07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Amenshi mu matorero y’Abaporotesitanti a<strong>ku</strong>rikiza urugero rwa Roma rwo <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong><br />

umubano ushingiye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong> igira<strong>na</strong> n’“abami b’isi,” amadini ya <strong>Leta</strong>, n’isano<br />

bagira<strong>na</strong> n’ubuyobozi bwa za <strong>Leta</strong> z’isi; ndetse n’andi madini bagamije <strong>ku</strong>rebwa neza n’isi.<br />

Bityo rero, ijambo “Babuloni” (urudubi) rishobora gukoreshwa neza <strong>ku</strong>ri ayo matorero yose<br />

avuga ko inyigisho zabo zikomoka muri Bibiliya, nyamara akaba arimo amatsinda atabarika<br />

afite imyizerere n’inyigisho bihabanye. Uretse <strong>ku</strong>nga ubumwe n’isi mu cyaha, amatorero<br />

yitandukanyije <strong>na</strong> Roma aracyafite ibindi bintu biranga Roma.<br />

Igitabo kimwe cy’itorero Gatolika ry’i Roma kiravuga kiti: “Niba itorero ry’i Roma rifite<br />

icyaha cyo gusenga ibigirwama<strong>na</strong> mu byerekeye <strong>ku</strong>ramya abatagatifu, umukobwa waryo ari<br />

we torero ry’Ubwongereza (Abangilikani) <strong>na</strong> ryo rihamwa n’icyo cyaha <strong>ku</strong>ko rifite insengero<br />

cumi zeguriwe Mariya mu gihe rumwe gusa ari rwo rweguriwe Kristo.” 510<br />

Na Dogiteri Hopkins mu gitabo yanditse aravuga ati: “Nta mpamvu iriho yo<br />

gushingirwaho ngo hafatwe ko mwuka wa antikristo ndetse n’imikorere ye bibarwa gusa <strong>ku</strong><br />

cyo abantu bita itorero ry’i Roma. Amatorero y’Abaporotesitanti afite umwuka ukabije muri<br />

yo wo <strong>ku</strong>rwanya Kristo, kandi yageze <strong>ku</strong>re cyane <strong>ku</strong> buryo atavugururwa rwose ngo ave mu<br />

gusayisha n’ubugome.” 511<br />

Ku byerekeye ugutanduka<strong>na</strong> kw’itorero ry’Abaperesebuteriyani n’itorero ry’i Roma,<br />

Dogiteri Guthrie yaranditse ati: “Hashize imyaka maga<strong>na</strong> atatu itorero ryacu rifashe ibendera<br />

rishushanyijweho Bibiliya irambuye kandi rifashe igitambaro cyanditswemo iyi ntero ngo,<br />

‘Mucu<strong>ku</strong>mbure mu Byanditswe’ maze risohoka mu marembo y’i Roma.” Abaza ikibazo<br />

cyumvika<strong>na</strong> ati: “Mbese basohotse muri Babuloni batunganye?” 512<br />

Uwitwa Spurgeon <strong>na</strong>we aravuga ati: “<strong>Itorero</strong> ry’Abangilikani risa n’iryamizwe <strong>na</strong><br />

gahunda z’amasakaramento, ariko kandi ibyo byabaye nk’ibiha urwaho <strong>ku</strong>tizera gushingiye<br />

<strong>ku</strong> bucurabwenge. Abo twari dutegerejeho ibintu byiza <strong>ku</strong>ruta abandi bagenda basubira<br />

inyuma ba<strong>ku</strong>rikiranye. Ntekereza ko umutima w’Ubwongereza wamunzwe no <strong>ku</strong>tizera<br />

guciriweho iteka guhangara no <strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong> ruhimbi <strong>ku</strong>kiyita ubukristo.”<br />

Mbese inkomoko y’ubuhakanyi bukomeye yabaye iyihe? Ni mu buhe buryo itorero<br />

ryitandukanyije bwa mbere no gucisha bugufi <strong>ku</strong>vugwa mu butumwa bwiza? Byaturutse <strong>ku</strong><br />

gu<strong>ku</strong>rikiza imikorere y’ubupagani <strong>ku</strong>gira ngo itorero ryorohereze abapagani kwemera<br />

Ubukristo. No mu gihe cye, intumwa Pawulo yaravuze ati: “Amayobera y’ubugome atangiye<br />

gukora.” 513 Mu gihe intumwa zari zikiriho, ugereranyije wasanga itorero ryari ritunganye.<br />

“Ariko bigeze ahaga<strong>na</strong> mu iherezo ry’ikinyeja<strong>na</strong> cya kabiri, amatorero menshi yarahindutse<br />

afata indi sura; kwa kwicisha bugufi kwa mbere kwarayoyotse, kandi uko abigishwa ba kera<br />

bagendaga bapfa, aba<strong>na</strong> babo hamwe n’abantu bashya biha<strong>na</strong>ga barabasimburaga maze<br />

ubutumwa babuha ishusho nshya.” 514 Kugira ngo babone umubare utubutse w’abiha<strong>na</strong>,<br />

urugero ngenderwaho rw’ukwizera kwa Gikristo rwacishijwe bugufi, maze ingaruka iba<br />

281

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!