07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

nzima bavuga ko ari ubuhakanyi, bityo bayobya abashakaga <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri. Iyo abatuye isi<br />

bataza gusindishwa n’inzoga bateretswe <strong>na</strong> Babuloni <strong>ku</strong> rwego ruhanitse, abantu benshi<br />

bajyaga kwemezwa kandi bagahindurwa n’u<strong>ku</strong>ri kw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> kandi<br />

gucengera mu mitima. Ariko kwizera kw’idini <strong>ku</strong>meze nk’u<strong>ku</strong>jijisha cyangwa<br />

nk’u<strong>ku</strong>vuguruzanya <strong>ku</strong> buryo abantu bagera aho batabasha <strong>ku</strong>menya ibyo batakwizera ko ari<br />

u<strong>ku</strong>ri. Icyaha cyo <strong>ku</strong>tiha<strong>na</strong> kw’ab’isi kiri <strong>ku</strong> muryango w’itorero.<br />

Ubutumwa bwa marayika wa kabiri bwo mu Byahishuwe 14, bwabwirijwe bwa mbere mu<br />

mpeshyi y’umwaka wa 1844, kandi icyo gihe bwari bwerekeje by’umwihariko <strong>ku</strong> matorero<br />

yo muri <strong>Leta</strong> zunze Ubumwe za Amerika aho imiburo yerekeye urubanza yari yaravugiwe<br />

cyane nyamara ntiyitabwaho mu buryo bukomeye, kandi ni <strong>na</strong>ho ubuhenebere mu matorero<br />

bwari bwarihuse cyane. Ariko ubutumwa bwa marayika wa kabiri ntibwasohoye bwose mu<br />

mwaka wa 1844. Icyo gihe amatorero yagize <strong>ku</strong>gwa mu by’imico-mbonera bitewe n’uko<br />

yanze umucyo w’ubutumwa bujyanye no <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo; ariko uko <strong>ku</strong>gwa ntikwabaye<br />

<strong>ku</strong>rambarara burundu. Uko bakomezaga kwanga u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dasanzwe <strong>ku</strong>genewe iki gihe, ni ko<br />

barushagaho guhenebera. Nyamara igihe cyari kitaragera cyo <strong>ku</strong>vuga ngo, “Iraguye , iraguye<br />

Babuloni . . . yateretse amahanga yose inzoga ari zo ruba ry’ubusambanyi bwawo.” Babuloni<br />

yari itaramara gusindisha amahanga. Umwuka wo kwishushanya n’isi no <strong>ku</strong>tita <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri<br />

gushungura abantu <strong>ku</strong>genewe iki gihe biracyariho kandi byagiye biganza mu matorero yose<br />

afite imyizerere ya Giporotesitanti ari mu bihugu byose birangwamo Ubukristo; kandi ayo<br />

matorero <strong>na</strong> yo arebwa n’ubutumwa bukomeye kandi buteye ubwoba bwa marayika wa kabiri.<br />

Ariko kandi umurimo w’ubuhakanyi nturagera <strong>ku</strong> rugero ruheruka.<br />

Bibiliya ivuga ko mbere yo <strong>ku</strong>garuka k’Umukiza, Satani azakora<strong>na</strong> “imbaraga zose<br />

n’ibimenyetso n’ibitangaza by’ibinyoma, n’ubuhendanyi bwose bwo gukiranirwa;” 521 kandi<br />

ko “<strong>ku</strong> batemeye u<strong>ku</strong>ri ngo bakizwe” bazarekerwa mu mwuka w’“ubushukanyi bukomeye<br />

cyane ngo bizere ibinyoma.” Igihe ibi byangombwa bizaba bimaze <strong>ku</strong>zuzwa, kandi<br />

kwifatanya kw’itorero n’isi bikagerwaho mu buryo bwuzuye aharangwa Ubukristo hose, ni<br />

bwo <strong>ku</strong>gwa kwa Babuloni <strong>ku</strong>zuzura. Izo mpinduka zigenda buhoro buhoro, kandi ugusohora<br />

guheruka k’ubutumwa bwo mu Byahishuwe 14:8 <strong>ku</strong>zabaho mu gihe kizaza.<br />

Nubwo hari umwijima mu by’umwuka ndetse no gutanduka<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong> birangwa mu<br />

matorero agize Babuloni, umugabane munini w’abayoboke nya<strong>ku</strong>ri ba Kristo baracyarangwa<br />

muri ayo matorero. Muri bo harimo benshi batigeze bumva u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>dasanzwe <strong>ku</strong>genewe iki<br />

gihe. Hari benshi batanyuzwe n’uko bari muri iki gihe kandi bifuza cyane <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umucyo<br />

uruseho. Bashakisha ishusho ya Kristo mu matorero barimo ariko ntibayibone. Uko ayo<br />

matorero azagenda arushaho <strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong>re y’u<strong>ku</strong>ri maze akifatanya cyane n’isi, ni ko<br />

itandukaniro hagati y’ayo matsinda yombi rizarushaho <strong>ku</strong>ba rinini, kandi ayo matsinda<br />

atandukane. Igihe kizagera ubwo aba<strong>ku</strong>nda Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ruta byose batazashobora gukomeza<br />

komata<strong>na</strong> n’“aba<strong>ku</strong>nda ibibanezeza <strong>ku</strong>ruta Ima<strong>na</strong>, bafite ishusho yo kwera ariko bahaka<strong>na</strong><br />

imbaraga zako.”<br />

285

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!