07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 22 – Ubuhanuzi Bwasohoye<br />

Mu muhindo w’umwaka wa 1844, ubwo igihe Kristo yari yitezwe <strong>ku</strong>garuka cyahitaga,<br />

abari barategereje <strong>ku</strong>garuka kwe bafite kwizera bamaze igihe ru<strong>na</strong>ka mu majune no mu<br />

gushidikanya. Nubwo ab’isi bababo<strong>na</strong>ga nk’abatsinzwe ruhenu kandi bakagaragara ko<br />

bishingikirije <strong>ku</strong> binyoma, isoko yo guhumurizwa kwabo yakomeje <strong>ku</strong>ba ijambo ry’Ima<strong>na</strong>.<br />

Benshi bakomeje kwiga Ibyanditswe, bongera <strong>ku</strong>genzura ibihamya byo kwizera kwabo kandi<br />

bakiga<strong>na</strong> ubushishozi ubuhanuzi <strong>ku</strong>gira ngo babone umucyo uruseho. Ubuhamya bwa<br />

Bibiliya bari bishingikirijeho bwari busobanutse kandi butagira ikindi bwakongerwaho.<br />

Ibimenyetso bitashoboraga kwibeshya byereka<strong>na</strong>ga ko <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kwegereje.<br />

Umugisha udasanzwe w’Uwiteka wagaragariye mu guhinduka kw’abanyabyaha ndetse<br />

n’ububyutse mu by’umwuka bwabaye mu Bakristo, byari byarahamije ko ubutumwa bwabo<br />

bukomoka mu ijuru. Kandi n’ubwo abizera batashoboye gusobanura impamvu babuze icyo<br />

bari bategereje, bumvaga biringiye ko Ima<strong>na</strong> ari yo yabayoboye mu byo banyuzemo.<br />

Ubuhanuzi bari barabonye bujyanye n’igihe cyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, bwari bu<strong>ku</strong>biyemo<br />

amabwiriza ajyanye n’igihe kidasanzwe cyo gushidikanya no <strong>ku</strong>bura icyo bakora, kandi<br />

bwabateraga ubutwari bwo gutegereza bihanganye bafite kwizera <strong>ku</strong>ko ibyari nk’umwijima<br />

mu ntekerezo zabo byagombaga gusobanuka igihe gikwiriye kigeze.<br />

Muri ubwo buhanuzi harimo ubwa Haba<strong>ku</strong>ki 2:1-4; buvuga buti: “Nzahagarara hejuru<br />

y’umu<strong>na</strong>ra, aho ndindira; kandi nzarangaguza ndeba aho ari, numva icyo ambwira, n’uko<br />

nzasubiza <strong>ku</strong> bw’icyo <strong>na</strong>muganyiye. Maze Uwiteka aransubiza ati: “Andika ibyerekanywe,<br />

ubigaragaze <strong>ku</strong> mbaho, <strong>ku</strong>gira ngo ubisomye abyihutire. Kuko ibyerekanywe bifite igihe<br />

byategekewe, ntibizatinda <strong>ku</strong>kigeraho kandi ntibizabeshya, n’aho byatinda ubitegereze, <strong>ku</strong>ko<br />

<strong>ku</strong>za ko bizaza, ntibizahera. Dore umutima we wishyize hejuru; ntumutunganyemo, ariko<br />

umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe.”<br />

Byegereje umwaka wa 1842, amabwirizwa yatanzwe muri ubu buhanuzi avuga,<br />

“kwandika ibyerekanywe no <strong>ku</strong>bigaragaza <strong>ku</strong> mbaho, <strong>ku</strong>gira ngo ubisomye abyihutire,” yari<br />

yarateye Charles Fitch gutegura imbonerahamwe y’ubuhanuzi <strong>ku</strong>gira ngo agaragaze iyerekwa<br />

rya Daniyeli n’iryo mu Byahishuwe. Ishyirwa ahagaragara ry’iyo mbonerahamwe ryafashwe<br />

nk’aho ari isohozwa ry’itegeko ryatanzwe n’umuhanuzi Haba<strong>ku</strong>ki. Nyamara, nta muntu<br />

n’umwe wamenye ko gutinda <strong>ku</strong>garagara ko kwabayeho mu isohora ry’iryo yerekwa (ari cyo<br />

gihe cyo gutegereza) kwari kwaravuzwe muri ubwo buhanuzi. Nyuma yo <strong>ku</strong>tabo<strong>na</strong> ibyo bari<br />

biteze, aya magambo avugwa mu Byanditswe yumvikanye neza: “Kuko ibyerekanywe bifite<br />

igihe byategekewe, ntibizatinda <strong>ku</strong>kigeraho, kandi ntibizabeshya; <strong>na</strong>ho byatinda ubitegereze;<br />

<strong>ku</strong>ko <strong>ku</strong>za ko bizaza, ntibizahera. .. . ariko umukiranutsi azabeshwaho no kwizera kwe.”<br />

Umugabane umwe w’ubuhanuzi bwa Ezekiyeli <strong>na</strong>wo wari isoko y’imbaraga n’ihumure<br />

<strong>ku</strong> bizera. Uwo mugabane w’ubuhanuzi uravuga uti: “Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti,<br />

‘Mwa<strong>na</strong> w’umuntu, uyu mugani ucibwa mu gihugu cya Isirayeli usobanurwa ute, ngo iminsi<br />

287

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!