Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba n’imaragarita; mu ntoki ze yari afite igikombe cy’izahabu cyuzuye ibizira n’imyanda y’ubusambanyi bwe. Mu ruhanga rwe afite izina ry’amayoberane ryanditswe ngo: Babuloni ikomeye, nyina w’abamaraya, kandi nyina w’ibizira byo mu isi.” Umuhanuzi aravuga ati: “Mbona ko uwo mugore asinze amaraso y’abera n’amaraso y’abahowe Yesu.” 508 Ibirenze ibyo Babuloni ivugwa ngo, “Niwe wa mudugudu ukomeye utegeka abami bo mu isi.” 509 Ubutegetsi bwamaze imyaka amagana menshi butegekesha igitugu abami bose b’ahantu hose harangwaga abizera Kristo ni Roma. Ibara ry’umuhemba n’umuhengeri, izahabu, amabuye y’agaciro n’imaragarita byose biranga mu buryo bugaragara ubwiza n’uburemere bw’icyubahiro kirenze icy’abami byari bifitwe n’ubutegetsi bw’i Roma. Ikigeretse kuri ibyo, nta bundi butegetsi butari ubwo bwajyaga kuvugwa ko, “bwasinze amaraso y’abera” nk’iryo torero ryatoteje abayoboke ba Kristo ribica urupfu rubi. Babuloni kandi iregwa icyaha cyo kwifatanya “n’abami b’isi kutemewe n’amategeko.” Mu kwitandukanya n’Umukiza no kwifatanya n’abapagani ni bwo buryo itorero ry’Abayahudi ryahindutse umusambanyi; kandi Roma nayo yihindanyije muri ubwo buryo ibinyujije mu gushaka gushigikirwa n’ubutegetsi bw’isi, bityo nayo icirwa urubanza nk’urwo. Babuloni ivugwa ko ari “ nyina w’abamaraya.” Abakobwa be bashushanya amatorero yihambira ku mahame n’imigenzo yayo, kandi agakurikiza urugero rwa Babuloni rwo kwirengagiza ukuri no kwanga kwemerwa n’Imana kugira ngo abone uko yifatanya n’isi. Ubutumwa bwo mu Byahishuwe 14, butangaza kugwa kwa Babuloni bwerekeje ku madini yahoze atunganye ariko ubu akaba yarahindanye. Kubera ko ubwo butumwa bukurikira ubutumwa bw’imbuzi buvuga iby’urubanza, bugomba kwigishwa mu minsi iheruka. Bityo rero ntibwerekeje ku itorero ry’i Roma gusa, kubera ko iryo torero rimaze imyaka amagana menshi ryaraguye. Byongeye kandi mu gice cya cumi n’umunani cy’Ibyahishuwe, dusangamo ko ubwoko bw’Imana buhamaragirwa gusohoka muri Babuloni. Dukurikije uwo murongo, benshi mu bana b’Imana baracyari muri Babuloni. None se ni yahe matorero abarizwamo umugabane munini w’abayoboke ba Kristo muri iki gihe? Nta gushidikanya bari mu matorero menshi afite imyizerere ya Giporotesitanti. Mu gihe cy’itangira ry’ayo matorero, yahagarariye Imana neza ndetse n’ukuri kandi imigisha y’Imana yari kuri yo. Ndetse n’abatizera byabaye ngombwa ko babona umusaruro mwiza wavaga mu kwemera amahame y’ubutumwa bwiza. Uwiteka yabwiye Abisirayeli abinyujije mu kanwa k’umuhanuzi ati: “Maze kwamamara kwawe kugera mu mahanga bitewe n’ubwiza bwawe, kuko bwari buhebuje, bwunguwe n’icyubahiro cyanjye naguhaye. Ni ko Umwami Uwiteka avuga.” Nyamara ayo matorero yaraguye bitewe n’ibyifuzo nk’ibyatumye Isirayeli igerwaho n’umuvumo kandi ikarimbuka. Icyo cyifuzo cyari icyo kwigana imikorere y’abatubaha Imana no kugirana na bo ubucuti. “Wiringiye ubwiza bwawe, maze usambana ubitewe no kogezwa kwawe.” (Ezekiyeli 16:14, 15). 280

