07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kigaragara mu mateka y’ishyanga ry’Abayahudi mu gihe cya Kristo. Kubwo kwirundurira<br />

mu isi no kwibagirwa Ima<strong>na</strong> n’ijambo ryayo, imyumvire yabo yari yaracuze umwijima,<br />

imitima yabo itwarwa n’iby’isi n’irari. Bityo bari bibereye mu bujiji bwo <strong>ku</strong>tamenya ibyo<br />

<strong>ku</strong>za kwa Mesiya, kandi <strong>ku</strong>bw’ubwibone bwabo no <strong>ku</strong>tizera banze Umucunguzi wabo.<br />

Nyamara ntabwo Ima<strong>na</strong> yigeze igomwa ishyanga ry’Abayahudi uburyo bwo <strong>ku</strong>menya<br />

cyangwa <strong>ku</strong>gira uruhare <strong>ku</strong> migisha y’agakiza. Ariko abantu banze kwakira u<strong>ku</strong>ri batakaje<br />

ubushake bwose bwo kwakira impano y’Ima<strong>na</strong>. Bahinduye “umucyo bawugira umwijima,<br />

n’ibyari umwijima babigira umucyo,” <strong>ku</strong>geza ubwo umucyo wari muri bo wahindutse<br />

umwijima. Mbega u<strong>ku</strong>ntu uwo mwijima wari mwinshi!<br />

Gutsimbarara <strong>ku</strong> mihango y’idini gusa, nyamara abantu bakiberaho nta mwuka wo <strong>ku</strong>baha<br />

Ima<strong>na</strong> ubarangwamo. Banezeza Satani. Ubwo Abayahudi bari bamaze kwanga ubutumwa<br />

bwiza, bakomeje gutsimbarara <strong>ku</strong> mihango yabo ya kera babishishikaye, bakomeza <strong>ku</strong>gundira<br />

imyumvire ko ari ishyanga ryihariye, nyamara bo ubwabo baragombaga <strong>ku</strong>menya ko Ima<strong>na</strong><br />

itakiri hagati muri bo bakabyemera. Ubuhanuzi bwa Daniyeli bwereka<strong>na</strong>ga <strong>ku</strong> buryo<br />

bugaragara igihe cyo <strong>ku</strong>za kwa Mesiya, kandi bwavuze iby’urupfu rwe mbere y’igihe mu<br />

buryo butaziguye <strong>ku</strong> buryo Abayahudi bagwabije gahunda yo <strong>ku</strong>bwiga, kandi amaherezo<br />

abigisha ba<strong>ku</strong>ru bavuga ko umuvumo uzagera <strong>ku</strong> bantu bose bazagerageza gukora imibare<br />

ngo bamenye iby’icyo gihe. Mu binyeja<strong>na</strong> bya<strong>ku</strong>rikiyeho Abisirayeli bagumye mu buhumyi<br />

no kwi<strong>na</strong>ngira, ntibita <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>rarikirwa kwakira agakiza, ntibazirika<strong>na</strong> imigisha y’ubutumwa<br />

bwiza ndetse n’umuburo ukomeye kandi uteye ubwoba waberekaga akaga barimo <strong>ku</strong>bwo<br />

kwanga umucyo mvajuru.<br />

Ahantu hose haboneka impamvu nk’izo, haza<strong>na</strong>boneka ingaruka nk’izo zabayeho.<br />

Umuntu wese wiyemeza <strong>ku</strong> bushake bwe kwanga ibyo umutima umwemeza akwiriye gukora<br />

bitewe n’uko bibangamira ibyo ararikiye, amaherezo azabura ubushobozi bwo gutandukanya<br />

u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma. Ubwenge bucura umwijima, umutima<strong>na</strong>ma ukagwa ikinya, umutima<br />

uki<strong>na</strong>ngira maze ubugingo bwe bugatanduka<strong>na</strong> n’Ima<strong>na</strong>. Aho ubutumwa buvuga iby’u<strong>ku</strong>ri<br />

mvajuru busuzuguwe cyangwa bugapfobywa, itorero rizabundikirwa n’umwijima; kwizera<br />

n’uru<strong>ku</strong>ndo bizakonja kandi <strong>ku</strong>dahuza n’amaca<strong>ku</strong>biri bizaryinjiramo. Abagize itorero<br />

berekeza inyungu n’imbaraga zabo mu gushaka iby’isi kandi abanyabyaha bakarushaho<br />

kwi<strong>na</strong>ngira ntibihane.<br />

Ubutumwa bwa marayika wa mbere bwo mu Byahishuwe 14, buvuga iby’igihe cy’Ima<strong>na</strong><br />

cyo guca urubanza kandi bukaba burarikira abantu gutinya Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>yiha i<strong>ku</strong>zo,<br />

bwatangiwe <strong>ku</strong>gira ngo butandukanye abavuga ko ari ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> n’ibyangiza by’isi<br />

ndetse no <strong>ku</strong>bakangura ngo babone imiterere yabo nya<strong>ku</strong>ri yo gutwarwa n’iby’isi no gusubira<br />

inyuma. Ima<strong>na</strong> yoherereje itorero ubutumwa bw’imbuzi ibunyujije muri ubu butumwa kandi<br />

iyo bwemerwa bwajyaga gukosora ibibi byatumaga abagize itorero batanduka<strong>na</strong> <strong>na</strong> Yo. Iyo<br />

bakira ubutumwa mvajuru, bagacisha bugufi imitima yabo imbere y’Uwiteka kandi<br />

bagashaka kwitegura <strong>ku</strong>zagaragara imbere y’Umukiza babi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima, imbaraga<br />

y’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> Mwuka wayo biba byaragaragariye muri bo. <strong>Itorero</strong> riba ryarageze <strong>ku</strong>ri wa<br />

277

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!