Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba iratinze, kandi iyerekwa ryose rirahebwe? Noneho ubabwire uti, ‘Uku ni ko Umwami Uwiteka avuga ngo. . . ‘Iminsi igeze hafi, n’iyerekwa ryose rigiye gusohozwa. Nta yerekwa ry’ibinyoma cyangwa ubupfapfa bwo kwihakirizwa, bizongera kuba mu nzu ya Isirayeli. Kuko ndi Uwiteka nzavuga, kandi ijambo nzavuga rizasohora. Ntabwo rizongera kurazikwa, kuko mu minsi yanyu mwa ab’inzu y’ubugome mwe, nzavuga kandi nzasohoza icyo navuze.” “Ab’inzu ya Isirayeli baravuga bati: ‘Iyerekwa yabonye rizasohora bishyize kera, kandi ahanura ibihe bikiri kure cyane. Nuko rero ubabwire uti, ‘Uku niko Umwami Uwiteka avuga ngo: “Amagambo yanjye yose nta na rimwe rizongera kurazikwa, ahubwo ijambo nzavuga rizasohora.” 524 Abo bari bategereje barishimaga, kuko bari bizeye ko wa wundi umenyera iherezo mu itangiriro yari yaritegereje mu myaka myinshi, abona ugucika intege kwabo mbere y’igihe. Yari yarabahaye amagambo atera ubutwari n’ibyiringiro. Iyo hatabaho uwo mugabane w’Ibyanditswe Byera wabasabaga gutegereza bihanganye no gushingira ibyiringiro byabo mu ijambo ry’Imana, ukwizera kwabo kwajyaga kudohoka muri icyo gihe cy’ikigeragezo. Umugani w’abakobwa cumi uvugwa muri Matayo 25 na wo werekana ibyabaye ku Badiventisiti. Muri Matayo 24, ubwo Kristo yasubizaga ikibazo cy’abigishwa be bamubazaga ibyerekeye ikimenyetso cyo kugaruka kwe n’icy’imperuka y’isi, yababwiye bimwe mu bizabaho by’ingenzi mu mateka y’isi no mu mateka y’itorero uhereye igice cyo kuza kwe kwa mbere ukageza igihe cyo kugaruka kwe. Ibimenyetso ni byo ibi: gusenyuka kwa Yerusalemu, igihe cy’umubabaro ukomeye w’itorero utewe no gutotezwa n’abapagani ndetse n’ubupapa, ukwijima kw’izuba n’ukwezi ndetse no kugwa kw’inyenyeli. Nyuma y’ibyo, yavuze ibyo kuza k’ubwami bwe kandi aca umugani w’amatsinda abiri atandukanye y’abagaragu bategereje kuza kwe. Igice cya 25 cy’ubutumwa bwa Matayo gitangiraza aya magambo: “Icyo gihe ubwami bwo mu ijuru buzagereranywa n’abakobwa cumi.” Muri aya magambo hagaragazwa itorero ryo mu minsi y’imperuka, rya rindi ryavuzwe mu iherezo ry’igice cya 24. Muri uyu mugani ibizaba ku b’itorero ryo mu minsi iheruka byerekanwe hifashishijwe imfashanyigisho y’ibyabaga mu bukwe bwo mu burasirazuba. “Icyo gihe ubwami bwo mu ijuru buzagereranywa n’abakobwa cumi, bajyanye amatabaza yabo bajya gusanganira umukwe. Ariko muri abo cumi, abatanu bari abapfu, abandi batanu bari abanyabwenge. Abapfu bajyanye amatabaza yabo, ntibajyana n’amavuta: ariko abanyabwenge bo bajyana amavuta mu mperezo zabo hamwe n’amatabaza yabo. Umukwe atinze bose barahunikira, barasinzira. Ariko nijoro mu gicuku habaho urusaku ngo ‘Umukwe araje! nimusohoke mumusanganire.” Ukugaruka kwa Kristo, nk’uko kwavuzwe n’ubutumwa bwa marayika wa mbere, kwagereranyijwe no kuza k’Umukwe. Umurimo mugari w’ivugurura wabayeho bitewe no kwamamaza ubutumwa bwo kugaruka kwa Kristo kwegereje ugereranywa no kwitabira ubukwe kw’abakobwa cumi. Amatsinda abiri y’abantu agaragara muri uwo mugani, nk’uko agaragara muri Matayo 24. Bose bari bafashe amatara yabo, (Bibiliya) kandi bari bayobowe 288

