranenge yaturishaga imitima <strong>ku</strong> rugero<br />

runini.<br />

Abari barakiriye ubwo butumwa bategerezanyaga ubwitonzi ukwegereza kw’igihe bari<br />

biringiyemo gusanganira Umukiza wabo. Buri gitondo, bumvaga ko inshingano yabo ya<br />

mbere ari iyo <strong>ku</strong>mva bagite igihamya cy’uko bemerwa n’Ima<strong>na</strong>. Imitima yabo yari ihurijwe<br />

hamwe kandi bagasengera hamwe ndetse baka<strong>na</strong>sabira<strong>na</strong>. Inshuro nyinshi ba<strong>ku</strong>ndaga<br />

guteranira ahantu hiherereye <strong>ku</strong>gira ngo basabane n’Ima<strong>na</strong>, kandi amasengesho yabo<br />

yazamukaga mu ijuru aturutse aho babaga bateraniye haba mu mirima no mu mashyamba.<br />

Kumva ko bemewe n’Umukiza wabo ni byo byari ingenzi <strong>ku</strong>ri bo <strong>ku</strong>ruta gukenera ibyo<strong>ku</strong>rya<br />

bya buri munsi; kandi iyo intekerezo zabo zazagamo igicu cy’umwijima (urujijo),<br />

ntibahwemaga <strong>ku</strong>geza igihe icyo gicu cyeyukiye. Uko biyumvagamo ubuhamya bw’ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> bubabarira, ni ko barushagaho kwifuza <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Uwo ba<strong>ku</strong>ndaga cyane.<br />

Nyamara <strong>na</strong> none bari bagiye guhura no gucika intege bitewe no <strong>ku</strong>bura icyo bari<br />

bategereje. Igihe bari bategereje cyarahise maze Umukiza wabo ntiyaza. Bari bategereje<br />

<strong>ku</strong>garuka kwe bafite ibyiringiro bidahungabanywa, none ubu babaye nk’uko byagendekeye<br />

Mariya ubwo yageraga <strong>ku</strong> mva y’Umukiza maze agasanga irimo ubusa, bityo agataka aboroga<br />

ati: “Ba<strong>ku</strong>yemo Umwami wanjye sinzi aho bamujyanye.” 536<br />

Ku batizera, ubwoba butewe no gutekereza ko ubutumwa bwavugwaga bwaba ari<br />

ubw’u<strong>ku</strong>ri, bwamaze igihe ru<strong>na</strong>ka bubabereye inkomyi. Igihe cyavuzwe kimaze guhita, ubwo<br />

bwoba ntibwahise bubashiramo. Ku i<strong>ku</strong>bitiro ntibahangaye kwishima hejuru abo bantu bari<br />

bari mu mubabaro ukomeye wo <strong>ku</strong>tabo<strong>na</strong> icyo bari bategereje; ariko <strong>ku</strong>bera ko nta kimenyetso<br />

babo<strong>na</strong>ga cy’uburakari bw’Ima<strong>na</strong>, bashize bwa bwoba bari bafite maze batangira <strong>ku</strong>nenga no<br />

<strong>ku</strong>gira urw’amenyo ba bandi bari mu gahinda. Itsinda rinini ry’abantu bari baravuze ko bizera<br />

ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo bidatinze, baretse ukwizera kwabo. Abantu bamwe bari<br />

baragaragaweho ko bafite ibyiringiro cyane, bakozwe n’isoni cyane <strong>ku</strong> buryo bashatse<br />

guhunga bakava mu isi. Nk’uko Yo<strong>na</strong> yabigenje, bitotombeye Ima<strong>na</strong> maze bahitamo <strong>ku</strong>ba<br />

bapfa aho <strong>ku</strong>baho. Abari barashingiye ukwizera kwabo <strong>ku</strong> bitekerezo by’abandi aho<br />

gushingira <strong>ku</strong> ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, bari biteguye guhindura ibitekerezo byabo nka mbere.<br />

Abakobanyi binjije mu murongo wabo abanyantege nke n’ibigwari maze bose bavugira<br />

hamwe ko nta kintu cyo gutinywa gihari cyangwa icyo abantu bategereza. Igihe cyari<br />

297

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!