07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

iratinze, kandi iyerekwa ryose rirahebwe? Noneho ubabwire uti, ‘U<strong>ku</strong> ni ko Umwami<br />

Uwiteka avuga ngo. . . ‘Iminsi igeze hafi, n’iyerekwa ryose rigiye gusohozwa. Nta yerekwa<br />

ry’ibinyoma cyangwa ubupfapfa bwo kwihakirizwa, bizongera <strong>ku</strong>ba mu nzu ya Isirayeli.<br />

Kuko ndi Uwiteka nzavuga, kandi ijambo nzavuga rizasohora. Ntabwo rizongera <strong>ku</strong>razikwa,<br />

<strong>ku</strong>ko mu minsi yanyu mwa ab’inzu y’ubugome mwe, nzavuga kandi nzasohoza icyo <strong>na</strong>vuze.”<br />

“Ab’inzu ya Isirayeli baravuga bati: ‘Iyerekwa yabonye rizasohora bishyize kera, kandi<br />

ahanura ibihe bikiri <strong>ku</strong>re cyane. Nuko rero ubabwire uti, ‘U<strong>ku</strong> niko Umwami Uwiteka avuga<br />

ngo: “Amagambo yanjye yose nta <strong>na</strong> rimwe rizongera <strong>ku</strong>razikwa, ahubwo ijambo nzavuga<br />

rizasohora.” 524<br />

Abo bari bategereje barishimaga, <strong>ku</strong>ko bari bizeye ko wa wundi umenyera iherezo mu<br />

itangiriro yari yaritegereje mu myaka myinshi, abo<strong>na</strong> ugucika intege kwabo mbere y’igihe.<br />

Yari yarabahaye amagambo atera ubutwari n’ibyiringiro. Iyo hatabaho uwo mugabane<br />

w’Ibyanditswe Byera wabasabaga gutegereza bihanganye no gushingira ibyiringiro byabo mu<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, ukwizera kwabo kwajyaga <strong>ku</strong>dohoka muri icyo gihe cy’ikigeragezo.<br />

Umugani w’abakobwa cumi uvugwa muri Matayo 25 <strong>na</strong> wo wereka<strong>na</strong> ibyabaye <strong>ku</strong><br />

Badiventisiti. Muri Matayo 24, ubwo Kristo yasubizaga ikibazo cy’abigishwa be bamubazaga<br />

ibyerekeye ikimenyetso cyo <strong>ku</strong>garuka kwe n’icy’imperuka y’isi, yababwiye bimwe mu<br />

bizabaho by’ingenzi mu mateka y’isi no mu mateka y’itorero uhereye igice cyo <strong>ku</strong>za kwe kwa<br />

mbere ukageza igihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwe. Ibimenyetso ni byo ibi: gusenyuka kwa Yerusalemu,<br />

igihe cy’umubabaro ukomeye w’itorero utewe no gutotezwa n’abapagani ndetse n’ubupapa,<br />

ukwijima kw’izuba n’ukwezi ndetse no <strong>ku</strong>gwa kw’inyenyeli. Nyuma y’ibyo, yavuze ibyo<br />

<strong>ku</strong>za k’ubwami bwe kandi aca umugani w’amatsinda abiri atandukanye y’abagaragu<br />

bategereje <strong>ku</strong>za kwe. Igice cya 25 cy’ubutumwa bwa Matayo gitangiraza aya magambo: “Icyo<br />

gihe ubwami bwo mu ijuru buzagereranywa n’abakobwa cumi.” Muri aya magambo<br />

hagaragazwa itorero ryo mu minsi y’imperuka, rya rindi ryavuzwe mu iherezo ry’igice cya<br />

24. Muri uyu mugani ibizaba <strong>ku</strong> b’itorero ryo mu minsi iheruka byerekanwe hifashishijwe<br />

imfashanyigisho y’ibyabaga mu bukwe bwo mu burasirazuba.<br />

“Icyo gihe ubwami bwo mu ijuru buzagereranywa n’abakobwa cumi, bajyanye amatabaza<br />

yabo bajya gusanganira umukwe. Ariko muri abo cumi, abatanu bari abapfu, abandi batanu<br />

bari abanyabwenge. Abapfu bajyanye amatabaza yabo, ntibajya<strong>na</strong> n’amavuta: ariko<br />

abanyabwenge bo bajya<strong>na</strong> amavuta mu mperezo zabo hamwe n’amatabaza yabo. Umukwe<br />

atinze bose barahunikira, barasinzira. Ariko nijoro mu gicu<strong>ku</strong> habaho urusa<strong>ku</strong> ngo ‘Umukwe<br />

araje! nimusohoke mumusanganire.”<br />

U<strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, nk’uko kwavuzwe n’ubutumwa bwa marayika wa mbere,<br />

kwagereranyijwe no <strong>ku</strong>za k’Umukwe. Umurimo mugari w’ivugurura wabayeho bitewe no<br />

kwamamaza ubutumwa bwo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje ugereranywa no kwitabira<br />

ubukwe kw’abakobwa cumi. Amatsinda abiri y’abantu agaragara muri uwo mugani, nk’uko<br />

agaragara muri Matayo 24. Bose bari bafashe amatara yabo, (Bibiliya) kandi bari bayobowe<br />

288

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!