Itorero na Leta ku Rugamba n’umucyo wayo maze bajya gusanganira Umukwe. Ariko mu gihe “abakobwa b’abapfu bafataga amatara yabo, ntibajyanye n’amavuta ku ruhande,” “abakobwa b’abanyabwenge bo bajyana andi mavuta ku ruhande n’amatara yabo.” Aba bakobwa b’abanyabwenge bari barakiriye ubuntu bw’Imana, imbaraga ya Mwuka Muziranenge yabagiraga bashya kandi ikabamurikira ni yo yatumaga ijambo ry’Imana riba itara rimurikira ibirenge byabo n’umucyo umurika mu nzira bacamo. Kugira ngo basobanukirwe n’ukuri, bari barize Ibyanditswe Byera bafite gutinya (kubaha) Imana, kandi bashakashakanye umwete ubutungane bw’umutima n’ubugingo. Bari bafite ibyababayeho buri muntu ku giti cye byihariye. Bari bizeye Imana n’ijambo ryayo bitashoboraga gusenywa n’uko batabonye icyo bari biteze ndetse no gutinda kwacyo. Abandi, “bafashe amatara yabo, ntibajyana amavuta ku ruhande.” Bari bagiye batabanje gutekereza. Ubutumwa bukomeye bumvise bwari bwarakanguye ubwoba bwabo, ariko bari barishingikirije ku kwizera kwa bagenzi babo, banyurwa gusa n’umucyo udafite ishingiro waturukaga ku marangamutima meza yari abarimo badasobanukiwe ukuri neza cyangwa ngo bamenye iby’umurimo nyakuri w’ubuntu ukorerwa mu mitima. Abo bari baragiye gusanganira Umukiza bafite ibyiringiro byo kubona ingororano uwo mwanya, nyamara ntibari biteguye kwihanganira gutinda cyangwa kutabona ibyo biteze. Nuko igihe ibigeragezo byazaga, ukwizera kwabo kwaracogoye kandi umucyo wari ubarimo urakendera. “Umukwe atinze bose barahunikira, barasinzira.” Uko gutinda k’Umukwe kugereranya kurangira kw’igihe Umukiza yari ategerejwemo, gucika intege, ndetse n’ibyo bisa no gutinda. Muri icyo gihe cy’amajune, ugukanguka kw’abafite ukwizera kw’amajyejuru kandi badashikamye kwatangiye kuyoyoka, kandi umuhati wabo utangira kudohoka. Nyamara abari bafite ukwizera gushingiye ku kuba bari bazi Bibiliya buri wese ku giti cye, bari bafite urutare bahagazeho rutashoboraga guhirikwa n’imiraba yo kutabona ibyo bari biteze. “Bose barahunikira, barasinzira.” Itsinda rimwe ntacyo ryari ryitayeho kandi ryari ryaretse ukwizera kwaryo. Irindi tsinda ryari ritegereje ryihanganye kugeza igihe umucyo uruseho wagombaga gutangirwa. Nyamara mu ijoro ry’ibigeragezo, aba bari bategereje bihanganye basaga n’abatakaje umwete wabo no kwitanga kwabo ku rugero runaka. Abari bafite kwizera kudashikamye kandi bafite umutima ufata impu zombi, ntibashoboraga kwishingikiriza ku kwizera kwa bagenzi babo. Buri wese yagombaga guhagarara agashikama ku giti cye cyangwa akagwa ku giti cye. Muri icyo gihe, gukabya mu kwizera kwatangiye kugaragara. Abantu bamwe bari baragaragaweho kuba abizera b’abanyabwuzu mu kwakira ubutumwa, batangiye kureka ijambo ry’Imana kandi ari ryo muyobozi utibeshya. Bavugaga ko bayobowe na Mwuka, maze birundurira mu kuyoborwa n’amarangamutima yabo n’ibitekerezo byabo. Hari bamwe bagaragazaga umwete ushingiye ku buhumyi no gukabya mu kwizera, bakamagana abantu bose batemeraga amatwara yabo. Ibitekerezo byabo n’imikorere yabo by’ubwaka ntabwo byakunzwe n’umugabane munini w’Abadiventisiti; nyamara bakomezaga gukora baharabika umurimo w’ukuri. 289

