07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ariko nk’uko byagenze mu gihe cy’isenywa rya Yerusalemu, icyo gihe abayoboke<br />

b’Ima<strong>na</strong> bazakizwa akaga, umuntu wese uzasangwa yanditswe mu bazima. Yesaya 4:3. Kristo<br />

yavuze ko azagaruka gukoranyiriza iruhande rwe abayoboke be bamu<strong>na</strong>mbyeho. « Ubwo ni<br />

bwo ikimenyetso cy’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu kizabonekera mu ijuru, n’amoko yose yo mu isi ni<br />

bwo azaboroga, abonye Umwa<strong>na</strong> w’umuntu aje <strong>ku</strong> bicu byo mu ijuru, afite ubushobozi<br />

n’ubwiza bwinshi. Azatumisha abamarayika be ijwi rirenga ry’impanda, bateranye intore ze<br />

mu birere bine, uhereye impera y’ijuru, ukageza iyindi mpera yaryo.» Matayo 24:30, 31.<br />

Ubwo ni bwo abatumvira ubutumwa bwiza bazicwa n’Umwuka uva mu kanwa ke<br />

bagatsembwa no <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> ko <strong>ku</strong>za kwe. 2Abatesalonike 2:8. Nk’uko byagenze <strong>ku</strong>ri<br />

Isiraheli ya kera, abanyabyaha ni bo birimbura bagapfa bazize gukora <strong>na</strong>bi kwabo. Kubera<br />

imibereho y’icyaha, bitandukanije n’Ima<strong>na</strong> cyane kandi kamere zabo zaheneberejwe n’ibibi<br />

cyane <strong>ku</strong> buryo kwerekanwa kw’i<strong>ku</strong>zo ryayo <strong>ku</strong>babera umuriro ukongora.<br />

Abantu bakwiriye <strong>ku</strong>ba maso <strong>ku</strong>gira ngo badakerensa icyigisho Kristo yabigishirije mu<br />

magambo yavuze. Nk’uko yaburiye abigishwa be iby’isenywa rya Yerusalemu akabaha<br />

ikimenyetso cyo <strong>ku</strong>rimbuka kwari <strong>ku</strong>basatiriye <strong>ku</strong>gira ngo bazahunge, ni ko yaburiye abatuye<br />

isi iby’umunsi w’irimbuka riheruka, abaha n’ibimenyetso byo kwegereza kwawo <strong>ku</strong>gira ngo<br />

abashaka bose bazahunge umujinya ugiye gutera. Yesu aravuga ati, «Kandi hazaba<br />

ibimenyetso <strong>ku</strong> zuba no <strong>ku</strong> kwezi no <strong>ku</strong> nyenyeri, kandi no hasi amahanga azababara.» Luka<br />

21:25; Matayo 24:29; Mariko 13:24-26; Ibyahishuwe 6:12-17.<br />

Ababo<strong>na</strong> ibyo bimenyetso bibanziriza <strong>ku</strong>za kwe bagomba <strong>ku</strong>menya «yuko ari hafi, ndetse<br />

ageze <strong>ku</strong> rugi.” Matayo 24:33. Yatubwiye atuburira ati: «Nuko <strong>na</strong>mwe mube maso» Mariko<br />

13:35. Abita <strong>ku</strong>ri uyu muburo ntibazigera bahera mu mwijima <strong>ku</strong> buryo uwo munsi<br />

wazabagwa gitumo. Nyamara <strong>ku</strong> batazaba maso, «umunsi w’Umwami wacu uzaza nk’uko<br />

umujura aza nijoro» 1 Abatesalonike 5:2-5.<br />

Ntabwo abatuye isi biteguye kwemera ubutumwa bugenewe igihe cya none <strong>ku</strong>rusha uko<br />

Abayuda bari biteguye kwemera kwakira umuburo w’Umukiza wareba<strong>na</strong>ga n’isenywa rya<br />

Yerusalemu. Igihe uzazira cyose, uwo munsi w’Ima<strong>na</strong> uzatungura abanyabyaha. Mu gihe<br />

ubuzima bw’abantu bugenda nk’uko bisanzwe, mu gihe abantu bazaba batwawe<br />

n’ibibanezeza, bahugiye mu bibazanira inyungu z’isi, bahugiye mu bucuruzi no gushaka<br />

amafaranga; mu gihe abayobozi mu by’idini bazaba barata gusa amajyambere n’ubwenge<br />

by’isi bagezeho, abantu <strong>na</strong> bo bakihenda ko bafite umutekano; icyo gihe ni bwo <strong>ku</strong>rimbuka<br />

gutunguranye <strong>ku</strong>zagwira abo bose bazaba badamaraye n’abanyabyaha, nk’uko umujura aza<br />

mu gicu<strong>ku</strong> akiba mu nzu itarinzwe, «kandi ntibazabasha <strong>ku</strong>bikira <strong>na</strong> hato. »1 Abatesalonike<br />

5:3.<br />

21

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!