07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kwiha<strong>na</strong> ibibi, bicisha bugufi imbere y’Ima<strong>na</strong>, kandi habaho gusaba <strong>ku</strong>zuye kwiha<strong>na</strong><br />

n’umutima umenetse, basaba Ima<strong>na</strong> imbabazi ndetse no kwemerwa. Bwateje kwicisha bugufi<br />

no kwiyoroshya k’ubugingo mu buryo tutigeze tubo<strong>na</strong>. Nk’uko Uwiteka yari yarabitegetse<br />

abinyujije mu kanwa ka Yoweli, avuga iby’igihe umunsi ukomeye w’Ima<strong>na</strong> uzaba wegereje,<br />

iyo n<strong>ku</strong>ru yateye gushishimura imitima atari imyambaro, kandi itera abantu <strong>ku</strong>garukira<br />

Uhoraho biyiriza ubusa, barira kandi baboroga. Nk’uko Ima<strong>na</strong> yabivugiye mu muhanuzi<br />

Zekariya, umwuka w’ubuntu no kwambaza wasutswe <strong>ku</strong> ba<strong>na</strong> bayo; bitegereza uwo bacumise<br />

amacumu, maze igihugu cyose gicura umuborogo, . . . kandi abari bategereje Umukiza<br />

bacishiriza bugufi ubugingo bwabo imbere Ye.” 534<br />

Mu bubyutse bwose mu by’idini bwabayeho uhereye mu gihe cy’intumwa, nta <strong>na</strong> bumwe<br />

bwigeze bubaho butarangwamo inenge z’abantu n’ubuhendanyi bwa Satani nk’ubwabaye mu<br />

gihe cy’umuhindo w’umwaka wa 1844. Ndetse <strong>na</strong> n’ubu, nyuma y’imyaka myinshi, abantu<br />

bose bagize uruhare muri ubwo bubyutse kandi bashikamye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri baracyumva ko hari<br />

imbaraga yera yayoboraga uwo murimo wari uhiriwe kandi bahamya ko wakomokaga <strong>ku</strong><br />

Ma<strong>na</strong> koko.<br />

Ubwo ijwi ryavugaga ngo, “Dore Umukwe araje, nimusohoke mumusanganire!” abari<br />

bategereje “barahagurutse bakongeza amatara yabo.” Bigaga ijambo ry’Ima<strong>na</strong><br />

babishishikariye mu buryo butari bwarigeze bubaho. Ijuru ryohereje abamarayika ngo bajye<br />

gukangura abari baracitse intege no <strong>ku</strong>bategurira kwakira ubutumwa. Ntabwo umurimo<br />

wahagaze mu bwenge n’ubuhanga by’abantu, ahubwo washikamye mu bushobozi bw’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ntabwo abafite impano z’akataraboneka ari bo babaye aba mbere mu <strong>ku</strong>mva no <strong>ku</strong>mvira<br />

ihamagarwa ahubwo ni abacishije bugufi cyane n’abitanze. Abahinzi basize imyaka yabo yari<br />

mu mirima, abakanishi barambika hasi ibikoresho byabo bajya <strong>ku</strong>vuga ubutumwa bw’imbuzi<br />

bafite ishavu n’ibyishimo. Abari barigeze <strong>ku</strong>ba aba mbere muri uwo murimo babonetse mu<br />

bantu ba nyuma binjiye muri iyi gahunda yo <strong>ku</strong>vuga uwo muburo. Muri rusange, amatorero<br />

yakinze inzugi ntiyakira ubwo butumwa, maze umubare munini w’ababwakiriye<br />

witandukanya n’ayo matorero. Mu burinzi bw’Ima<strong>na</strong> uko kwamamazwa k’ubutumwa<br />

bw’imbuzi kwafatanyije n’ubutumwa bwa marayika wa kabiri maze biha imbaraga uwo<br />

murimo.<br />

Ubutumwa bugira buti, “Dore Umukwe araje,” ntibwari bukigirwaho impaka cyane,<br />

nubwo igihamya cyatangwaga n’Ibyanditswe cyagaragaraga kandi kidashidikanywaho.<br />

Ubwo butumwa bwaherekejwe n’imbaraga ikomeye yakanguraga imitima. Nta gushidikanya<br />

cyangwa <strong>ku</strong>baza byinshi kwariho. Igihe Kristo yinjiraga muri Yerusalemu nk’umuneshi,<br />

abantu benshi bari bavuye hirya no hino mu gihugu baje kwizihiza umunsi mu<strong>ku</strong>ru, bihutiye<br />

<strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong> musozi wa Elayono maze ubwo bifatanyaga n’imbaga y’abantu bari bashagaye<br />

Yesu, <strong>na</strong>bo buzuwe n’ubwuzu bwariho muri iyo saha maze bafatanya n’abandi gutera hejuru<br />

bavuga bati: “Hoziya<strong>na</strong> mwene Dawidi, hahirwa uje mu izi<strong>na</strong> ry’Uwiteka!” 535 Ni muri ubwo<br />

buryo, abatizera bagiye baza mu materaniro y’Abadiventisiti — bamwe bazanwe n’amatsiko,<br />

296

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!