07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bwera, yarasohokaga agaha abantu umugisha. Bityo, abantu bizeraga ko Kristo Umutambyi<br />

wacu mu<strong>ku</strong>ru uruta abandi azaza kweza isi akoresheje <strong>ku</strong>rimbura icyaha n’abanyabyaha,<br />

kandi agaha <strong>ku</strong>dapfa abamutegereje. Umunsi wa cumi w’ukwezi kwa karindwi, ari wo wari<br />

umunsi mu<strong>ku</strong>ru w’impongano ndetse n’igihe cyo kweza ubuturo bwera, mu mwaka wa 1844<br />

wahuye n’itariki ya 22 Ukwakira, maze ufatwa ko ari wo munsi Umukiza yagombaga <strong>ku</strong>zaho.<br />

Ibyo byari bihuye n’ibihamya byari byaravuzwe byereka<strong>na</strong>ga ko iminsi 2300 yagombaga<br />

<strong>ku</strong>rangira mu muhindo maze uwo mwanzuro ugaragara nk’u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>da<strong>ku</strong>ka.<br />

Mu mugani wanditswe muri Matayo 25 igihe cyo gutegereza n’icyo guhunikira<br />

bya<strong>ku</strong>rikiwe no <strong>ku</strong>za k’Umukwe. Ibyo byari bihuje rwose n’ingingo tumaze <strong>ku</strong>vuga zivuye<br />

mu buhanuzi no mu bishushanyo. Izo mpamvu zateye kwemera gukomeye ko ibyavuzwe ari<br />

u<strong>ku</strong>ri, bityo abizera ibihumbi byinshi bafatanyiriza hamwe <strong>ku</strong>mvikanisha “urusa<strong>ku</strong> rwa mu<br />

gicu<strong>ku</strong>.”<br />

Nk’uko umuraba utewe n’in<strong>ku</strong>bi y’umuyaga umera ni ko kwamamaza ubutumwa bwo<br />

<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwasakaye mu gihugu cyose. Iyo n<strong>ku</strong>ru yavaga mu mujyi ijya mu<br />

wundi, iva mu mudugudu ijya mu wundi ndetse igera no mu turere twa <strong>ku</strong>re mu cyaro, <strong>ku</strong>geza<br />

ubwo aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> bari bategereje bakanguwe rwose. Ubwaka (gukabya mu myizerere)<br />

bwayoyokeye imbere y’uko kwamamazwa k’ubwo butumwa nk’uko ikime cya mugitondo<br />

gitamururwa n’izuba rirashe. Abizera babonye gushidikanya n’inkeke bari bafite biyoyoka<br />

maze ibyiringiro n’ubutwari bikangura imitima yabo. Uwo murimo wakorwaga<br />

ntiwarangwagamo kwa gukabya gu<strong>ku</strong>nze <strong>ku</strong>garagara igihe habayeho gukanguka gukomeye<br />

kw’abantu nyamara batayobowe n’imbaraga y’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> Mwuka wayo. Byasaga<br />

<strong>na</strong> bya bihe byo kwicisha bugufi no <strong>ku</strong>garukira Uwiteka byabaye kera igihe ubwoko<br />

bw’Abisirayeli bwumviraga ubutumwa bwo <strong>ku</strong>bukebura bwagezwagaho n’abagaragu<br />

b’Ima<strong>na</strong>. Bwari bufite ibimenyetso biranga umurimo w’Ima<strong>na</strong> mu bihe byose. Nta gutwarwa<br />

n’ibyishimo by’indengakamere wabo<strong>na</strong>ga mu bantu ahubwo wababo<strong>na</strong><strong>na</strong>ga kwisuzuma mu<br />

mitima, kwiha<strong>na</strong> ibyaha no kwitandukanya n’iby’isi. Kwitegura <strong>ku</strong>jya gusanganira Umukiza<br />

ni wo mutwaro wari uremereye iyo mitima yari ishengutse. Bakomezaga gusenga bihanganye<br />

kandi bakiyegurira Ima<strong>na</strong> batizigamye.<br />

Ubwo Miller yavugaga iby’uwo murimo yaravuze ati: “Ntihakiriho gutwarwa<br />

n’ibyishimo; birasa n’aho biteganyirijwe ikindi gihe cy’ahazaza ubwo isi n’ijuru bizishimira<br />

hamwe ibyishimo bitavugwa kandi byuzuye i<strong>ku</strong>zo. Nta jwi <strong>na</strong> rimwe ririho, ibyo <strong>na</strong>byo<br />

bitegenirijwe igihe ijwi rizavugira mu ijuru. Abaririmbyi baracecetse, bategereje gufatanya<br />

n’ingabo z’abamarayika, n’umutwe w’abaririmbyi bazaturuka mu ijuru. . . Nta guhanga<strong>na</strong><br />

kw’ibitekerezo: abantu bose bahuje umutima n’intekerezo.” 533<br />

Undi muntu <strong>na</strong>we wagize uruhare muri iryo tsinda ryamamazaga ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka<br />

kwa Kristo yarahamije ati: “Ahantu hose ubwo butumwa bwatumye habaho kwicunuza<br />

gukomeye mu mitima ndetse no kwicisha bugufi k’ubugingo imbere y’Ima<strong>na</strong> nyirijuru.<br />

Bwateye abantu gu<strong>ku</strong>ra imitima yabo <strong>ku</strong> by’isi, amakimbirane n’umwiryane birashira, habaho<br />

295

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!