07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 21 – Umuburo Wirengagijwe<br />

Ubwo William Miller <strong>na</strong> bagenzi be bamamazaga inyigisho yo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo,<br />

bakoraga bafite umugambi umwe ru<strong>ku</strong>mbi wo gukangurira abantu kwitegura urubanza.<br />

Bashakaga uko bakangura abiyita abanyadini ngo bamenye ibyiringiro nya<strong>ku</strong>ri by’itorero, no<br />

<strong>ku</strong>bumvisha ko bakeneye imibereho ya Gikristo ihamye. Na none kandi bakoraga bakangura<br />

abatarahindutse <strong>ku</strong>gira ngo bamenye inshingano yabo yihutirwa yo kwiha<strong>na</strong> no guhindukirira<br />

Ima<strong>na</strong>. “Ntibigeze bagerageza guhindurira abantu <strong>ku</strong>yoboka igice ru<strong>na</strong>ka cyangwa itsinda mu<br />

by’idini. Ni yo mpamvu bakoranye neza n’amatsinda ndetse n’amadini yose batabangamiye<br />

imikorere <strong>na</strong> gahunda byayo.”<br />

Miller yaravuze ati: “Mu mirimo yanjye yose, sinigeze ngira icyifuzo cyangwa igitekerezo<br />

cyo gushinga itorero ngo nditandukanye n’ayariho, cyangwa ngo ngirire neza rimwe maze<br />

irindi ribangamirwe. Natekerezaga <strong>ku</strong>yungura yose. Kubera gutekereza ko Abakristo bose<br />

bari <strong>ku</strong>nezezwa cyane no gutegereza <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo, kandi ko abatazashobora<br />

<strong>ku</strong>byumva nka njye nibamara kwigishwa iryo hame <strong>na</strong>bo batazabura <strong>ku</strong>bi<strong>ku</strong>nda, ntabwo<br />

nigeze ntekereza ko bizaba ngombwa <strong>ku</strong>gira amateraniro yihariye. Umugambi wanjye<br />

ru<strong>ku</strong>mbi wari uwo guhindurira abantu <strong>ku</strong>yoboka Ima<strong>na</strong>, <strong>ku</strong>burira isi ko igihe cy’urubanza<br />

cyegereje no gutera bene wacu <strong>ku</strong>gira kwitegura mu mitima bizababashisha gusanganira<br />

Ima<strong>na</strong> yabo mu mahoro. Benshi mu bantu bashoboye kwiha<strong>na</strong> <strong>ku</strong>bw’umurimo <strong>na</strong>koze binjiye<br />

mu matorero yariho.” 498<br />

Kubera ko umurimo we werekezaga <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>baka no gukomeza amatorero, yakiriwe neza<br />

mu gihe ru<strong>na</strong>ka. Ariko igihe ababwirizabutumwa n’abayobozi b’amatorero bafataga<br />

umwanzuro wo <strong>ku</strong>rwanya inyigisho ivuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo kandi bagashaka<br />

guhagarika ikangara<strong>na</strong> ritejwe <strong>na</strong> zo, ntibarwanirije izo nyigisho <strong>ku</strong> ruhimbi gusa, ahubwo<br />

ba<strong>na</strong>bujije abayoboke babo <strong>ku</strong>jya mu materaniro avuga ibyo <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo ndetse no<br />

<strong>ku</strong>vuga<strong>na</strong> iby’ibyiringiro byabo mu materaniro y’ubusabane mu matorero. Bityo abizera<br />

bisanze bari mu kigeragezo gikomeye cyane kandi bagira imitima ihagaze. Ba<strong>ku</strong>ndaga<br />

amatorero yabo kandi byari bibagoye kwitandukanya <strong>na</strong>yo; ariko ubwo babo<strong>na</strong>ga ubuhamya<br />

bw’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> busiribangwa kandi uburenganzira bwabo bwo gusoma ubuhanuzi<br />

bubangamiwe, bumvise ko <strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> bibabuza <strong>ku</strong>mvira abayobozi babo.<br />

Ntabwo abantu birengagizaga ubuhamya bw’ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bashoboraga <strong>ku</strong>bafata ko<br />

bagize itorero rya Kristo, ryo “nkingi n’ishingiro ry’u<strong>ku</strong>ri.” Kuva ubwo, bumvise ko nta kibi<br />

baba bakoze mu gihe bitandukanyije n’amatorero bari basanzwemo. Mu mpeshyi yo mu<br />

mwaka wa 1844, hafi abantu bagera <strong>ku</strong> bihumbi mirongo itanu bitandukanyije n’amatorero<br />

yabo.<br />

Bijya gushyira icyo gihe, habonekaga impinduka igaragara mu matorero menshi yo muri<br />

<strong>Leta</strong> zunze Ubumwe za Amerika. Kuva mu myaka myinshi hari haragiye habaho ukwiga<strong>na</strong><br />

imigenzereze n’imigenzo by’ab’isi kwiyongeraga buhoro buhoro ariko mu buryo buhamye,<br />

275

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!