07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

byabatandukanyaga n’Ima<strong>na</strong>, ahubwo n’umuhati mwinshi bahindukirira gushaka <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong><br />

ubucuti n’isi. Aho ni ho hari intandaro y’iyo mibereho iteye ubwoba yo gusaya mu by’isi,<br />

gusubira inyuma ndetse n’urupfu mu by’umwuka byariho mu mwaka wa 1844.<br />

Mu gice cya 14 cy’Ibyahishuwe, marayika wa mbere a<strong>ku</strong>rikirwa n’uwa kabiri uvuga atya<br />

ati: “Iraguye! Iraguye! Babuloni wa mudugudu ukomeye, wateretse amahanga yose inzoga,<br />

ni zo ruba ry’ubusambabyi bwawo.” 503 Ijambo “Babuloni” rikomoka <strong>ku</strong>ri “Babel” kandi<br />

risobanura urudubi. Rikoreshwa mu Byanditswe bavuga uburyo bunyuranye bw’amadini<br />

avuga ibinyoma n’ahaka<strong>na</strong> Ima<strong>na</strong>. Mu gice cya 17 cy’Ibyahishuwe, Babuloni yerekanwa mu<br />

ishusho y’umugore, ishusho ikoreshwa <strong>na</strong> Bibiliya nk’ikimenyetso cy’itorero, umugore<br />

w’imico myiza agashushanya itorero ritunganye <strong>na</strong>ho umugore wa maraya agashushanya<br />

itorero ryaguye.<br />

Muri Bibiliya, imico iboneye kandi ihoraho mu isano iri hagati ya Kristo n’itorero<br />

ishushanywa mu bumwe bwo gushyingiranwa. Uhoraho yifatanyije n’ubwoko bwe binyuze<br />

mu isezerano rikomeye, abusezeranira <strong>ku</strong>ba Ima<strong>na</strong> yabwo, kandi <strong>na</strong> bo barahirira<br />

<strong>ku</strong>mwiyegurira wenyine. Yaravuze ati: “Kandi nzakwishyingira ube uwanjye iteka ryose; ni<br />

u<strong>ku</strong>ri nzakwishyingira ube uwanjye nkiranuka ngaca imanza zitabera, nkagu<strong>ku</strong>nda kandi<br />

nka<strong>ku</strong>babarira.” 504 Na none kandi yaravuze ati: “Kuko mbabereye umugabo.” 505 Kandi<br />

Pawulo <strong>na</strong>we akoresha ishusho nk’iyo mu Isezerano Rishya igihe avuga ati: “Nabakwereye<br />

umugabo umwe, ni we Kristo, ngo mubashyingire mumeze nk’umwari utunganye.” 506<br />

Guhemukira Kristo kw’itorero mu gihe ryamuva<strong>na</strong>gaho ibyiringiro byaryo n’uru<strong>ku</strong>ndo<br />

rwaryo, ndetse no kwemera ko uru<strong>ku</strong>ndo rw’iby’isi ruganza mu mitima, bigereranywa no<br />

gutatira indahiro yo gushyingiranwa. Icyaha cya Isirayeli cyo kwitandukanya n’Ima<strong>na</strong><br />

kigaragazwa muri iyo shusho; kandi uru<strong>ku</strong>ndo rutarondoreka rw’Ima<strong>na</strong> basuzuguye ako<br />

kageni, ruvugwa mu buryo bukora <strong>ku</strong> mutima ngo, “<strong>na</strong>ra<strong>ku</strong>rahiye, nsezera<strong>na</strong> <strong>na</strong>we, maze uba<br />

uwanjye. Ni ko Umwami Uwiteka avuga.” “Wari ufite uburanga buhebuje, urahirwa ndetse<br />

umera nk’umwamikazi. Maze kwamamara kwawe <strong>ku</strong>gera mu mahanga bitewe n’ubwiza<br />

bwawe, <strong>ku</strong>ko bwari buhebuje, bwunguwe n’icyubahiro cyanjye <strong>na</strong>guhaye. . . Ariko wiringiye<br />

ubwiza bwawe, usamba<strong>na</strong> ubitewe no kogezwa kwawe.” “Ni u<strong>ku</strong>ri uko umugore ariganya<br />

umugabo we akahuka<strong>na</strong>, ni ko <strong>na</strong>njye mwandiganije wa nzu ya Isirayeli we!” “Uri umugore<br />

w’umugabo kandi ugasamba<strong>na</strong>, ukaryama<strong>na</strong> n’abashyitsi aho <strong>ku</strong>ryama<strong>na</strong> n’umugabo wawe!”<br />

507<br />

Mu Isezerano Rishya, imvugo nk’iyi ikoreshwa habwirwa abavuga ko ari Abakristo<br />

bishakira <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> ubucuti n’isi bakabirutisha ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>. Intumwa Yakobo iravuga<br />

iti: “Yemwe basambanyi <strong>na</strong>mwe basambanyikazi, ntimuzi yuko ubucuti bw’iby’isi butera<br />

kwangwa n’Ima<strong>na</strong>? Nuko rero umuntu wese ushaka <strong>ku</strong>ba incuti y’iby’isi, aba yihinduye<br />

umwanzi w’Ima<strong>na</strong>.”<br />

Umugore (Babuloni) uvugwa mu Byahishuwe 17, avugwa ko “yambaye umwenda<br />

w’umuhengeri n’uw’umuhemba. Yari arimbishijwe n’izahabu n’amabuye y’igiciro cyinshi<br />

279

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!