07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

imico mbonera cyangwa cyangiza intekerezo <strong>ku</strong> rubyiruko, nko <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> amafaranga cyangwa<br />

umutungo umuntu atagize icyo akora. Kubera ko abantu b’abanyacyubahiro bishora muri ibyo<br />

bikorwa byo gushakishiriza <strong>ku</strong> mahirwe ndetse no korohereza intekerezo zabo batekereza ko<br />

amafaranga agomba gutangirwa umugambi mwiza, nta gitangaje ko urubyiruko rwo mu<br />

gihugu akenshi rwiroha mu ngeso iterwa no gutwarwa n’imikino ya tombora.”<br />

Umwuka wo kwihwanya n’ab’isi uragenda wigarurira amatorero menshi aharagwa<br />

ubukristo hose. Uwitwa Robert Atkins, mu kibwirizwa yabwiririje mu murwa mu<strong>ku</strong>ru<br />

w’Ubwongereza (London), yerekanye ishusho yijimye y’uburyo gusubira inyuma mu<br />

by’umwuka biganje mu Bwongereza agira ati: “Abantu b’intungane nya<strong>ku</strong>ri bagabanyutse <strong>ku</strong><br />

isi, kandi ubo<strong>na</strong> nta muntu ubyitayeho. Muri buri torero, abantu bavuga ko ari abanyadini<br />

muri ibi bihe byacu, usanga ari abantu ba<strong>ku</strong>nda n’iby’isi, biga<strong>na</strong> iby’ab’isi bakora, ba<strong>ku</strong>nda<br />

ibyiza byayo kandi baharanira icyubahiro. Bahamagariwe <strong>ku</strong>babara<strong>na</strong> <strong>na</strong> Kristo, ariko iyo<br />

bahuye n’akaga basubira inyuma. . . Ubuhakanyi, ubuhakanyi, ubuhakanyi ngibyo ibigaragara<br />

<strong>ku</strong> miryango y’amatorero yose; nyamara iyo bajya <strong>ku</strong>bimenya, iyo bajya <strong>ku</strong>byumva, bajyaga<br />

<strong>ku</strong>gira ibyiringiro se! Ahubwo barivugira bati: “Turakize, dufite umutungo mwinshi, kandi<br />

ntacyo dukennye rwose.’” 519<br />

Icyaha gikomeye Babuloni iregwa ni uko “yateretse amahanga yose inzoga ari zo ruba<br />

ry’ubusambanyi bwayo.” Iki gikombe gisindisha iha abatuye isi cyereke<strong>na</strong> inyigisho<br />

z’ibinyoma Babuloni yemeye zikomoka <strong>ku</strong> kwifatanya n’abakomeye bo <strong>ku</strong> isi mu buryo<br />

butemewe n’amategeko.<br />

Kugira<strong>na</strong> ubucuti n’ab’isi kwangiza ukwizera kw’itorero rishushanywa <strong>na</strong> Babuloni maze<br />

<strong>ku</strong> ruhande rwaryo <strong>na</strong> ryo rikayobya abatuye isi rikoresheje inyigisho zaryo zihabanye n’u<strong>ku</strong>ri<br />

<strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> neza kandi gushyitse kw’Ibyanditswe Byera.<br />

Roma ya<strong>ku</strong>ye Bibiliya mu bantu kandi isaba abantu bose kwemera inyigisho zayo mu<br />

mwanya wa Bibiliya. Umurimo w’Ubugorozi wari ugendereye <strong>ku</strong>garura ijambo ry’Ima<strong>na</strong> mu<br />

bantu; ariko se mbese si u<strong>ku</strong>ri ko mu matorero yo mu gihe cyacu abantu bigishwa gushingira<br />

kwizera kwabo <strong>ku</strong> mategeko n’inyigisho by’itorero ryabo mu mwanya wo gushingira <strong>ku</strong><br />

Byanditswe Byera? Ubwo Charles Beecher yavugaga <strong>ku</strong> matorero y’Abaporotesitanti,<br />

yaravuze ati: “Bababazwa n’ijambo ryose rivuzwe rirwanya imyemerere yayo nk’uko<br />

abapadiri bashoboraga <strong>ku</strong>babazwa n’ijambo ribi ribuzanya <strong>ku</strong>baha abatagatifu n’abapfuye<br />

bahowe kwizera kwabo. . . . Amatorero y’ibwirizabutumwa y’Abaporotesitanti yafatanye mu<br />

biganza cyane <strong>ku</strong> buryo muri yo yose nta muntu ushobora <strong>ku</strong>ba umubwirizabutumwa aho ari<br />

ho hose atabanje kwemera igitabo kindi kibangikanywa <strong>na</strong> Bibiliya. . . Ntabwo byaba ari<br />

ugukekeranya umuntu aramutse avuze ko ubushobozi bw’indongozi z’amatorero ubu<br />

bwatangiye <strong>ku</strong>buzanya Bibiliya mu by’u<strong>ku</strong>ri nk’uko Roma yabikoze, nubwo babikora mu<br />

buryo butagaragara neza.” 520<br />

Igihe abigisha b’indahemuka bamamazaga ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, habonetse abantu b’intiti<br />

ndetse n’ababwiriza bavuga ko basobanukiwe n’Ibyanditswe, maze barwanya inyigisho<br />

284

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!