07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Akoresheje ubu buryo, Satani yashakaga <strong>ku</strong>rwanya no <strong>ku</strong>rimbura umurimo w’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abantu bari barakanguwe bikomeye cyane n’ubutumwa bw’Abadiventisiti. Abanyabyaha<br />

ibihumbi byinshi bari barahindutse, kandi abantu b’indahemuka bitangiraga umurimo wo<br />

kwamamaza u<strong>ku</strong>ri ndetse no muri cya gihe cyo gutinda. Umwami w’ibibi yakomezaga<br />

gutakaza abantu be; kandi <strong>ku</strong>gira ngo akoze isoni umurimo w’Ima<strong>na</strong>, yashatse uko yashuka<br />

abavuga ko bafite ukwizera no <strong>ku</strong>batera <strong>ku</strong>ba abahezanguni. Bityo abamukorera bari biteguye<br />

<strong>ku</strong>ririra <strong>ku</strong> ikosa ryose, gutsindwa kose ndetse n’igikorwa cyose kidatunganye maze<br />

bakabishyira imbere ya rubanda babi<strong>ku</strong>ririje <strong>ku</strong>gira ngo bangishe abantu Abadiventisiti ndetse<br />

no kwizera kwabo. Bityo, uko yashoboraga <strong>ku</strong>gira umubare munini w’abantu atera kwizera<br />

ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kandi mu mitima yabo bagengwa n’imbaraga ye, ni ko<br />

yari <strong>ku</strong>byungukiramo cyane atera abantu <strong>ku</strong>bahanga amaso nk’abahagarariye abizera bose.<br />

Satani ni we “murezi wa benedata,” kandi umwuka we ni wo utera abantu <strong>ku</strong>jora amakosa<br />

n’inenge by’abantu b’Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>bashyira <strong>ku</strong> karubanda nyamara ibyiza bakora ntibyigere<br />

byitabwaho. Igihe Ima<strong>na</strong> iri <strong>ku</strong> murimo wo gukiza abantu, Satani <strong>na</strong> we ahora akora<br />

ubudatuza. Iyo aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> baje imbere y’Uwiteka, Satani <strong>na</strong> we aza hagati yabo. Mu<br />

bubyutse bwose bubaho, Satani aba yiteguye <strong>ku</strong>za<strong>na</strong>mo abantu batejejwe mu mitima ndetse<br />

<strong>na</strong> ba nyamujya irya n’ino. Igihe bene abo bemeye ingingo zimwe z’u<strong>ku</strong>ri maze bakabarwa<br />

mu bizera, Satani arabakoresha <strong>ku</strong>gira ngo yinjize inyigisho ziyobya abatari maso. Nta muntu<br />

n’umwe uhamywa ko ari Umukristo nya<strong>ku</strong>ri bitewe n’uko aboneka ko abarizwa mu itsinda<br />

ry’aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong>, ndetse n’iyo yaba aboneka mu rusengero kandi akaza <strong>ku</strong> meza y’Umwami.<br />

Satani a<strong>ku</strong>nze <strong>ku</strong>haba kenshi mu bihe by’imihango y’ingenzi yihindurije mu ishusho y’abantu<br />

ru<strong>na</strong>ka ashobora gukoresha nk’abakozi be.<br />

Satani arwanya n’agatambwe gato cyane ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> butera mu rugendo rwabwo<br />

buga<strong>na</strong> mu murwa wo mu ijuru. Mu mateka yose yaranze itorero, nta vugurura ryigeze<br />

rikorwa ngo ribure gusakira<strong>na</strong> n’imbogamizi zikomeye. Mu gihe cya Pawulo niko byagenze.<br />

Aho yashingaga itorero hose, habagaho abantu bavuga ko bizera nyamara bakinjiza ubuyobe<br />

mu itorero <strong>ku</strong> buryo iyo bwakirwa, bwari gu<strong>ku</strong>raho uru<strong>ku</strong>ndo abantu ba<strong>ku</strong>ndaga u<strong>ku</strong>ri nta<br />

kabuza. Luteri <strong>na</strong>we yahuye no guhangayika gukomeye ndetse n’umubabaro biturutse <strong>ku</strong><br />

mukorere y’abari bafite gukabya mu kwizera. Bavugaga ko Ima<strong>na</strong> yavuganye <strong>na</strong>bo mu buryo<br />

butaziguye, kandi <strong>ku</strong>bw’izo mpamvu bakaza<strong>na</strong> ibitekerezo byabo n’imyumvire yabo maze<br />

bakabiha agaciro <strong>ku</strong>ruta ibyo Ibyanditswe Byera bihamya. Abantu benshi bari babuze kwizera<br />

no <strong>ku</strong>maramaza nyamara bakagira umwuka wo <strong>ku</strong>mva bihagije, kandi baga<strong>ku</strong>nda <strong>ku</strong>mva no<br />

<strong>ku</strong>vuga ibintu bishya, baguye mu gishuko cy’abo bigisha bashya maze bifatanya n’abakorera<br />

Satani mu murimo wabo wo gusenya ibyo Ima<strong>na</strong> yari yaratumye Luteri <strong>ku</strong>baka. N’abayoboke<br />

ba Wesley <strong>na</strong> bo ndetse n’abandi bahesheje isi umugisha <strong>ku</strong>bw’imirimo yabo no kwizera<br />

kwabo, <strong>ku</strong>ri buri ntambwe yose bagiye bahura n’imitego ya Satani batezwe n’abantu b’abaka,<br />

badafite intekerezo zihamye ndetse n’abatejejwe bishoye mu bwaka bw’uburyo bwose.<br />

William Miller nta mpuhwe yagiriraga iyo mikorere yaganishaga <strong>ku</strong> bwaka. Kimwe <strong>na</strong><br />

Luteri yavuze ko umwuka wose ugomba gusuzumwa n’ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Miller yaravuze ati:<br />

290

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!