Itorero na Leta ku Rugamba Amenshi mu matorero y’Abaporotesitanti akurikiza urugero rwa Roma rwo kugirana umubano ushingiye ku kugomera Imana igirana n’“abami b’isi,” amadini ya Leta, n’isano bagirana n’ubuyobozi bwa za Leta z’isi; ndetse n’andi madini bagamije kurebwa neza n’isi. Bityo rero, ijambo “Babuloni” (urudubi) rishobora gukoreshwa neza kuri ayo matorero yose avuga ko inyigisho zabo zikomoka muri Bibiliya, nyamara akaba arimo amatsinda atabarika afite imyizerere n’inyigisho bihabanye. Uretse kunga ubumwe n’isi mu cyaha, amatorero yitandukanyije na Roma aracyafite ibindi bintu biranga Roma. Igitabo kimwe cy’itorero Gatolika ry’i Roma kiravuga kiti: “Niba itorero ry’i Roma rifite icyaha cyo gusenga ibigirwamana mu byerekeye kuramya abatagatifu, umukobwa waryo ari we torero ry’Ubwongereza (Abangilikani) na ryo rihamwa n’icyo cyaha kuko rifite insengero cumi zeguriwe Mariya mu gihe rumwe gusa ari rwo rweguriwe Kristo.” 510 Na Dogiteri Hopkins mu gitabo yanditse aravuga ati: “Nta mpamvu iriho yo gushingirwaho ngo hafatwe ko mwuka wa antikristo ndetse n’imikorere ye bibarwa gusa ku cyo abantu bita itorero ry’i Roma. Amatorero y’Abaporotesitanti afite umwuka ukabije muri yo wo kurwanya Kristo, kandi yageze kure cyane ku buryo atavugururwa rwose ngo ave mu gusayisha n’ubugome.” 511 Ku byerekeye ugutandukana kw’itorero ry’Abaperesebuteriyani n’itorero ry’i Roma, Dogiteri Guthrie yaranditse ati: “Hashize imyaka magana atatu itorero ryacu rifashe ibendera rishushanyijweho Bibiliya irambuye kandi rifashe igitambaro cyanditswemo iyi ntero ngo, ‘Mucukumbure mu Byanditswe’ maze risohoka mu marembo y’i Roma.” Abaza ikibazo cyumvikana ati: “Mbese basohotse muri Babuloni batunganye?” 512 Uwitwa Spurgeon nawe aravuga ati: “Itorero ry’Abangilikani risa n’iryamizwe na gahunda z’amasakaramento, ariko kandi ibyo byabaye nk’ibiha urwaho kutizera gushingiye ku bucurabwenge. Abo twari dutegerejeho ibintu byiza kuruta abandi bagenda basubira inyuma bakurikiranye. Ntekereza ko umutima w’Ubwongereza wamunzwe no kutizera guciriweho iteka guhangara no kujya ku ruhimbi kukiyita ubukristo.” Mbese inkomoko y’ubuhakanyi bukomeye yabaye iyihe? Ni mu buhe buryo itorero ryitandukanyije bwa mbere no gucisha bugufi kuvugwa mu butumwa bwiza? Byaturutse ku gukurikiza imikorere y’ubupagani kugira ngo itorero ryorohereze abapagani kwemera Ubukristo. No mu gihe cye, intumwa Pawulo yaravuze ati: “Amayobera y’ubugome atangiye gukora.” 513 Mu gihe intumwa zari zikiriho, ugereranyije wasanga itorero ryari ritunganye. “Ariko bigeze ahagana mu iherezo ry’ikinyejana cya kabiri, amatorero menshi yarahindutse afata indi sura; kwa kwicisha bugufi kwa mbere kwarayoyotse, kandi uko abigishwa ba kera bagendaga bapfa, abana babo hamwe n’abantu bashya bihanaga barabasimburaga maze ubutumwa babuha ishusho nshya.” 514 Kugira ngo babone umubare utubutse w’abihana, urugero ngenderwaho rw’ukwizera kwa Gikristo rwacishijwe bugufi, maze ingaruka iba 281

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’imaragarita; mu ntoki ze yari afite igikombe cy’izahabu cyuzuye ibizira n’imyanda<br />

y’ubusambanyi bwe. Mu ruhanga rwe afite izi<strong>na</strong> ry’amayoberane ryanditswe ngo: Babuloni<br />

ikomeye, nyi<strong>na</strong> w’abamaraya, kandi nyi<strong>na</strong> w’ibizira byo mu isi.” Umuhanuzi aravuga ati:<br />

“Mbo<strong>na</strong> ko uwo mugore asinze amaraso y’abera n’amaraso y’abahowe Yesu.” 508 Ibirenze<br />

ibyo Babuloni ivugwa ngo, “Niwe wa mudugudu ukomeye utegeka abami bo mu isi.” 509<br />