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’umucyo wayo maze bajya gusanganira Umukwe. Ariko mu gihe “abakobwa b’abapfu<br />

bafataga amatara yabo, ntibajyanye n’amavuta <strong>ku</strong> ruhande,” “abakobwa b’abanyabwenge bo<br />

bajya<strong>na</strong> andi mavuta <strong>ku</strong> ruhande n’amatara yabo.” Aba bakobwa b’abanyabwenge bari<br />

barakiriye ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>, imbaraga ya Mwuka Muziranenge yabagiraga bashya kandi<br />

ikabamurikira ni yo yatumaga ijambo ry’Ima<strong>na</strong> riba itara rimurikira ibirenge byabo n’umucyo<br />

umurika mu nzira bacamo. Kugira ngo basobanukirwe n’u<strong>ku</strong>ri, bari barize Ibyanditswe Byera<br />

bafite gutinya (<strong>ku</strong>baha) Ima<strong>na</strong>, kandi bashakashakanye umwete ubutungane bw’umutima<br />

n’ubugingo. Bari bafite ibyababayeho buri muntu <strong>ku</strong> giti cye byihariye. Bari bizeye Ima<strong>na</strong><br />

n’ijambo ryayo bitashoboraga gusenywa n’uko batabonye icyo bari biteze ndetse no gutinda<br />

kwacyo. Abandi, “bafashe amatara yabo, ntibajya<strong>na</strong> amavuta <strong>ku</strong> ruhande.” Bari bagiye<br />

batabanje gutekereza. Ubutumwa bukomeye bumvise bwari bwarakanguye ubwoba bwabo,<br />

ariko bari barishingikirije <strong>ku</strong> kwizera kwa bagenzi babo, banyurwa gusa n’umucyo udafite<br />

ishingiro waturukaga <strong>ku</strong> marangamutima meza yari abarimo badasobanukiwe u<strong>ku</strong>ri neza<br />

cyangwa ngo bamenye iby’umurimo nya<strong>ku</strong>ri w’ubuntu ukorerwa mu mitima. Abo bari<br />

baragiye gusanganira Umukiza bafite ibyiringiro byo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ingororano uwo mwanya,<br />

nyamara ntibari biteguye kwihanganira gutinda cyangwa <strong>ku</strong>tabo<strong>na</strong> ibyo biteze. Nuko igihe<br />

ibigeragezo byazaga, ukwizera kwabo kwaracogoye kandi umucyo wari ubarimo urakendera.<br />

“Umukwe atinze bose barahunikira, barasinzira.” Uko gutinda k’Umukwe <strong>ku</strong>gereranya<br />

<strong>ku</strong>rangira kw’igihe Umukiza yari ategerejwemo, gucika intege, ndetse n’ibyo bisa no gutinda.<br />

Muri icyo gihe cy’amajune, ugukanguka kw’abafite ukwizera kw’amajyejuru kandi<br />

badashikamye kwatangiye <strong>ku</strong>yoyoka, kandi umuhati wabo utangira <strong>ku</strong>dohoka. Nyamara abari<br />

bafite ukwizera gushingiye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ba bari bazi Bibiliya buri wese <strong>ku</strong> giti cye, bari bafite urutare<br />

bahagazeho rutashoboraga guhirikwa n’imiraba yo <strong>ku</strong>tabo<strong>na</strong> ibyo bari biteze. “Bose<br />

barahunikira, barasinzira.” Itsinda rimwe ntacyo ryari ryitayeho kandi ryari ryaretse ukwizera<br />

kwaryo. Irindi tsinda ryari ritegereje ryihanganye <strong>ku</strong>geza igihe umucyo uruseho wagombaga<br />

gutangirwa. Nyamara mu ijoro ry’ibigeragezo, aba bari bategereje bihanganye basaga<br />

n’abatakaje umwete wabo no kwitanga kwabo <strong>ku</strong> rugero ru<strong>na</strong>ka. Abari bafite kwizera<br />

<strong>ku</strong>dashikamye kandi bafite umutima ufata impu zombi, ntibashoboraga kwishingikiriza <strong>ku</strong><br />

kwizera kwa bagenzi babo. Buri wese yagombaga guhagarara agashikama <strong>ku</strong> giti cye<br />

cyangwa akagwa <strong>ku</strong> giti cye.<br />

Muri icyo gihe, gukabya mu kwizera kwatangiye <strong>ku</strong>garagara. Abantu bamwe bari<br />

baragaragaweho <strong>ku</strong>ba abizera b’abanyabwuzu mu kwakira ubutumwa, batangiye <strong>ku</strong>reka<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong> kandi ari ryo muyobozi utibeshya. Bavugaga ko bayobowe <strong>na</strong> Mwuka, maze<br />

birundurira mu <strong>ku</strong>yoborwa n’amarangamutima yabo n’ibitekerezo byabo. Hari bamwe<br />

bagaragazaga umwete ushingiye <strong>ku</strong> buhumyi no gukabya mu kwizera, bakamaga<strong>na</strong> abantu<br />

bose batemeraga amatwara yabo. Ibitekerezo byabo n’imikorere yabo by’ubwaka ntabwo<br />

bya<strong>ku</strong>nzwe n’umugabane munini w’Abadiventisiti; nyamara bakomezaga gukora baharabika<br />

umurimo w’u<strong>ku</strong>ri.<br />

289

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!