07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abamarayika b’Ima<strong>na</strong> ba<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>ga umusaruro wavaga muri ubwo butumwa bw’imbuzi<br />

babyitayeho. Ubwo muri rusange amatorero yangaga ubwo butumwa, abamarayika<br />

bisubiriragayo bababaye. Nyamara, hari hakiriho abantu benshi bari batarashungurwa <strong>ku</strong><br />

byerekeye u<strong>ku</strong>ri ko <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo. Benshi bayobejwe n’abagabo babo cyangwa<br />

abagore babo, ababyeyi babo cyangwa aba<strong>na</strong> babo, maze babemeza ko no gutega amatwi<br />

inyigisho bitaga iz’ubuyobe nk’izo zigishwaga n’Abadiventisiti ari icyaha. Abamarayika<br />

batumwe <strong>ku</strong>rinda abo bantu b’indahemuka, <strong>ku</strong>bera ko undi mucyo wendaga <strong>ku</strong>barasira<br />

uturutse <strong>ku</strong> ntebe y’ubwami y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abari baramaze kwakira ubwo butumwa bari bategereje <strong>ku</strong>za k’Umukiza wabo babifitiye<br />

amatsiko bitavugwa. Igihe bari biteze <strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> cyari bugufi rwose. Begerezaga icyo gihe<br />

bafite ituza ritangaje. Bakomeje <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> umushyikirano uhamye n’Ima<strong>na</strong>, barangamiye<br />

amahoro bari bagiye guhabwa mu ijuru. Nta muntu n’umwe wagize ibyo byiringiro ushobora<br />

kwibagirwa ibihe byiza bitangaje byo gutegereza bagize. Mu gihe cy’ibyumweru bike<br />

byabanzirizaga uwo munsi, ahenshi imirimo ijya<strong>na</strong> n’iby’isi yararetswe. Abizera nya<strong>ku</strong>ri<br />

bagenzuraga igitekerezo cyose n’amarangamutima bibarimo nk’abari <strong>ku</strong> mariri yabo benda<br />

gupfa kandi bagiye gufunga amaso yabo ubutazongera <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ibibera <strong>ku</strong> isi. Ntibyari<br />

ngombwa <strong>ku</strong>dodesha “amakanzu yo <strong>ku</strong>zamuka<strong>na</strong> gusanganira Umukiza;” 497 ariko bose<br />

bumvaga bakeneye igihamya cy’imbere mu mutima kibemeza ko biteguye gusanganira<br />

Umukiza. Amakanzu yabo yera yari ubutungane bw’ubugingo,- imico yejejwemo icyaha<br />

n’amaraso yeza ya Kristo. Abavuga ko ari ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> mbese ntibakwiriye <strong>ku</strong>ba bafite<br />

umwuka nk’uwo w’umutima witanga, bakagira <strong>ku</strong>maramaza nk’uko ndetse no kwizera<br />

<strong>ku</strong>dakebakeba! Iyo bakomeza kwicisha bugufi batyo imbere y’Umukiza wabo kandi<br />

bagakomeza gusuka amasengesho yabo <strong>ku</strong> ntebe y’imbabazi, bajyaga <strong>ku</strong>gira imibereho<br />

irushijeho gu<strong>ku</strong>ngahara <strong>ku</strong>ruta iyo bafite ubu. Hariho gusenga <strong>ku</strong> rugero ruto cyane, kwemera<br />

nya<strong>ku</strong>ri ibyaha byabo <strong>ku</strong> rugero ruto, kandi <strong>ku</strong>tagira ukwizera <strong>ku</strong>zima bisiga benshi batagira<br />

ubuntu butangwa n’Umucunguzi wacu <strong>ku</strong> rugero rusendereye.<br />

Ima<strong>na</strong> yashakaga <strong>ku</strong>gerageza ubwoko bwayo. Ikiganza cyayo cyatwikiriye ikosa bagiraga<br />

mu byerekeye ibihe by’ubuhanuzi. Ntabwo Abadiventisiti bashoboye gutahura iryo kosa,<br />

kandi nta n’ubwo ryashoboye gutahurwa n’intiti zo mu babarwanyaga. Ababarwanyaga<br />

baravuze bati: “Uko mugaragaza ibihe by’ubuhanuzi ni u<strong>ku</strong>ri rwose. Bigaragara ko hari ikintu<br />

gikomeye kigiye <strong>ku</strong>baho; ariko si icyo Miller yavuze; ahubwo ni uguhinduka kw’abatuye isi<br />

aho <strong>ku</strong>ba <strong>ku</strong>garuka kwa Kristo.”<br />

Igihe bari biteze cyarahise nyamara Kristo ntiyaza gucungura ubwoko bwe. Abari<br />

barategereje Umukiza wabo bafite kwizera nya<strong>ku</strong>ri n’uru<strong>ku</strong>ndo rutaryarya, bacitse intege<br />

bikomeye cyane. Ariko kandi imigambi y’Ima<strong>na</strong> yagerwagaho. Ima<strong>na</strong> yageragezaga imitima<br />

y’abavugaga ko bategereje u<strong>ku</strong>za k’Umukiza. Muri bo hari harimo benshi bari baragiye<br />

bakangurwa n’ubwoba gusa nta yindi mpamvu iruta iyo ibibateye. Ibyo bahamyaga ko bizeye<br />

ntibyari byaragize icyo bikora <strong>ku</strong> mitima yabo cyangwa <strong>ku</strong> mibereho yabo. Ubwo ibyo bari<br />

biteze ko bizabaho bitabaga, abo bantu bavuze ko bo batakozwe n’isoni. Bavugaga ko<br />

273

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!