Ubutegetsi bwamaze imyaka amaga<strong>na</strong> menshi butegekesha igitugu abami bose b’ahantu hose<br />

harangwaga abizera Kristo ni Roma. Ibara ry’umuhemba n’umuhengeri, izahabu, amabuye<br />

y’agaciro n’imaragarita byose biranga mu buryo bugaragara ubwiza n’uburemere<br />

bw’icyubahiro kirenze icy’abami byari bifitwe n’ubutegetsi bw’i Roma. Ikigeretse <strong>ku</strong>ri ibyo,<br />

nta bundi butegetsi butari ubwo bwajyaga <strong>ku</strong>vugwa ko, “bwasinze amaraso y’abera” nk’iryo<br />

torero ryatoteje abayoboke ba Kristo ribica urupfu rubi. Babuloni kandi iregwa icyaha cyo<br />

kwifatanya “n’abami b’isi <strong>ku</strong>temewe n’amategeko.” Mu kwitandukanya n’Umukiza no<br />

kwifatanya n’abapagani ni bwo buryo itorero ry’Abayahudi ryahindutse umusambanyi; kandi<br />

Roma <strong>na</strong>yo yihindanyije muri ubwo buryo ibinyujije mu gushaka gushigikirwa n’ubutegetsi<br />

bw’isi, bityo <strong>na</strong>yo icirwa urubanza nk’urwo.<br />

Babuloni ivugwa ko ari “ nyi<strong>na</strong> w’abamaraya.” Abakobwa be bashushanya amatorero<br />

yihambira <strong>ku</strong> mahame n’imigenzo yayo, kandi aga<strong>ku</strong>rikiza urugero rwa Babuloni rwo<br />

kwirengagiza u<strong>ku</strong>ri no kwanga kwemerwa n’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo abone uko yifatanya n’isi.<br />

Ubutumwa bwo mu Byahishuwe 14, butangaza <strong>ku</strong>gwa kwa Babuloni bwerekeje <strong>ku</strong> madini<br />

yahoze atunganye ariko ubu akaba yarahindanye. Kubera ko ubwo butumwa bu<strong>ku</strong>rikira<br />

ubutumwa bw’imbuzi buvuga iby’urubanza, bugomba kwigishwa mu minsi iheruka. Bityo<br />

rero ntibwerekeje <strong>ku</strong> itorero ry’i Roma gusa, <strong>ku</strong>bera ko iryo torero rimaze imyaka amaga<strong>na</strong><br />

menshi ryaraguye. Byongeye kandi mu gice cya cumi n’umu<strong>na</strong>ni cy’Ibyahishuwe,<br />

dusangamo ko ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> buhamaragirwa gusohoka muri Babuloni. Du<strong>ku</strong>rikije uwo<br />

murongo, benshi mu ba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong> baracyari muri Babuloni. None se ni yahe matorero<br />

abarizwamo umugabane munini w’abayoboke ba Kristo muri iki gihe? Nta gushidikanya bari<br />

mu matorero menshi afite imyizerere ya Giporotesitanti. Mu gihe cy’itangira ry’ayo matorero,<br />

yahagarariye Ima<strong>na</strong> neza ndetse n’u<strong>ku</strong>ri kandi imigisha y’Ima<strong>na</strong> yari <strong>ku</strong>ri yo. Ndetse<br />

n’abatizera byabaye ngombwa ko babo<strong>na</strong> umusaruro mwiza wavaga mu kwemera amahame<br />

y’ubutumwa bwiza. Uwiteka yabwiye Abisirayeli abinyujije mu kanwa k’umuhanuzi ati:<br />

“Maze kwamamara kwawe <strong>ku</strong>gera mu mahanga bitewe n’ubwiza bwawe, <strong>ku</strong>ko bwari<br />

buhebuje, bwunguwe n’icyubahiro cyanjye <strong>na</strong>guhaye. Ni ko Umwami Uwiteka avuga.”<br />

Nyamara ayo matorero yaraguye bitewe n’ibyifuzo nk’ibyatumye Isirayeli igerwaho<br />

n’umuvumo kandi ikarimbuka. Icyo cyifuzo cyari icyo kwiga<strong>na</strong> imikorere y’abatubaha Ima<strong>na</strong><br />

no <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo ubucuti. “Wiringiye ubwiza bwawe, maze usamba<strong>na</strong> ubitewe no kogezwa<br />

kwawe.” (Ezekiyeli 16:14, 15).<br />

280

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!